ugjpg07272

Minisiteri y’abakozi ba leta yatanze ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Werurwe 2026 uzaba ari umunsi w’ikiruhuko mu gihugu hose ubwo hazaba hizihizwa umunsi mukuru wa Kisilamu usoza igisibo cy’Ukwezi kwa Ramadhan.

Itangazo rya Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo rimenyesha abakoresha n’abakozi mu nzego za leta n’iz’abikorera ko ku itariki 20 Werurwe 2026 ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Eidil Fitri.

HDwtl1EWgAAXsKe

 

Soma Izindi Nkuru

One Response

  1. Ariko izi Conge nizo Rwose, gusa kubona Prezida agenera Abaturage, naho ibisambo ikamwangiriza izina, nimugera mu Karere ka Rubavu Umurenge wa Rugerero mwagira ngo si mu Rwanda, Asoc nuyu munsi ntawe araha ya ma franga ya bakuze yu kwezi kwa2, usibye ko benshyi yabavanyemo, wazamuka gato mu Kagali ka MUHIRA iyo uhageze ugira ngo si mu Rwanda,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *