HJdk6lWWAAAkvjM

CG Namuhoranye yakiriye Umuyobozi w’Igipolisi cya Seychelles

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe Polisi y’u Rwanda yizihiza urugendo rw’ imyaka 25, Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Seychelles Commissioner Godfra Hermitte, yiboneye imikorere myiza y’abapolisi bo muri Seychelles barangije amasomo y’icyiciro cya 14 ya ba ofisiye bato ndetse n’abasoje amahugurwa azwi nka Advanced Police Special Forces Course, mbere yo kwakirwa na CG Namuhoranye.
HJdk6lDXsAAQMGD
Abo bapolisi kandi bitabiriye imyitozo ihuriweho ya EAPCCO Plus Joint SWAT Training Exercise yabereye mu mu kigo cya Polisi cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba i Mayange.
HJdk6lAXYAEcf8m
Commissioner, Hermitte yanakiriwe na mugenzi we, CG Felix Namuhoranye, mu biganiro byibanze ku gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati y’inzego zombi za Polisi, by’umwihariko mu kongerera ubushobozi abapolisi no gukomeza kunoza umwuga w’izi nzego z’umutekano.
HJdk6lEXcAEKdqL

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *