Umukobwa wicaye ku ifarashi mu ndirimbo nshya ya Davis D

Davis D yakoze indirimbo ihamagarira abakobwa kwicara ku ifarashi ye

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi Icyishaka David wamenyekanye nka Davis D nyuma yo gukora indirimbo bivugwa ko zirimo ibishegu, yasohoye indi ihamagarira abakobwa b’ibyamamare mu Rwanda kwicara ku ifarashi ye.

Umukobwa wicaye ku ifarashi mu ndirimbo nshya ya Davis D
Umukobwa wicaye ku ifarashi mu ndirimbo nshya ya Davis D

Mu iyi ndirimbo Davis D yise ‘Ifarasi’ yakozwe na Producer Nasim Davis, humvikana amagambo agira ati: “Mr Kiboko nkubita kiboko, yicareho yicareho wiyitinya yicareho. Gumaho yicareho ifarasi yicareho”

Muri iyi ndirimbo itangira Davis D ahagararanye n’umukobwa mu busitani amuha urubuto rwa pome, yumvikana kandi aririmba abakobwa b’ibyamamamare mu Rwanda, nkaho agira ati: ”Mimi na Jolly icara, Shaddy na Kate mwicare, Charly na Nina icara ku ifarasi yanjye. Iri na stamina n’ahanyerera ntigwa.”

Uyu muhanzi yaherukaga gushyira hanze indirimbo yise Micro, anafte izindi zirimo nka Dede benshi basemura nk’iziganisha mu bikorwa by’imibonano mpuzabitsina.

Reba indirimbo ” Ifarashi” hano


Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Davis D yakoze indirimbo ihamagarira abakobwa kwicara ku ifarashi ye
    kuki muvuga ibyo abaririmbyi batavuze nimwe muhindura indirimbo zose ibishegu niba uburaya bubuzuye mureke guhimbira abahanzi ibyo bataririmbye

  2. Davis D yakoze indirimbo ihamagarira abakobwa kwicara ku ifarashi ye
    kuki muvuga ibyo abaririmbyi batavuze nimwe muhindura indirimbo zose ibishegu niba uburaya bubuzuye mureke guhimbira abahanzi ibyo bataririmbye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *