Umubyeyi wabyaye afite imyaka 10 muri Nigeria

Nigeria: Umukobwa w’imyaka 10 yibarutse imfura

Sangiza iyi nkuru

Ni kenshi abahanga mu buzima bagiye bagiye bavuga ibitandukanye ku bijyanye n’imyaka nyayo umugore cyangwa umukobwa ashobora gutwita akabyara. Mu mwaka 2019 umukobwa witwa Masenengen w’imyaka 10 yibarutse imfura kuwa 5 Kanama

Umubyeyi wabyaye afite imyaka 10 muri Nigeria
Umubyeyi wabyaye afite imyaka 10 muri Nigeria

Tariki ya 5 Kanama 2019, mu bitaro bya Makundi biherereye mu majyaruguru ya Nigeria niho havuye inkuru idasanzwe ko umukobwa w’imyaka 10 witwa Masenengen yibarutse umwana w’umukowa upima ibiro 2.5.

Akimara kubyara abaganga b’ibitaro bya Makundi bemeje ko ubuzima bw’uyu mubyeyi wari ubaye umwe mu bato babayeho bumeze neza.

Kugeza ubu Masenengen w’imyaka 11 ni we mubyeyi ukiri muto muri Afurika .Icyababaje abanya Nigeria ni uko Masenengen yayobewe uwamuteye inda.

Ushobora kubona Masenengen ukibwira ko ariwe mubyeyi muto ku Isi nyamara siko biri. Tariki 14 Gicurasi 1939 uwitwa Lina Medina Vásquez wo muri Mexico yabyaye umwana ku myaka 7 amezi 7 n’iminsi 17. Ibi byanongeye kuba mu gihugu cy’Ubuhinde aho muri Kamena 1932 uwitwa Madhu yabyaye umwana w’umuhugu ku mwaya ye 6 amezi 7 n’iminsi 27.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *