Abenshi mu batuye Isi mu madini n’amatorero atandukanye, bemera ko Imana ibaho; gusa nanone hakaba igice cy’abantu bamwe na bamwe bazwi nk’aba “atheist” batemera ko ibaho.
Mu batemera ko Imana itabaho, harimo benshi mu byamamare, gusa hari 10 muri bo bazwi tugiye kubagezaho.
1. Natalie Dormer

MSN ivuga ko uyu mugore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza, ku bwe ngo ntiyemera Imana, gusa akaba nta kibazo ashobora kugira cyo kuba yasurwa n’umuzimu akumva uko bimera, nk’uko yigeze kubitangaza.
2. Rafael Nadal

Uyu mukinnyi wa Tennis ukomoka mu gihugu cya Espagne, ku bwe “Birakomeye kuvuga ko atemera Imana”, gusa akaba yifuza kumenya niba koko ibaho.
Yunzemo ati: “Ni ikintu gikomeye cyane kuri njye kwemera ko ibaho.”
3. Helen Mirren

Uyu mukinnyi wa filime atangaza ko yibona nk’umukristu wizera ko Imana itabaho, gusa akaba afata abantu nk’uko yifuza ko abandi bamufata.
4. Brad Pitt

Yigeze gutangaza ko atizera Imana ku kigero cya 20%, ndetse akaba yizera ku kigero cya 80% ko nta kintu kerekeranye na yo kibaho.
5. Angelina Jolie

MSN ivuga ko uyu mugore uzwi cyane muri Hollywood yigeze gutangaza ku bwe bidakenewe ko Imana ibaho.
6. Keira Knightley

Uyu mukinnyi wa Filime yigeze gutebya avuga ko iyo aza kuba atari umuhakanyi w’uko Imana ibaho yari kuba ari umugatulika, hanyuma akava mu byo yivurugutamo byose agasaba imbabazi.
7. Morgan Freeman

Morgan Freeman yigeze kuvuga ko abizera ko Imana ibaho birengagiza ko Isi imaze imyaka ibihumbi bitandatu iremwe.
8. Antonio Banderas

Uyu mukinnyi wa filime yigeze kuvuga ko yemera ko nta kerekeye Imana kibaho, ndetse ko n’abana be batemera Imana.
9. Jodie Foster

Foster yigeze kubazwa niba yemera Imana, asubiza ati: “Ni kuki mwansaba kwemera Imana nyamara nta kumenyetso gifatika cy’uko nshobora kuyibona?”
10. Fernando Alonso

Alonso usanzwe ari umushoferi wa Fomula 1, yigeze kuvuga ko nta mubano afitanye n’Imana ndetse ko atemera ibyo kuba buri wese agira urwandiko rwe.



20 Responses
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Aba Bantu koko urabonako nabo nta rumuri re uwiteka Rubagaragaraho
Arikose Iyo basubiye inyuma bagatekereza bakabona amazu batuyemo babona ashobora kwiyubaka ? Nonese niba ntanzu yakiyubaka ubwayo idafite uwatishyizeho
Aba bagabo nababagore babona barishyizeho no ubwabo (bariremye)?
Nigihe kigihe gusa ubundi bamara gusaza bagenda
bunamye namaso atabona neza namatwi atumva b bakazamenya nezako Imana iriho kandi ariyo yabahanze.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Iriya nayo ni imitwe y’abanyagwa b’abazungu jye ntabwo mbyemera keretse niba buri gihugu kigira IMANA yacyo cg hakaba hariho IMANA ebyiri(iy’abirabura n’iyabazungu.Naho kumbwira ngo dufite IMANA imwe yitwa iya isiraheli nanjye simbyemera ngo yitwa yahwe,yave cg yahve!!? wapi.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Iriya nayo ni imitwe y’abanyagwa b’abazungu jye ntabwo mbyemera keretse niba buri gihugu kigira IMANA yacyo cg hakaba hariho IMANA ebyiri(iy’abirabura n’iyabazungu.Naho kumbwira ngo dufite IMANA imwe yitwa iya isiraheli nanjye simbyemera ngo yitwa yahwe,yave cg yahve!!? wapi.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Ntekerezako impamvu abenshi bqtemera Imana biterwa nabayisobanura bashaka kugaragaza KO iriho bahereye kubitabo(bible na coran)Ibintu nange ntemera Kuko Niba ISi imaze imyaka iruta Kure ibyo bitabo ntakuntu aribyo byayinsobanuraKdi nubundi ntamuntu ukwiye kuyigisha undi Ariko ngewe ndayemera (Le Créateur ; Umuremyi)
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Ntekerezako impamvu abenshi bqtemera Imana biterwa nabayisobanura bashaka kugaragaza KO iriho bahereye kubitabo(bible na coran)Ibintu nange ntemera Kuko Niba ISi imaze imyaka iruta Kure ibyo bitabo ntakuntu aribyo byayinsobanuraKdi nubundi ntamuntu ukwiye kuyigisha undi Ariko ngewe ndayemera (Le Créateur ; Umuremyi)
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Aba Bantu koko urabonako nabo nta rumuri re uwiteka Rubagaragaraho
Arikose Iyo basubiye inyuma bagatekereza bakabona amazu batuyemo babona ashobora kwiyubaka ? Nonese niba ntanzu yakiyubaka ubwayo idafite uwatishyizeho
Aba bagabo nababagore babona barishyizeho no ubwabo (bariremye)?
Nigihe kigihe gusa ubundi bamara gusaza bagenda
bunamye namaso atabona neza namatwi atumva b bakazamenya nezako Imana iriho kandi ariyo yabahanze.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Nange ndi mu batayemera kuko mubushakashatsi nakoze nshingiye kubyo nabwirwaga biyerekeyeho ntakimenyetso nabonye cyuko ibaho. Naho abayemera kibaho namwe mufite icyo mushingiraho nuburenganzira bwanyu.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Nange ndi mu batayemera kuko mubushakashatsi nakoze nshingiye kubyo nabwirwaga biyerekeyeho ntakimenyetso nabonye cyuko ibaho. Naho abayemera kibaho namwe mufite icyo mushingiraho nuburenganzira bwanyu.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Kwemera Imana no Kutayemera ni uburenganzira bwa buri wese.Kimwe n’uko umwe arya Ibijumba,undi ntabirye.Ariko tuge tumenya ko abantu nyamwinshi bemera Imana ariko bagakora ibyo itubuza.Abo ngabo,kimwe n’abatemera Imana,ibafata kimwe.Bose izabahanisha kubima umuzuko uzaba ku munsi wa nyuma.Nukuvuga ko iyo bapfuye biba birangiye batazongera kubaho.Abemera Imana “kandi bakayumvira”,nibo bonyine Imana izahemba ubuzima bw’iteka muli paradizo.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Kwemera Imana no Kutayemera ni uburenganzira bwa buri wese.Kimwe n’uko umwe arya Ibijumba,undi ntabirye.Ariko tuge tumenya ko abantu nyamwinshi bemera Imana ariko bagakora ibyo itubuza.Abo ngabo,kimwe n’abatemera Imana,ibafata kimwe.Bose izabahanisha kubima umuzuko uzaba ku munsi wa nyuma.Nukuvuga ko iyo bapfuye biba birangiye batazongera kubaho.Abemera Imana “kandi bakayumvira”,nibo bonyine Imana izahemba ubuzima bw’iteka muli paradizo.
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Imana iriho. abatayemera bqzahura nayo.
ntabwo Imanq ikeneye na busa services zabantu. kuyimenya ni inyungu zacu ntabwo ari iz’Imana. muri univers, umuntu ni ubusa. yabaho atabaho ntacyo byayihindurho.
uzahagarare muri m 1000 witegereze umuntu wiyemera. azaba qngqnq nqgqshishi. bariyq bqntu rero bikanga qgasiringi ni injiji
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Imana iriho. abatayemera bqzahura nayo.
ntabwo Imanq ikeneye na busa services zabantu. kuyimenya ni inyungu zacu ntabwo ari iz’Imana. muri univers, umuntu ni ubusa. yabaho atabaho ntacyo byayihindurho.
uzahagarare muri m 1000 witegereze umuntu wiyemera. azaba qngqnq nqgqshishi. bariyq bqntu rero bikanga qgasiringi ni injiji
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Philosophiquement iyo umaze kuvuga izina ry ikintu ntugaruka ngo uvugeko kitabaho rero wamaze kuvuga Imana ni uko ibaho!mbe hoho woba uzi ko wabayeho gute?
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Philosophiquement iyo umaze kuvuga izina ry ikintu ntugaruka ngo uvugeko kitabaho rero wamaze kuvuga Imana ni uko ibaho!mbe hoho woba uzi ko wabayeho gute?
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Wabyemera utayemera urukundo rw’Imana ruzaduhoraho, waba uyemera cyangwa utayemera
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Wabyemera utayemera urukundo rw’Imana ruzaduhoraho, waba uyemera cyangwa utayemera
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Imana Iriho ubwomwebwe muracyafite byinshi byokumenya
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Imana Iriho ubwomwebwe muracyafite byinshi byokumenya
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Imana iriho yamyeho izokwamaho
Menya ibyamamare 10 bitemera ko Imana ibaho (Amafoto)
Imana iriho yamyeho izokwamaho