Rubavu: Abari barimo gusambana bagwiriwe n’igorofa

Sangiza iyi nkuru

Amakuru ataremezwa aturuka i Rubavu avuga ko umusore n’umukobwa bari barimo gusambanira muri rimwe mu igorofa ryo mu Mujyi wa Gisenyi, bagwiriwe n’igorofa kubera umutingito.

Umwe mu bahaye amakuru BWIZA avuga ko aba bombi bakomeretse nyuma yo kugwirwa n’inzu ubwo bari baryamanye muri Lodge.

Avuga ko ” Nabonye uwo mukobwa bari kumukura mu nzu bakoresheje ingobyi gusa yari yahiye ku mutwe, bigaragara ko yababaye.”

Aya makuru umunyamakuru wa BTN uri i Rubavu avuga ko na we yabyumvise gusa ngo ntaragera aho byabereye ngo amenye uko byagenze bityo abe yabyemeza.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Rubavu: Abari barimo gusambana bagwiriwe n’igorofa
    nukwihangana kabisa imana ni ibarinde
    ariko se iyo nzu yari imeze gute
    may god protect them
    and bless them

  2. Rubavu: Abari barimo gusambana bagwiriwe n’igorofa
    nukwihangana kabisa imana ni ibarinde
    ariko se iyo nzu yari imeze gute
    may god protect them
    and bless them

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *