Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana

Sangiza iyi nkuru

Hashize iminsi dusoma tukanabona amashusho n’amafoto mu bitangazamakuru binyuranye by’abantu bafatwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus bavuga ko bari gusenga, bamwe bakavuga ko bo badashobora kwandura, abandi ngo barasengera igihugu ngo indwara igende n’ibindi,.. hari n’amashusho amaze iminsi azenguruka ku mbuga nkoranyambaga arimo abana bakiri bato bakagombye kuba bari mu mashuri ariko bayavuyemo biyemeza kugenda batazi iyo bajya ngo ni abagenzi bajya i Siyoni bava mu gihugu cy’irimbukiro, umwe muribo we yivugiye ko n’ubwo bamubona ariko we yapfuye rwose.

N’ubwo ibi ari ibishya biri kugaragara ubu, ariko imigirire nk’iyo si iyanone, ni kenshi hagiye hagaragara amatsinda y’abantu batemera kwivuza, batemera gufata amakarita ndangamuntu, abanga gukora cyangwa gutanga umuganda ,abatemera kujya mu matora cyangwa kwitabira ibikorwa byose bya leta iyo biva bikagera,… Aba iyo baganirijwe basobanura neza nta mususu ibyo bemera bagatanga n’ibitabo bakomoramo ibyo bizera bituma bagira iyo myitwarire bigaragara ko ibangamiye iterambere ryabo bwite bagakwiriye kuba bagira ndetse n’amajyambere y’igihugu muri rusange,

Igitangaje ni uko ibyo iyo bibaye abayobozi b’amadini babarizwamo babihakana, bakavuga ko babananiye cyangwa se ko bumvise nabi inyigisho zayo, ubwo natwe tukabashungera tukabafata nk’aho ari abarwayi bo mu mutwe, tukabifata nk’ibisanzwe ariko dukwiriye kwibaza ibibazo bikurikira, ese ko abafite iyo migirire batahurwa kenshi kuki icyo kibazo gikomeza kugaragara? Ese ubuyobozi bw’amadini bukora iki kugira ngo icyo kibazo kirangire? Ese ubundi koko impamvu yabyo ni iyihe?

Nkuko mbigarukaho kenshi mvuga ko kugira ngo ukemure ikibazo burundu ukwiriye kugikemurira mu mizi, ikibazo gikwiriye kureberwa mu mpamvu yacyo aka yamvugo ya Rudahigwa ati “Aho kwica gitera wakwica ikibimutera.” Nkuko nabivuze haruguru, aba iyo bafashwe batanga ibyihamya (references) by’aho bakomora uko kwemera kubatera iyo migirire rero ikibazo baba bafite gikwiriye gusuzumirwa aho mu nyigisho bahabwa no mubitabo byitwa iby’iyobokamana basoma, hari inyandiko nyinshi zitari Bibiliya ziba mu madini usanga zirimo inyigisho zishobora kuba umusemburo w’imyimitwarire nk’iyo, Inzangano amakimbirane no kudashyira hamwe mu bantu.

Nko mugitabo cyitwa Ubutumwa bwatoranijwe gikoreshwa mu idini y’Abadivantisti ku rupapuro rwa 95 gukomeza harimo icyigisho kivuga ngo, Mbese abakristo bakwiriye kujya mu miryango ikorera mu ibanga.? iyo usomye icyo cyigisho cyose ubona impamvu ya ba bantu tubona banga kujya muma koperative no muyandi matsinda agamije kwiteza imbere kuko bagaragaza ko itsinda umukristu akwiriye kubamo ari iry’abo bafatanya kungurana inama mubyo bita iby’Umwuka, hari aho bagira bati ” Ntabwo itegeko ry’uwiteka rivuga ngo ntimukifatanye n’abatizera mudahwanye ryerekeye gusa ku gushyingiranwa kw’abakristo n’abatizera Imana, ahubwo ryerekeye ku masezerano yose aho amatsinda ayagirana ashyira hamwe mu buryo bwimbitse kandi muriyo hagakenerwa guhuza mu mwuka no mu mikorere.”

Aha birumvikana ko bagaragaza ko gushyingiranwa kw’abo bita ko bizera Imana n’abo bitako batayizera bitemewe, ibi bikaba ari ibice byagabwe n’abanyamadini mu banyarwanda bafite ubumwe bavuga ururimi rumwe umuco umwe kandi bakomoka hamwe, nta gushindikanya, imyumvire nk’iyi ikwiriye kwamaganwa nk’andi macakubiri yose, uru ni urugero rumwe kandi ruto cyane kuko inyandiko ni nyinshi ziri mu madini menshi kandi n’aho bitari nk’inyandiko usanga hari amahame adafite aho yanditse ariko yumvikanyweho abagize ayo madini bagenderaho, kuba ntaho byanditse mu mahame abagenga bagaragariza u rwego rwa leta rushinzwe kureberera no kugenzura amadini nibyo bituma abayobozi b’amadini bihakana ababa bafatiwe muri ibyo bikorwa cyangwa bagaragaweho iyo myumvire.

Gusa si ibyo gusa kuko na Bibiliya ubwayo benshi bavuga ko ariyo bagenderaho gusa, nayo igaragaramo amasomo yabangamira iterambere ry’imibereho n’imibanire by’abagize umuryango mugari, ukumva bamwe mu bayobozi b’amadini baravuga ko ayo masomo yumviswe nabi ariko sibyo, Bibiliya ni ibitabo byanditswe n’abantu batandukanye bafite imyumvire itandukanye, bo mu mico itandukanye bafite impamvu zitandukanye ndetse babyandika no mu bihe bitandukanye, ibi biragaragaza ko bibiliya ubwayo nta bumwe yifitemo nta nubwo ishobora gutanga, buri munsi tubona amadini atandukana buri rimwe rikajya ukwaryo kuko hari ibyo baba batumvikanyeho muri iyo Bibiliya, ubumwe itarema mu bayigisha ntiyaburema mu bayigishwa ubwayo ni umuzi w’amacakubiri.

Rero nta muntu n’umwe ufite ububasha bwo gukosora abandi ayifashishije cyangwa ngo avuge ko bayumva nabi kuko nawe nta gipimo aba afite cy’uko ariwe uyumva neza cyane ko aba atari we wanditse ibiyirimo, kenshi aba avuga ibyo yitekerereje kandi n’abandi baba batekereza, ubundi akaba avuga ibyo yigishijwe n’abandi kandi abo bandi nabo bigisha imyumvire yabo gusa ndetse batigishize bose basoma izo nyandiko,

Ibi ni biraduha umukoro wo gushakira mu mizi nkuko nabigarutseho ikibazo tubona mu baturage b’igihugu ariko abanyamadini bakabitarutsa bavuga ko babyumvise nabi ariko nyamara ibyo biba ari ukwirengera no kurwana ku izina ryabo ngo ritajyaho umugayo, ibitabo abo baturage basoma cyangwa basomerwa bikomeza gucuruzwa no kwigishwa muri rubanda niyo mpamvu ikibazo kitarangira, mu mugambi wo guhangana n’iki kibazo cy’igwingirabitekerezo riterwa n’inyigisho nyobokamana.

Hakwiriye kubaho ubugenzuzi bukoraho hagamijwe kureba ireme ry’inyigisho ziri mu nyandiko n’ahandi zikoreshwa mu madini, kuko ibi dukwiriye kubibonamo ko ari imbogamizi ku iterambere mu mibereho n’imibanire by’abaturage ndetse n’igihugu muri rusange, ubugenzuzi bukwiriye gukorwa hagamijwe ineza y’Abanyarwanda kubungabunga ubumwe bwabo, cyane ko aribwo mbaraga z’igihugu, kuko urashe intekerezo ahamya imyumvire,uhamije imyumvire yica ibinyejana.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV->https://www.youtube.com/channel/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ]

Soma Izindi Nkuru

74 Responses

  1. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Isi ntiriho itagira nyirayo, kandi nawe wandika ibi waravutse usanga isi iriho. hari abayigutanzeho batakiyiriho kandi nawe uzapfa uyisige ariko icyo ukwiriye kumenya nuko hari iri hejuru yibyo byose idapfa kandi itavuguruzwa nibyo yaremye. hatabayeho kwitwaza covid,hari abandi barwanije biblia kandi batabitewe nimpamvu zimwe nizo uvuze, gusa babitewe no kwanga ukuri kuyirimo. Biblia ubwayo siyo soko y’amacakubiri ahubwo kuva satani yamanukira isi hahise habaho antagonisme (ikibi kirwanya icyiza cyigishwa na Biblia.) izo mbaraga ebyiri zitabasha guhuza nizo zihora zihanganye kandi zikorera mu migabane ibiri y’abantu badashobora ghuza,yabaye abantu bari bazi ko hari uwabaremye akabashyira mwisi, bakamenya ko abaruta cyane nkuko ibumba utarihwanya n’umubumbyi , mu byukuri bakamenye ko uwo mutware utwara abatware, n’umwami w’abami atarekera ibiremwa bye mw’isi nta mategeko n’amabwiriza abigenga kandi umunyeyi wese agena uko umuryango we ubaho akawurinda kononekara no kwigana abiyonona. Imana ni umubyeyi,abayumvira n’abana bayo naho abatumvira n’abumubi. ariko umutima wa kamere muntu wanga amategeko y’Imana ndetse ntunayishimira kuko ayobora abantu mu kuri no mu mucyo kandi aho mwene muntu yaramenyereye umwijima n’ibinyoma. ngaho aho urugamba rushingiye ibindi n’inzitwazo. Abagira imyumvire iciriritse nabo ntibabura nyamara ubwenge nabwo ntibwiburira icyibugaragaza. Murakoze

    1. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Aha ntabwo arwanya bibilia ahubwo yo ubwayo irivuguruza

      None ibyo usanzemo waba utagize inyurabwenge ugatakara.aha naguha urugero
      Hari ahanditse ngo uwizera umwana w’umuntu avumwe ede nutizera uwo mwashakanye Kandi murarana umunsi kuwundi harya harya ubwo hagize ikiba ntawamwivugana

      Nutizera nyoko naso bakubyara
      Uzizera nde?

      Send kera ko batarari Bazi gusoma nta Mana bizeraga Kandi ntamacakubiri yigeze abaranga

      Amakubiri yazamywe nabanyamadini

      Ngaho ntiwashingira mubo mudahuje idini kuko bamwe ni abapagani abando ni abakristo

      Ibyo bisekuru mu
      Rwagasabo haraho biri?

      Twe turi abirwanda

      IMANA yacu niyi Rwanda bivuzeko turi Benimana

      Imana ihorana natwe ntabwo dukwiriye kuyishaira mu madini

      1. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
        Ni uko mbese…….
        Better ko wakora comments ku byo wumva
        Ibindi ubyihorere

      2. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
        Ni uko mbese…….
        Better ko wakora comments ku byo wumva
        Ibindi ubyihorere

    2. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Aha ntabwo arwanya bibilia ahubwo yo ubwayo irivuguruza

      None ibyo usanzemo waba utagize inyurabwenge ugatakara.aha naguha urugero
      Hari ahanditse ngo uwizera umwana w’umuntu avumwe ede nutizera uwo mwashakanye Kandi murarana umunsi kuwundi harya harya ubwo hagize ikiba ntawamwivugana

      Nutizera nyoko naso bakubyara
      Uzizera nde?

      Send kera ko batarari Bazi gusoma nta Mana bizeraga Kandi ntamacakubiri yigeze abaranga

      Amakubiri yazamywe nabanyamadini

      Ngaho ntiwashingira mubo mudahuje idini kuko bamwe ni abapagani abando ni abakristo

      Ibyo bisekuru mu
      Rwagasabo haraho biri?

      Twe turi abirwanda

      IMANA yacu niyi Rwanda bivuzeko turi Benimana

      Imana ihorana natwe ntabwo dukwiriye kuyishaira mu madini

    3. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Urakoze cyane Ernest. Nusoma neza izina rye, na we urabona ikibimutera.

    4. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Urakoze cyane Ernest. Nusoma neza izina rye, na we urabona ikibimutera.

  2. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Isi ntiriho itagira nyirayo, kandi nawe wandika ibi waravutse usanga isi iriho. hari abayigutanzeho batakiyiriho kandi nawe uzapfa uyisige ariko icyo ukwiriye kumenya nuko hari iri hejuru yibyo byose idapfa kandi itavuguruzwa nibyo yaremye. hatabayeho kwitwaza covid,hari abandi barwanije biblia kandi batabitewe nimpamvu zimwe nizo uvuze, gusa babitewe no kwanga ukuri kuyirimo. Biblia ubwayo siyo soko y’amacakubiri ahubwo kuva satani yamanukira isi hahise habaho antagonisme (ikibi kirwanya icyiza cyigishwa na Biblia.) izo mbaraga ebyiri zitabasha guhuza nizo zihora zihanganye kandi zikorera mu migabane ibiri y’abantu badashobora ghuza,yabaye abantu bari bazi ko hari uwabaremye akabashyira mwisi, bakamenya ko abaruta cyane nkuko ibumba utarihwanya n’umubumbyi , mu byukuri bakamenye ko uwo mutware utwara abatware, n’umwami w’abami atarekera ibiremwa bye mw’isi nta mategeko n’amabwiriza abigenga kandi umunyeyi wese agena uko umuryango we ubaho akawurinda kononekara no kwigana abiyonona. Imana ni umubyeyi,abayumvira n’abana bayo naho abatumvira n’abumubi. ariko umutima wa kamere muntu wanga amategeko y’Imana ndetse ntunayishimira kuko ayobora abantu mu kuri no mu mucyo kandi aho mwene muntu yaramenyereye umwijima n’ibinyoma. ngaho aho urugamba rushingiye ibindi n’inzitwazo. Abagira imyumvire iciriritse nabo ntibabura nyamara ubwenge nabwo ntibwiburira icyibugaragaza. Murakoze

  3. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Nifuza ko abandika articles bajya bashyiraho nimero zabo bwite tukabahamagara cg tukabandikira bisanzwe!!!!

  4. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Nifuza ko abandika articles bajya bashyiraho nimero zabo bwite tukabahamagara cg tukabandikira bisanzwe!!!!

  5. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Murakoze kumusanzu mutanga wo kubaka igihugu ,amadini nikibi cyinjiye mu banyarwanda ,kirangwa namacakubiri ,ibyo turabizi

    1. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Turimwisi ntiturimwijuru kd nimana yaravuzengo uzabura ubwenge nzamuta. Dufite kwirinda dufite kwizera uwaremye ijuru nisi gusa twese ntitwumva ibintukimwe.bibiria irigisha kd mubyoyigisha hari nibyo yivuguruza. Ijambo ryimana riratubwirango twumvire abatuyobora.kwirinda ningombwa ntizandurengo turigushaka imana nokuyubahisha kuko ituzi kuturusha uko tuyizi:murakoze mugumye kuyoborwa nimana mubyo mukora byose.

    2. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Turimwisi ntiturimwijuru kd nimana yaravuzengo uzabura ubwenge nzamuta. Dufite kwirinda dufite kwizera uwaremye ijuru nisi gusa twese ntitwumva ibintukimwe.bibiria irigisha kd mubyoyigisha hari nibyo yivuguruza. Ijambo ryimana riratubwirango twumvire abatuyobora.kwirinda ningombwa ntizandurengo turigushaka imana nokuyubahisha kuko ituzi kuturusha uko tuyizi:murakoze mugumye kuyoborwa nimana mubyo mukora byose.

  6. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Murakoze kumusanzu mutanga wo kubaka igihugu ,amadini nikibi cyinjiye mu banyarwanda ,kirangwa namacakubiri ,ibyo turabizi

  7. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ngo Bibiliya ubwayo nta bumwe yifitemo?

    Si kera cyane ukabona ko ibwifitemo ndetse ukaba n’umuhamya wabyo…

  8. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ngo Bibiliya ubwayo nta bumwe yifitemo?

    Si kera cyane ukabona ko ibwifitemo ndetse ukaba n’umuhamya wabyo…

  9. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ndumva Ijambo ry’Imana murigabyeho ibitero, utekereze uwo uhanganye nawe ko atari umuntu ahubwo n’Uwiteka uhoraho. Wirinde rero mu magambo yawe.

    1. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Ibyo uvuze ni ukuri, muvandimwe @Sebirikoko. Bareke bakore Imana mu jisho. Bagirango izabarebera!! Gutabarwa k’ ubwoko bw’ Imana kuregereje vuba.

    2. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      Ibyo uvuze ni ukuri, muvandimwe @Sebirikoko. Bareke bakore Imana mu jisho. Bagirango izabarebera!! Gutabarwa k’ ubwoko bw’ Imana kuregereje vuba.

  10. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ndumva Ijambo ry’Imana murigabyeho ibitero, utekereze uwo uhanganye nawe ko atari umuntu ahubwo n’Uwiteka uhoraho. Wirinde rero mu magambo yawe.

  11. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    @MVUKIYEHE Heslon Rubera, iyi propaganda iribasira kandi irabiba urwangano ku ubwoko bw’Imana;intambara utangije ntabwo uyishoje ku bantu ahubwo uyishoje ku Mana ari yo muyobozi wabo, nubwo abo bantu ari bo ibasha kuheraho.
    Ndakumenyesha ko imvugo nk’ izi ari zo zahembereye irwango bita abatutsi inyenzi, i zoka n’ ibindi, bigera aho bakorerwa Genocide twese tuzi uko yaduhekuye.
    Ndagirango nkubwire ko noneho iyi nkundura mutangije ari Genocide irimo itegurwa kw’ isi yose muzayitsindwa, kuko imigambi wayo nta wundi ari uwo kurwanya amategeko y’ Imana; kandi bizasoza mutsinzwe, bavandimwe hamwe n’ umuyobozi wanyu Satani.Abo murimo gutunga urutoki,ni na bo mu gihe gushinja kuba ba nyirabayazana b’ indwara z’ ibyorezo n’ Ibiza byugarije isi, kuko batazemera kugendera kuri murongo w’isi mushaka ko bagemderaho. Turabizi neza ko ibyo byose birimo gukorwa n’ Ubupapa binyuze mu ngabo zayo z’ aba-Jesuits. Nimwihane bigishoboka.

    13 Abo bahuje inama, baha ya nyamaswa imbaraga zabo n’ubutware bwabo.
    14 Bazarwanya Umwana w’Intama, ariko Umwana w’Intama azabanesha, kuko ari we Mutware utwara abatware n’Umwami w’abami, kandi abari hamwe na we bahamagawe batoranijwe bakiranutse na bo bazayinesha.”
    (Ibyahishuwe 17:13;14)

  12. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    @MVUKIYEHE Heslon Rubera, iyi propaganda iribasira kandi irabiba urwangano ku ubwoko bw’Imana;intambara utangije ntabwo uyishoje ku bantu ahubwo uyishoje ku Mana ari yo muyobozi wabo, nubwo abo bantu ari bo ibasha kuheraho.
    Ndakumenyesha ko imvugo nk’ izi ari zo zahembereye irwango bita abatutsi inyenzi, i zoka n’ ibindi, bigera aho bakorerwa Genocide twese tuzi uko yaduhekuye.
    Ndagirango nkubwire ko noneho iyi nkundura mutangije ari Genocide irimo itegurwa kw’ isi yose muzayitsindwa, kuko imigambi wayo nta wundi ari uwo kurwanya amategeko y’ Imana; kandi bizasoza mutsinzwe, bavandimwe hamwe n’ umuyobozi wanyu Satani.Abo murimo gutunga urutoki,ni na bo mu gihe gushinja kuba ba nyirabayazana b’ indwara z’ ibyorezo n’ Ibiza byugarije isi, kuko batazemera kugendera kuri murongo w’isi mushaka ko bagemderaho. Turabizi neza ko ibyo byose birimo gukorwa n’ Ubupapa binyuze mu ngabo zayo z’ aba-Jesuits. Nimwihane bigishoboka.

    13 Abo bahuje inama, baha ya nyamaswa imbaraga zabo n’ubutware bwabo.
    14 Bazarwanya Umwana w’Intama, ariko Umwana w’Intama azabanesha, kuko ari we Mutware utwara abatware n’Umwami w’abami, kandi abari hamwe na we bahamagawe batoranijwe bakiranutse na bo bazayinesha.”
    (Ibyahishuwe 17:13;14)

  13. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Iyo wize nabi BIBILIYA ugira ngo iravuguruzanya, nyamara ntivuguruzanya ahubwo IRUZUZANYA.

    YESAYA 9: 5 “Nuko Umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, Umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, UMWAMI W’AMAHORO”

    Yesu amaze kuvukira mu isi abamarayika bararirimbye bati, LUKA 2:14 “Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi AMAHORO abe mu bo yishimira”

    Yesu amaze gukura, ubwo yabwirizaga asa n’uwavuguruje aya magambo kuko yavuze ngo:
    MATAYO 10: 34 “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana AMAHORO mu isi. SI NAJE KUZANA AMAHORO, AHUBWO NAJE KUZANA INKOTA”

    None ko YESAYA, N’ABAMARAYIKA bose bavugaga ko YESU aje kuzana AMAHORO MU isi, ese YESU YABA YARIHAKANYE IBYAMUHANUWEHO?

    Aha ni ho dukenera UMWUKA W’UBUHANUZI kugira ngo dusobanukirwe,

    Ellen White, INTAMBARA IKOMEYE NTO, P 37

    “Nyamara iyo usobanukiwe neza izo mvugo zombi,
    usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro. Abantu baramutse bemeye kubwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira
    isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni ukunga umuntu n’Imana, bityo akunga n’umuntu na mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa na Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. UBUTUMWA BWIZA BUBIGISHA AMAHAME AGENGA IMIBEREHO ANYURANYE CYANE N’INGESO ZABO N’IBYIFUZO BYABO MAZE BIGATUMA BABURWANYA.Banga ubutungane bushyira ku mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze bigatuma barenganya abababwiriza kugira imibereho igendera ku mabwiriza yabwo y’ukuri kandi atunganye. NI MURI UBWO BURYO UBUTUMWA BWIZA BWISWE INKOTA, KUKO UKURI BWIGISHA KUBYUTSA URWANGO N’AMAKIMBIRANE. ”

    Iyi nkuru ni ukwisubiramo kuziguye kw’icyateje impindura matwara y’ubu Fransa.Muvandimwe,MVUKIYEHE, uwaguha amahirwe ukamenya ugutera inkunga mu bitekerezo nk’ibi wandika,wakwirukanka ukamuhungira kure.Ni umubisha,ni Umwanzi w’abantu n’Imana.Niba bibiliya itabasha kunga abantu,ibitekerezo by’abantu,byaba ari imburamumaro.Ubufaransa bwakoze nk’uko uvuze uku,itoteza bakristo mu bihugu by’Uburayi rishinga intebe aho hantu,abakristo bamaze gushira abandi bahungiye muri Amerika,babuze abo bica,barahindukirana,baricana,Maze papa Agatha naNapoleon aramufunga agwa mu buroko.Uwo ni wo musaruro uboneka aho Bibiliya yigijweyo.Uguha inama ni umunyambaraga,humura urashyigikiwe,arko nakugira inama wa wiyita umunyabwenge we,uhindukiye wazabona ubugingo.Arko niba ukomeje kuba intwaro y’umubi(Satani) courage,komeza uroge abantu,uzagororerwa ibikwiriye umuhate wawe.

  14. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Iyo wize nabi BIBILIYA ugira ngo iravuguruzanya, nyamara ntivuguruzanya ahubwo IRUZUZANYA.

    YESAYA 9: 5 “Nuko Umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, Umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, UMWAMI W’AMAHORO”

    Yesu amaze kuvukira mu isi abamarayika bararirimbye bati, LUKA 2:14 “Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi AMAHORO abe mu bo yishimira”

    Yesu amaze gukura, ubwo yabwirizaga asa n’uwavuguruje aya magambo kuko yavuze ngo:
    MATAYO 10: 34 “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana AMAHORO mu isi. SI NAJE KUZANA AMAHORO, AHUBWO NAJE KUZANA INKOTA”

    None ko YESAYA, N’ABAMARAYIKA bose bavugaga ko YESU aje kuzana AMAHORO MU isi, ese YESU YABA YARIHAKANYE IBYAMUHANUWEHO?

    Aha ni ho dukenera UMWUKA W’UBUHANUZI kugira ngo dusobanukirwe,

    Ellen White, INTAMBARA IKOMEYE NTO, P 37

    “Nyamara iyo usobanukiwe neza izo mvugo zombi,
    usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro. Abantu baramutse bemeye kubwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira
    isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni ukunga umuntu n’Imana, bityo akunga n’umuntu na mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa na Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. UBUTUMWA BWIZA BUBIGISHA AMAHAME AGENGA IMIBEREHO ANYURANYE CYANE N’INGESO ZABO N’IBYIFUZO BYABO MAZE BIGATUMA BABURWANYA.Banga ubutungane bushyira ku mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze bigatuma barenganya abababwiriza kugira imibereho igendera ku mabwiriza yabwo y’ukuri kandi atunganye. NI MURI UBWO BURYO UBUTUMWA BWIZA BWISWE INKOTA, KUKO UKURI BWIGISHA KUBYUTSA URWANGO N’AMAKIMBIRANE. ”

    Iyi nkuru ni ukwisubiramo kuziguye kw’icyateje impindura matwara y’ubu Fransa.Muvandimwe,MVUKIYEHE, uwaguha amahirwe ukamenya ugutera inkunga mu bitekerezo nk’ibi wandika,wakwirukanka ukamuhungira kure.Ni umubisha,ni Umwanzi w’abantu n’Imana.Niba bibiliya itabasha kunga abantu,ibitekerezo by’abantu,byaba ari imburamumaro.Ubufaransa bwakoze nk’uko uvuze uku,itoteza bakristo mu bihugu by’Uburayi rishinga intebe aho hantu,abakristo bamaze gushira abandi bahungiye muri Amerika,babuze abo bica,barahindukirana,baricana,Maze papa Agatha naNapoleon aramufunga agwa mu buroko.Uwo ni wo musaruro uboneka aho Bibiliya yigijweyo.Uguha inama ni umunyambaraga,humura urashyigikiwe,arko nakugira inama wa wiyita umunyabwenge we,uhindukiye wazabona ubugingo.Arko niba ukomeje kuba intwaro y’umubi(Satani) courage,komeza uroge abantu,uzagororerwa ibikwiriye umuhate wawe.

  15. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Iyo wize nabi BIBILIYA ugira ngo iravuguruzanya, nyamara ntivuguruzanya ahubwo IRUZUZANYA.

    YESAYA 9: 5 “Nuko Umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, Umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, UMWAMI W’AMAHORO”

    Yesu amaze kuvukira mu isi abamarayika bararirimbye bati, LUKA 2:14 “Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi AMAHORO abe mu bo yishimira”

    Yesu amaze gukura, ubwo yabwirizaga asa n’uwavuguruje aya magambo kuko yavuze ngo:
    MATAYO 10: 34 “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana AMAHORO mu isi. SI NAJE KUZANA AMAHORO, AHUBWO NAJE KUZANA INKOTA”

    None ko YESAYA, N’ABAMARAYIKA bose bavugaga ko YESU aje kuzana AMAHORO MU isi, ese YESU YABA YARIHAKANYE IBYAMUHANUWEHO?

    Aha ni ho dukenera UMWUKA W’UBUHANUZI kugira ngo dusobanukirwe,

    Ellen White, INTAMBARA IKOMEYE NTO, P 37

    “Nyamara iyo usobanukiwe neza izo mvugo zombi,
    usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro. Abantu baramutse bemeye kubwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira
    isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni ukunga umuntu n’Imana, bityo akunga n’umuntu na mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa na Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. UBUTUMWA BWIZA BUBIGISHA AMAHAME AGENGA IMIBEREHO ANYURANYE CYANE N’INGESO ZABO N’IBYIFUZO BYABO MAZE BIGATUMA BABURWANYA.Banga ubutungane bushyira ku mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze bigatuma barenganya abababwiriza kugira imibereho igendera ku mabwiriza yabwo y’ukuri kandi atunganye. NI MURI UBWO BURYO UBUTUMWA BWIZA BWISWE INKOTA, KUKO UKURI BWIGISHA KUBYUTSA URWANGO N’AMAKIMBIRANE. ”

    Iyi nkuru ni ukwisubiramo kuziguye kw’icyateje impindura matwara y’ubu Fransa.Muvandimwe,MVUKIYEHE, uwaguha amahirwe ukamenya ugutera inkunga mu bitekerezo nk’ibi wandika,wakwirukanka ukamuhungira kure.Ni umubisha,ni Umwanzi w’abantu n’Imana.Niba bibiliya itabasha kunga abantu,ibitekerezo by’abantu,byaba ari imburamumaro.Ubufaransa bwakoze nk’uko uvuze uku,itoteza bakristo mu bihugu by’Uburayi rishinga intebe aho hantu,abakristo bamaze gushira abandi bahungiye muri Amerika,babuze abo bica,barahindukirana,baricana,Maze papa Agatha naNapoleon aramufunga agwa mu buroko.Uwo ni wo musaruro uboneka aho Bibiliya yigijweyo.Uguha inama ni umunyambaraga,humura urashyigikiwe,arko nakugira inama wa wiyita umunyabwenge we,uhindukiye wazabona ubugingo.Arko niba ukomeje kuba intwaro y’umubi(Satani) courage,komeza uroge abantu,uzagororerwa ibikwiriye umuhate wawe.

  16. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Iyo wize nabi BIBILIYA ugira ngo iravuguruzanya, nyamara ntivuguruzanya ahubwo IRUZUZANYA.

    YESAYA 9: 5 “Nuko Umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, Umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, UMWAMI W’AMAHORO”

    Yesu amaze kuvukira mu isi abamarayika bararirimbye bati, LUKA 2:14 “Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi AMAHORO abe mu bo yishimira”

    Yesu amaze gukura, ubwo yabwirizaga asa n’uwavuguruje aya magambo kuko yavuze ngo:
    MATAYO 10: 34 “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana AMAHORO mu isi. SI NAJE KUZANA AMAHORO, AHUBWO NAJE KUZANA INKOTA”

    None ko YESAYA, N’ABAMARAYIKA bose bavugaga ko YESU aje kuzana AMAHORO MU isi, ese YESU YABA YARIHAKANYE IBYAMUHANUWEHO?

    Aha ni ho dukenera UMWUKA W’UBUHANUZI kugira ngo dusobanukirwe,

    Ellen White, INTAMBARA IKOMEYE NTO, P 37

    “Nyamara iyo usobanukiwe neza izo mvugo zombi,
    usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro. Abantu baramutse bemeye kubwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira
    isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni ukunga umuntu n’Imana, bityo akunga n’umuntu na mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa na Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. UBUTUMWA BWIZA BUBIGISHA AMAHAME AGENGA IMIBEREHO ANYURANYE CYANE N’INGESO ZABO N’IBYIFUZO BYABO MAZE BIGATUMA BABURWANYA.Banga ubutungane bushyira ku mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze bigatuma barenganya abababwiriza kugira imibereho igendera ku mabwiriza yabwo y’ukuri kandi atunganye. NI MURI UBWO BURYO UBUTUMWA BWIZA BWISWE INKOTA, KUKO UKURI BWIGISHA KUBYUTSA URWANGO N’AMAKIMBIRANE. ”

    Iyi nkuru ni ukwisubiramo kuziguye kw’icyateje impindura matwara y’ubu Fransa.Muvandimwe,MVUKIYEHE, uwaguha amahirwe ukamenya ugutera inkunga mu bitekerezo nk’ibi wandika,wakwirukanka ukamuhungira kure.Ni umubisha,ni Umwanzi w’abantu n’Imana.Niba bibiliya itabasha kunga abantu,ibitekerezo by’abantu,byaba ari imburamumaro.Ubufaransa bwakoze nk’uko uvuze uku,itoteza bakristo mu bihugu by’Uburayi rishinga intebe aho hantu,abakristo bamaze gushira abandi bahungiye muri Amerika,babuze abo bica,barahindukirana,baricana,Maze papa Agatha naNapoleon aramufunga agwa mu buroko.Uwo ni wo musaruro uboneka aho Bibiliya yigijweyo.Uguha inama ni umunyambaraga,humura urashyigikiwe,arko nakugira inama wa wiyita umunyabwenge we,uhindukiye wazabona ubugingo.Arko niba ukomeje kuba intwaro y’umubi(Satani) courage,komeza uroge abantu,uzagororerwa ibikwiriye umuhate wawe.

  17. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Iyo wize nabi BIBILIYA ugira ngo iravuguruzanya, nyamara ntivuguruzanya ahubwo IRUZUZANYA.

    YESAYA 9: 5 “Nuko Umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, Umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, UMWAMI W’AMAHORO”

    Yesu amaze kuvukira mu isi abamarayika bararirimbye bati, LUKA 2:14 “Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi AMAHORO abe mu bo yishimira”

    Yesu amaze gukura, ubwo yabwirizaga asa n’uwavuguruje aya magambo kuko yavuze ngo:
    MATAYO 10: 34 “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana AMAHORO mu isi. SI NAJE KUZANA AMAHORO, AHUBWO NAJE KUZANA INKOTA”

    None ko YESAYA, N’ABAMARAYIKA bose bavugaga ko YESU aje kuzana AMAHORO MU isi, ese YESU YABA YARIHAKANYE IBYAMUHANUWEHO?

    Aha ni ho dukenera UMWUKA W’UBUHANUZI kugira ngo dusobanukirwe,

    Ellen White, INTAMBARA IKOMEYE NTO, P 37

    “Nyamara iyo usobanukiwe neza izo mvugo zombi,
    usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro. Abantu baramutse bemeye kubwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira
    isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni ukunga umuntu n’Imana, bityo akunga n’umuntu na mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa na Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. UBUTUMWA BWIZA BUBIGISHA AMAHAME AGENGA IMIBEREHO ANYURANYE CYANE N’INGESO ZABO N’IBYIFUZO BYABO MAZE BIGATUMA BABURWANYA.Banga ubutungane bushyira ku mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze bigatuma barenganya abababwiriza kugira imibereho igendera ku mabwiriza yabwo y’ukuri kandi atunganye. NI MURI UBWO BURYO UBUTUMWA BWIZA BWISWE INKOTA, KUKO UKURI BWIGISHA KUBYUTSA URWANGO N’AMAKIMBIRANE. ”

    Iyi nkuru ni ukwisubiramo kuziguye kw’icyateje impindura matwara y’ubu Fransa.Muvandimwe,MVUKIYEHE, uwaguha amahirwe ukamenya ugutera inkunga mu bitekerezo nk’ibi wandika,wakwirukanka ukamuhungira kure.Ni umubisha,ni Umwanzi w’abantu n’Imana.Niba bibiliya itabasha kunga abantu,ibitekerezo by’abantu,byaba ari imburamumaro.Ubufaransa bwakoze nk’uko uvuze uku,itoteza bakristo mu bihugu by’Uburayi rishinga intebe aho hantu,abakristo bamaze gushira abandi bahungiye muri Amerika,babuze abo bica,barahindukirana,baricana,Maze papa Agatha naNapoleon aramufunga agwa mu buroko.Uwo ni wo musaruro uboneka aho Bibiliya yigijweyo.Uguha inama ni umunyambaraga,humura urashyigikiwe,arko nakugira inama wa wiyita umunyabwenge we,uhindukiye wazabona ubugingo.Arko niba ukomeje kuba intwaro y’umubi(Satani) courage,komeza uroge abantu,uzagororerwa ibikwiriye umuhate wawe.

  18. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Iyo wize nabi BIBILIYA ugira ngo iravuguruzanya, nyamara ntivuguruzanya ahubwo IRUZUZANYA.

    YESAYA 9: 5 “Nuko Umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, Umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, UMWAMI W’AMAHORO”

    Yesu amaze kuvukira mu isi abamarayika bararirimbye bati, LUKA 2:14 “Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi AMAHORO abe mu bo yishimira”

    Yesu amaze gukura, ubwo yabwirizaga asa n’uwavuguruje aya magambo kuko yavuze ngo:
    MATAYO 10: 34 “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana AMAHORO mu isi. SI NAJE KUZANA AMAHORO, AHUBWO NAJE KUZANA INKOTA”

    None ko YESAYA, N’ABAMARAYIKA bose bavugaga ko YESU aje kuzana AMAHORO MU isi, ese YESU YABA YARIHAKANYE IBYAMUHANUWEHO?

    Aha ni ho dukenera UMWUKA W’UBUHANUZI kugira ngo dusobanukirwe,

    Ellen White, INTAMBARA IKOMEYE NTO, P 37

    “Nyamara iyo usobanukiwe neza izo mvugo zombi,
    usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro. Abantu baramutse bemeye kubwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira
    isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni ukunga umuntu n’Imana, bityo akunga n’umuntu na mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa na Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. UBUTUMWA BWIZA BUBIGISHA AMAHAME AGENGA IMIBEREHO ANYURANYE CYANE N’INGESO ZABO N’IBYIFUZO BYABO MAZE BIGATUMA BABURWANYA.Banga ubutungane bushyira ku mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze bigatuma barenganya abababwiriza kugira imibereho igendera ku mabwiriza yabwo y’ukuri kandi atunganye. NI MURI UBWO BURYO UBUTUMWA BWIZA BWISWE INKOTA, KUKO UKURI BWIGISHA KUBYUTSA URWANGO N’AMAKIMBIRANE. ”

    Iyi nkuru ni ukwisubiramo kuziguye kw’icyateje impindura matwara y’ubu Fransa.Muvandimwe,MVUKIYEHE, uwaguha amahirwe ukamenya ugutera inkunga mu bitekerezo nk’ibi wandika,wakwirukanka ukamuhungira kure.Ni umubisha,ni Umwanzi w’abantu n’Imana.Niba bibiliya itabasha kunga abantu,ibitekerezo by’abantu,byaba ari imburamumaro.Ubufaransa bwakoze nk’uko uvuze uku,itoteza bakristo mu bihugu by’Uburayi rishinga intebe aho hantu,abakristo bamaze gushira abandi bahungiye muri Amerika,babuze abo bica,barahindukirana,baricana,Maze papa Agatha naNapoleon aramufunga agwa mu buroko.Uwo ni wo musaruro uboneka aho Bibiliya yigijweyo.Uguha inama ni umunyambaraga,humura urashyigikiwe,arko nakugira inama wa wiyita umunyabwenge we,uhindukiye wazabona ubugingo.Arko niba ukomeje kuba intwaro y’umubi(Satani) courage,komeza uroge abantu,uzagororerwa ibikwiriye umuhate wawe.

  19. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Imig 11:18-21
    [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
    [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
    [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
    [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.

    1. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa
      ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye
      urupfu.

      bose barabarara,barahangayika,bararwara kandi bagapfa

      ntatandukaniro rero

    2. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
      [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa
      ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye
      urupfu.

      bose barabarara,barahangayika,bararwara kandi bagapfa

      ntatandukaniro rero

  20. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Imig 11:18-21
    [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
    [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
    [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
    [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.

  21. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Imig 11:18-21
    [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
    [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
    [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
    [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.

  22. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Imig 11:18-21
    [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
    [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
    [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
    [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.

  23. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Imig 11:18-21
    [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
    [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
    [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
    [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.

  24. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Imig 11:18-21
    [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
    [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
    [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
    [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.

  25. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ndatekereza ko ibyo byanditswe haruguru ntabushakashatsi byakirewe bityo rero kudahuza ibitekerezo mubantu birasanzwe ubuse ntimuzi mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge baherutse kurwanira mu nteko? Bible yarihari se? Kuba rero abantu batakumva ibintu kimwe ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ubu se ntimuzi inkubiri nintambara hirya no hino kubera kutumva ibintu kimwe? Ni Bible se? Ahubwo burya Bible yakabahuje. Urugero: “Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)” niba ishaka kwiga rero Soma Bible.

  26. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ndatekereza ko ibyo byanditswe haruguru ntabushakashatsi byakirewe bityo rero kudahuza ibitekerezo mubantu birasanzwe ubuse ntimuzi mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge baherutse kurwanira mu nteko? Bible yarihari se? Kuba rero abantu batakumva ibintu kimwe ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ubu se ntimuzi inkubiri nintambara hirya no hino kubera kutumva ibintu kimwe? Ni Bible se? Ahubwo burya Bible yakabahuje. Urugero: “Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)” niba ishaka kwiga rero Soma Bible.

  27. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)
    mugire umwete wo gukomeresha ubumwe bw’Umwuka umurunga w’amahoro.
    (Abefeso 4:3) Bible rero yigisha kugura ubumwe. Kudahuza rero si Bible, ndatekereza mwibuka mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge bafatanye mumashati bitewe no kumvikana? Kandi Bible ntiyarihari. Ubuse imidugararo nintambara hirya no hino sukutumva ibintu kimwe, ni Bible se? Birasanzwe rero kutumva ibintu kimwe Kandi ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ahubwo niba ishaka kwiga Soma Bible, niba ishaka ubumwe namahoro iga neza Bible.

  28. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)
    mugire umwete wo gukomeresha ubumwe bw’Umwuka umurunga w’amahoro.
    (Abefeso 4:3) Bible rero yigisha kugura ubumwe. Kudahuza rero si Bible, ndatekereza mwibuka mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge bafatanye mumashati bitewe no kumvikana? Kandi Bible ntiyarihari. Ubuse imidugararo nintambara hirya no hino sukutumva ibintu kimwe, ni Bible se? Birasanzwe rero kutumva ibintu kimwe Kandi ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ahubwo niba ishaka kwiga Soma Bible, niba ishaka ubumwe namahoro iga neza Bible.

  29. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)
    mugire umwete wo gukomeresha ubumwe bw’Umwuka umurunga w’amahoro.
    (Abefeso 4:3) Bible rero yigisha kugura ubumwe. Kudahuza rero si Bible, ndatekereza mwibuka mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge bafatanye mumashati bitewe no kumvikana? Kandi Bible ntiyarihari. Ubuse imidugararo nintambara hirya no hino sukutumva ibintu kimwe, ni Bible se? Birasanzwe rero kutumva ibintu kimwe Kandi ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ahubwo niba ishaka kwiga Soma Bible, niba ishaka ubumwe namahoro iga neza Bible.

  30. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)
    mugire umwete wo gukomeresha ubumwe bw’Umwuka umurunga w’amahoro.
    (Abefeso 4:3) Bible rero yigisha kugura ubumwe. Kudahuza rero si Bible, ndatekereza mwibuka mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge bafatanye mumashati bitewe no kumvikana? Kandi Bible ntiyarihari. Ubuse imidugararo nintambara hirya no hino sukutumva ibintu kimwe, ni Bible se? Birasanzwe rero kutumva ibintu kimwe Kandi ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ahubwo niba ishaka kwiga Soma Bible, niba ishaka ubumwe namahoro iga neza Bible.

  31. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)
    mugire umwete wo gukomeresha ubumwe bw’Umwuka umurunga w’amahoro.
    (Abefeso 4:3) Bible rero yigisha kugura ubumwe. Kudahuza rero si Bible, ndatekereza mwibuka mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge bafatanye mumashati bitewe no kumvikana? Kandi Bible ntiyarihari. Ubuse imidugararo nintambara hirya no hino sukutumva ibintu kimwe, ni Bible se? Birasanzwe rero kutumva ibintu kimwe Kandi ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ahubwo niba ishaka kwiga Soma Bible, niba ishaka ubumwe namahoro iga neza Bible.

  32. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ibyanditswe kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe ibyiringiro.
    (Abaroma 15:4)
    mugire umwete wo gukomeresha ubumwe bw’Umwuka umurunga w’amahoro.
    (Abefeso 4:3) Bible rero yigisha kugura ubumwe. Kudahuza rero si Bible, ndatekereza mwibuka mugihugu kimwe aho abantu babanyabwenge bafatanye mumashati bitewe no kumvikana? Kandi Bible ntiyarihari. Ubuse imidugararo nintambara hirya no hino sukutumva ibintu kimwe, ni Bible se? Birasanzwe rero kutumva ibintu kimwe Kandi ntibivuze ko inkomoko ari Bible. Ahubwo niba ishaka kwiga Soma Bible, niba ishaka ubumwe namahoro iga neza Bible.

  33. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ndabasuhuje,
    Kandi ndabashimiye ubushake mufite bwo kubaka igihugu Imana ibibahere umugisha.

    Ariko rero muvandimwe, nukuri ukuri ntigutsindwa igihe cyose.
    Wagize neza kwerekana ko nawe utanze ibitekerezo byawe. Nyamara Imana yashatse kuba umuyobozi wacu kuva yaturema, nonese niba nyuma yuko sekibi aciwe mu ijuru yaramanutse yigamba ko atsindiye isi ariwe mutegeka wayo, kandi uwayirenye akihibereye nta nubutware yayimuhayemo,ubundi urumva aho ubwaho ntakibazo gihari?

    Ahubwo twakabaye twibaza ukuntu n’impamvu uwaremye atariwe ufite umwanya ihagije kuburyo ikibi gikomeza guhabwa intebe muri society yabantu kabone na society nyarwanda!!!

    Naho mbere yo ku judging bible uzabanze uyige.
    Iyaba ibiri kubera mu isi atariyo yabivuze cyeraaaaaa yakabaye yaraje kudutandukanya. Ariko niba umuntu aguhaye message yo kwitondera wagera imbere ukabona ibimenyetso byibyo yakubwiyeko ugomba kwitondera uzanga kubyitaho nuzabyitaho ufite ikibazo ninde?

    Ibaze uwanze kubyitaho atangiye kubona mo ikibazo uwabyitayeho kandi barabiherewe hamwe!!!!! Amazing

  34. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ndabasuhuje,
    Kandi ndabashimiye ubushake mufite bwo kubaka igihugu Imana ibibahere umugisha.

    Ariko rero muvandimwe, nukuri ukuri ntigutsindwa igihe cyose.
    Wagize neza kwerekana ko nawe utanze ibitekerezo byawe. Nyamara Imana yashatse kuba umuyobozi wacu kuva yaturema, nonese niba nyuma yuko sekibi aciwe mu ijuru yaramanutse yigamba ko atsindiye isi ariwe mutegeka wayo, kandi uwayirenye akihibereye nta nubutware yayimuhayemo,ubundi urumva aho ubwaho ntakibazo gihari?

    Ahubwo twakabaye twibaza ukuntu n’impamvu uwaremye atariwe ufite umwanya ihagije kuburyo ikibi gikomeza guhabwa intebe muri society yabantu kabone na society nyarwanda!!!

    Naho mbere yo ku judging bible uzabanze uyige.
    Iyaba ibiri kubera mu isi atariyo yabivuze cyeraaaaaa yakabaye yaraje kudutandukanya. Ariko niba umuntu aguhaye message yo kwitondera wagera imbere ukabona ibimenyetso byibyo yakubwiyeko ugomba kwitondera uzanga kubyitaho nuzabyitaho ufite ikibazo ninde?

    Ibaze uwanze kubyitaho atangiye kubona mo ikibazo uwabyitayeho kandi barabiherewe hamwe!!!!! Amazing

  35. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Bibilia, ntizana amacakubiri ahubwo irayarwanya. Kumvira Bibilia byarinda abanyarwanda kuko n’amategeko mboneza mubano yukuri ashingira kuri Bibilia. Urugero :bibilia iti”ntukibe
    Ubwo twibera nini amahoro ataza?
    Ntugasambane :gufata ku nguvu, gutera inda abakuru n’abato, umwuga w’uburaya, gutana inyuma no guharika tubikore maze urwanda ruzaba paradiso, niyo vision wifuza?
    Ntukice:ubwo twicane maze bicemo?

    Ntugashinje ibinyoma mu genzi wawe:tugire amanyanga n’uburyarya niho igihugu kizatekana?

    Ibahe so na nyoko :tubasuzugure maze nibwo igihugu cyaba kiza?,….
    Ibi ninde wabihitamo
    Kugendera Kuri bi biriya ni nzima YouTube itera amahoro ntabibilia isi yahinduka ikibi mutigeze kubona.

    Yikunde uyemere neza aho udasobanukiwe baza naho kuyirwanya nibyo utekereza byose nt’ibyiza byahera burundu.

  36. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Bibilia, ntizana amacakubiri ahubwo irayarwanya. Kumvira Bibilia byarinda abanyarwanda kuko n’amategeko mboneza mubano yukuri ashingira kuri Bibilia. Urugero :bibilia iti”ntukibe
    Ubwo twibera nini amahoro ataza?
    Ntugasambane :gufata ku nguvu, gutera inda abakuru n’abato, umwuga w’uburaya, gutana inyuma no guharika tubikore maze urwanda ruzaba paradiso, niyo vision wifuza?
    Ntukice:ubwo twicane maze bicemo?

    Ntugashinje ibinyoma mu genzi wawe:tugire amanyanga n’uburyarya niho igihugu kizatekana?

    Ibahe so na nyoko :tubasuzugure maze nibwo igihugu cyaba kiza?,….
    Ibi ninde wabihitamo
    Kugendera Kuri bi biriya ni nzima YouTube itera amahoro ntabibilia isi yahinduka ikibi mutigeze kubona.

    Yikunde uyemere neza aho udasobanukiwe baza naho kuyirwanya nibyo utekereza byose nt’ibyiza byahera burundu.

  37. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.

  38. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.

  39. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.

  40. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.

  41. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Kumva ko isi yajya kumurongo yifuzwaho aruko ibitabo bimwe nabimwe biciwe icyo ni ikimenyetso cyo gukora kwasatani mumitima yabakozi be. 16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka
    17 kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.
    (2 Timoteyo 3:16;17)
    Niba mubonako bibiriya yigisha gukora nabi icyo ni ikimenyetso cyuko Satani ari wowe yihanzemo nkuko yakoresheje inzoka mugushuka Eva.

  42. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Kumva ko isi yajya kumurongo yifuzwaho aruko ibitabo bimwe nabimwe biciwe icyo ni ikimenyetso cyo gukora kwasatani mumitima yabakozi be. 16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka
    17 kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.
    (2 Timoteyo 3:16;17)
    Niba mubonako bibiriya yigisha gukora nabi icyo ni ikimenyetso cyuko Satani ari wowe yihanzemo nkuko yakoresheje inzoka mugushuka Eva.

  43. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Igihe cyo gukora kw’Imana kiraje ndetse kiri hafi cyane! Ibi byose birerekana urugamba rusatiriye abayoborwa n’ukuri kwa Bibiliya nk’uko kuri . Ubyange cq ubyemere Hari urugamba hagati y’amategeko y’Imana n’amategeko y’abantu ariko icyiza ni ukumvira Imana kuruta kumvira abantu! Mwitonde Imana si umuntu ngo muyirwanye!

  44. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Igihe cyo gukora kw’Imana kiraje ndetse kiri hafi cyane! Ibi byose birerekana urugamba rusatiriye abayoborwa n’ukuri kwa Bibiliya nk’uko kuri . Ubyange cq ubyemere Hari urugamba hagati y’amategeko y’Imana n’amategeko y’abantu ariko icyiza ni ukumvira Imana kuruta kumvira abantu! Mwitonde Imana si umuntu ngo muyirwanye!

  45. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mbega inkuru yuzuyemo kurwanya Imana! Buriya wakwibasira abakristo bigakunda uretse ko nabo Imana yahamije ko ubakozejo aba akoze ku mboni y’ijisho ryayo. Ariko niba bigeze kwibasira Bibiliya icyo gitero umuvandimwe akigabye kuri Yo.iyi nkuru nta kunga abanyarwanda kurimo ahubwo yuzuyemo amacakubiri ashingiye ku madini. Niba utumva ibintu ntibikuraho ko Ari ukuri, Kandi buriya abo yise ko bafite igwingirabitekerezo yakwisuzuma nawe akirebaho Wenda hari icyo abarusha. Mbega umunyamakuru ukeneye Yesu! Ndamusabira Yesu Kristo amugenderere. Amina

  46. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mbega inkuru yuzuyemo kurwanya Imana! Buriya wakwibasira abakristo bigakunda uretse ko nabo Imana yahamije ko ubakozejo aba akoze ku mboni y’ijisho ryayo. Ariko niba bigeze kwibasira Bibiliya icyo gitero umuvandimwe akigabye kuri Yo.iyi nkuru nta kunga abanyarwanda kurimo ahubwo yuzuyemo amacakubiri ashingiye ku madini. Niba utumva ibintu ntibikuraho ko Ari ukuri, Kandi buriya abo yise ko bafite igwingirabitekerezo yakwisuzuma nawe akirebaho Wenda hari icyo abarusha. Mbega umunyamakuru ukeneye Yesu! Ndamusabira Yesu Kristo amugenderere. Amina

  47. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    ibintu wabanje kuvuga birumvikana ariko banza Urebe mbere Yukon amadini azamurwanda Rebe iterambere ryaririhari Urebe nanyuma amaze kiza uko iterambere ryahise ryihuta kandi ahagaritse ibikorwabyamatorero u Rwanda rwahinduka umwijima turabafatanyabikorwa nareta Reba amashuri yose (yabagaturika)(abadivantiste)abaprotestant abapaticost urunvako utabisenya ngoreta yiyubakire Reta waba uyongereye akazi?

  48. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    ibintu wabanje kuvuga birumvikana ariko banza Urebe mbere Yukon amadini azamurwanda Rebe iterambere ryaririhari Urebe nanyuma amaze kiza uko iterambere ryahise ryihuta kandi ahagaritse ibikorwabyamatorero u Rwanda rwahinduka umwijima turabafatanyabikorwa nareta Reba amashuri yose (yabagaturika)(abadivantiste)abaprotestant abapaticost urunvako utabisenya ngoreta yiyubakire Reta waba uyongereye akazi?

  49. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Muvandimwe, ikibazo si Bibiliya n’ibindi bitabo, ikibazo ni icyaha cyaritse mu mutima wanjye n’uwawe bishobora gutuma amaso yacu areba ibiri hafi kandi twibwira ko dufite ubwenge n’ubushishozi bwinshi, kandi Imbere y’Imana tutabona, kwambaye ubusa,ndetse turi abatindi bo kubabarirwa (Ibyah.3:14-21).

    Ntidukwiriye kwibasira Bibiliya n’Ibyera kuko ‘byadukomera gutera imigeri ku mihunda'(Ibyak.26:14), Kuko ‘ntacyo dushobora gukora ngo turwanye ukuri ,keretse kukurwanira'(2Timoteyo13:8).

    Reka tuzirikane ko ‘Kubaha Uwiteka aribyo shingiro ry’ubwenge nyakuri kandi kumenya Uwera nibyo buhanga'(Imigani9:10).

    Rero, inama nziza kuri buri wese ni iyi: “We kwishingikiriza ku buhanga bwawe” (Imigani3:5), kandi ibyo ab’isi bita ‘ubupfu’ bw’ibibwiriza nibyo Imana yahisemo kubakirisha ngo batarimbuka bibeshya ko basobanutse (1Korinto1:21).

    Nimureke twe gushukwa n’ubucurabwenge bw’isi kuko tugirwa inama igira iti “….ujye urinda icyo wagabiwe uzibukire amagambo adakwiriye kandi atagira umumaro, n’ingirwabwenge zirwanya iby’iby’Imana.”(1Timoteyo6:20)

    Muvandimwe kandi bavandimwe,ubwenge bwacu bwakemura iby’ubuzima bwa none ariko ntibwatanga imibereho y’ahazaza nyuma y’ubuzima bwo ku isi, bityo rero ubwenge bwacu bukwiriye kumurikirwa n’Imana kugirango dutegure n’ahazaza ha nyuma y’urupfu rw’umubiri.”Iyo baba abanyabwenge bari kwita ku iherezo ryabo”(Gutegeka 32:29).Nimureke he kugira ushukwa n’ubwenge bw’umubiri ngo asuzugure Imana, ibyayo, n’abayo bitazasoza asanze yaribeshye kandi atakibashije kubigarura inyuma.Ahubwo tumwiyegurire azahindura n’iyi mitindi y’imitekerereze yacu yo hasi irwanya ibyera.

    Uwiteka abagirire neza cyane.

  50. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Muvandimwe, ikibazo si Bibiliya n’ibindi bitabo, ikibazo ni icyaha cyaritse mu mutima wanjye n’uwawe bishobora gutuma amaso yacu areba ibiri hafi kandi twibwira ko dufite ubwenge n’ubushishozi bwinshi, kandi Imbere y’Imana tutabona, kwambaye ubusa,ndetse turi abatindi bo kubabarirwa (Ibyah.3:14-21).

    Ntidukwiriye kwibasira Bibiliya n’Ibyera kuko ‘byadukomera gutera imigeri ku mihunda'(Ibyak.26:14), Kuko ‘ntacyo dushobora gukora ngo turwanye ukuri ,keretse kukurwanira'(2Timoteyo13:8).

    Reka tuzirikane ko ‘Kubaha Uwiteka aribyo shingiro ry’ubwenge nyakuri kandi kumenya Uwera nibyo buhanga'(Imigani9:10).

    Rero, inama nziza kuri buri wese ni iyi: “We kwishingikiriza ku buhanga bwawe” (Imigani3:5), kandi ibyo ab’isi bita ‘ubupfu’ bw’ibibwiriza nibyo Imana yahisemo kubakirisha ngo batarimbuka bibeshya ko basobanutse (1Korinto1:21).

    Nimureke twe gushukwa n’ubucurabwenge bw’isi kuko tugirwa inama igira iti “….ujye urinda icyo wagabiwe uzibukire amagambo adakwiriye kandi atagira umumaro, n’ingirwabwenge zirwanya iby’iby’Imana.”(1Timoteyo6:20)

    Muvandimwe kandi bavandimwe,ubwenge bwacu bwakemura iby’ubuzima bwa none ariko ntibwatanga imibereho y’ahazaza nyuma y’ubuzima bwo ku isi, bityo rero ubwenge bwacu bukwiriye kumurikirwa n’Imana kugirango dutegure n’ahazaza ha nyuma y’urupfu rw’umubiri.”Iyo baba abanyabwenge bari kwita ku iherezo ryabo”(Gutegeka 32:29).Nimureke he kugira ushukwa n’ubwenge bw’umubiri ngo asuzugure Imana, ibyayo, n’abayo bitazasoza asanze yaribeshye kandi atakibashije kubigarura inyuma.Ahubwo tumwiyegurire azahindura n’iyi mitindi y’imitekerereze yacu yo hasi irwanya ibyera.

    Uwiteka abagirire neza cyane.

  51. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati “Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa”. Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:” Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike”. Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).

  52. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati “Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa”. Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:” Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike”. Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).

  53. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati “Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa”. Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:” Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike”. Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).

  54. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati “Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa”. Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:” Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike”. Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).

  55. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati “Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa”. Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:” Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike”. Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).

  56. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati “Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa”. Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:” Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike”. Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).

  57. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Murakoze cyane ku bw’ibitekerezo byanyu byerekana ko wowe utagwingiye. Ndabona warize ukaminuza pe gusa uziko uzi kandi ntacyo uzi.
    Ubu busesenguzi bwawe bufite ubusembwa kuko nta reference n’imwe werekana aho Bibiliya yivuguruza kandi ariyo uri kurwanya ahubwo uri
    kuzitanga ku bindi bitabo. Icya nyuma nuko ibyo ushaka kuburanya bikuruta kure, usibye no kuba ufite ubwenge buke ndagira ngo nkubwire ko
    abakubanjirije kera bagerageje kurwanya iyo mutangiye nka bamwe duhora tubona ariko nkuko mugenzi wanjye yabivuze “‘Ukuri guhorana intsinzi”‘
    Guca mu ziko ntigushya, Byatinda yego ariko nyuma intsinzi ikaboneka. Ubundi uwizera akumvira Imana by’úkuri amenya aho ifatizo ryo kuzuzanya
    kw’ibyo byanditswe riri kuko nkuko ukuri kwanyujijwe mu banditsi batandukanye ni nako kwerekanwa mu ngeri zitandukanye zikugize.
    Ibi wita ibyanditswe n’abantu ni koko byanditswe nabo ariko bihumeketswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose. (2Tim 3:16-17)

  58. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Murakoze cyane ku bw’ibitekerezo byanyu byerekana ko wowe utagwingiye. Ndabona warize ukaminuza pe gusa uziko uzi kandi ntacyo uzi.
    Ubu busesenguzi bwawe bufite ubusembwa kuko nta reference n’imwe werekana aho Bibiliya yivuguruza kandi ariyo uri kurwanya ahubwo uri
    kuzitanga ku bindi bitabo. Icya nyuma nuko ibyo ushaka kuburanya bikuruta kure, usibye no kuba ufite ubwenge buke ndagira ngo nkubwire ko
    abakubanjirije kera bagerageje kurwanya iyo mutangiye nka bamwe duhora tubona ariko nkuko mugenzi wanjye yabivuze “‘Ukuri guhorana intsinzi”‘
    Guca mu ziko ntigushya, Byatinda yego ariko nyuma intsinzi ikaboneka. Ubundi uwizera akumvira Imana by’úkuri amenya aho ifatizo ryo kuzuzanya
    kw’ibyo byanditswe riri kuko nkuko ukuri kwanyujijwe mu banditsi batandukanye ni nako kwerekanwa mu ngeri zitandukanye zikugize.
    Ibi wita ibyanditswe n’abantu ni koko byanditswe nabo ariko bihumeketswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose. (2Tim 3:16-17)

  59. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Nimushaka kumenya ubugambanyi bwihishe mwivugabutumwa mvamahanga muzakurikirane imvugo “The flag followed the cross” (Ibendera ryakurikiye umusaraba) Irivugabutumwa ryatumye abanyafrica dutakaza indangagaciro nyishi ziranga abakristo kuko zihishemo inyungu zabarizanye kurusha kutubwira Imana.

    Ease kuki duhinduka abakrosto aruko duhawe izina ryiwabo?
    Kuki ntaho wabona satan mwishusho yumuzungu? Haribyinshi umuntu yibaza, nawe wakwibaza!!

  60. Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
    Nimushaka kumenya ubugambanyi bwihishe mwivugabutumwa mvamahanga muzakurikirane imvugo “The flag followed the cross” (Ibendera ryakurikiye umusaraba) Irivugabutumwa ryatumye abanyafrica dutakaza indangagaciro nyishi ziranga abakristo kuko zihishemo inyungu zabarizanye kurusha kutubwira Imana.

    Ease kuki duhinduka abakrosto aruko duhawe izina ryiwabo?
    Kuki ntaho wabona satan mwishusho yumuzungu? Haribyinshi umuntu yibaza, nawe wakwibaza!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *