Messi yakiriwe n’abarimo Ramos na Neymar mu myitozo ya mbere muri PSG (Amafoto)

fb_img_16287871710172863.jpg

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu Lionel Messi yakiriwe na bagenzi be ba Paris Saint-Germain, ubwo yitabiraga imyitozo ya mbere y’iyi kipe. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo Messi ufatwa nk’umukinnyi wa ruhago wa mbere ku Isi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri PSG, nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yo muri Espagne yari […]

Abashyigikiye IS bavuze ku Rwanda kubera ibitero RDF ikomeje kuyigabaho

Abashyigikiye umutwe wiyita uwa Leta ya Kiyisilamu (Islamic State), bibasiye u Rwanda nyuma y’ibikorwa byo guhashya uriya mutwe ingabo zarwo zimazemo ukwezi kurenga mu majyaruguru ya Mozambique. Ni ibikubiye mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo Islamic State iherutse kuvuga yamagana u Rwanda. Uyu mutwe uherutse gutunga agatoki […]

Covid-19 yagaragaje icyuho cy’Ikoranabuhanga mu burezi

Minisitiri w'uburezi Dr. Valentine Uwamariya mu ihurizo rikomeye

Biragaragarira buri wese kandi bikanavugwa ko mu Rwanda ikoranabuhanga ryateye imbere. Nyamara ubwo Icyorezo cya Covid-19 cyageraga mu Rwanda, uburezi buri mu byahungabanye cyane, kandi ari ho ubwo buhanga bucurirwa. Gikomeje se, imyigire yakomeza guhungabana bya hato na hato? Icyuho cy’ikoranabuhanga Covid-19 yerekanye mu burezi cyasibanganywa gute ? Ifoto ya za bisi zinyuranamo zitwaye abana […]

Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana

Hashize iminsi dusoma tukanabona amashusho n’amafoto mu bitangazamakuru binyuranye by’abantu bafatwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus bavuga ko bari gusenga, bamwe bakavuga ko bo badashobora kwandura, abandi ngo barasengera igihugu ngo indwara igende n’ibindi,.. hari n’amashusho amaze iminsi azenguruka ku mbuga nkoranyambaga arimo abana bakiri bato bakagombye kuba bari mu mashuri […]

Gatsibo: Abapolisi n’abagenzacyaha bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umuturage batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abapolisi babiri, abagenzacyaha babiri n’abaturage; bose bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uwitwa Ntabajyana Laurent wapfiriye muri kasho ya Rugarama mu Karere ka Gatsibo. Abo mu muryango wa nyakwigendera bavuga ko yari amaze iminsi atawe muri yombi na RIB akurikiranweho guhoza ku nkeke umugore we, afungirwa muri iyi sitasiyo […]

Abayobozi hafi 500 bahaniwe kwica amabwiriza yo kwirinda COVID-19, abenshi barirukanwa

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yatangaje ko abayobozi 497 biganjemo abakuru b’imidugudu ari bo bamaze guhanirwa kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, ndetse bamwe muri bo bakaba barirukanwe ku nshingano zabo. Minisitiri Gatabazi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu, asobanura byimbitse amabwiriza mashya yashyizweho na Guverinoma mu gukumira kiriya cyorezo. Ni amabwiriza yavuze ko […]

10 secteurs resteront sous verrouillage pendant encore deux semaines

Dix des 50 secteurs administratifs qui ont été placés sous verrouillage il y a quinze jours resteront sous ordonnance de séjour à domicile jusqu’au 31 août au moins. Les secteurs comprennent Byimana dans le district de Ruhango, Tumba et Gishamvu dans le district de Huye, les secteurs de Rukara, Murundi, Nyamirama et Mwiri dans le […]

RDC: Abasore bivugwa ko ari Imbonerakure bavumbuwe aho bari bihishe n’imbunda zabo

Abasore bagera kuri bane bivugwa ko ari Imbonerakure za CNDD-FDD, Enock Nshimirimana, Jérôme Ndayirukiye, Claude Nizigama na Jacques Ntirampeba, batawe muri yombi ku wa kabiri bafatiwe mu rutoki ruri muri Gurupoma ya Sange, mu Kibaya cya Rusizi muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bafite n’imbunda. Bafatanywe Kalashnikov ebyiri kandi bemera ko bagiyeyo […]

Hari byinshi nakoze bitashimishije Sosiyete Nyarwanda ariko ntibizasubira_Kwizera Olivier

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Olivier yemeje ko yagarutse mu mupira w’amaguru, nyuma yo gufata umwanya wo kwitekerezaho agasanga hari byinshi agifite agomba gutanga nk’umukinnyi. Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko uri mu banyezamu beza igihugu gifite yatunguranye, atangaza ko ahagaritse burundu gukina umupira w’amaguru. Ni inkuru yaje ica umugongo […]

Kwikingiza Covid-19 bishobora kuba itegeko ku bakozi ba Leta

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko mu minsi iri imbere, abakozi ba Leta bazajya babazwa ibyangombwa byerekana ko bikingije icyorezo cya Covid-19. Minisitiri Gatabazi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 12 Kanama 2021 kirebana n’ibyemezo inama y’abaminisitiri yaraye ifashe, birebana no gukumira no kurwanya iki cyorezo. Nyuma y’aho […]

Uganda yaba iri gutegura gahunda yo kohereza abasirikare muri Mozambique

Guverinoma ya Uganda mu minsi iri imbere nayo ishobora kohereza abasirikare mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique yibasiwe n’intagondwa z’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri IS (Islamic State) mu myaka irenga itatu ishize. Ni igikorwa cyaba gishingiwe ku biganiro ibihugu byombi biri kugirana, birimo icyo Gen. (Rtd) Ivan Koreta woherejwe nk’intumwa ya Perezida […]

Afghanistan: Leta yemeye gusangira ubutegetsi n’Abatalibani amahoro agahinda

interactive_aug12afghanistan-ten-capitals-fallen_9cities-01.jpg

Nyuma y’aho Abatalibani bakomeje kwigarurira intara zitandukanye za Afghanistan, na nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru w’Intara ya Ghazni, mu birometero 130 by’amajyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Kabul, biravugwa ko leta y’iki gihugu yaba yiteguye gusangira nabo ubutegetsi ariko amahoro agahinda. Ifatwa ry’Umujyi wa Ghazni, umurwa mukuru w’Intara ya Ghazni ryujuje imirwa mikuru y’intara 10 imaze kwigarurirwa […]

Madagascar: Perezida Andry Rajoelina yirukanye abaminisitiri be bose

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar, yamaze kwirukana abaminisitiri bose bari bagize Guverinoma y’igihugu cye nyuma y’iminsi mike abanengeye mu ruhame avuga ko imikorere yabo iciriritse. Itangazo ryasohowe n’ibiro bya Perezida Rajoelina kuri uyu wa Gatatu rivuga ko yirukanye bariya baminisitiri bose, gusa nta mpamvu risobanura zaba zatumye abirukana, nk’uko Reuters dukesha iyi nkuru yabitangaje. Cyakora […]

Abayisenga watwitse kiliziya mu Bufaransa, ukekwaho kwica Padiri, ngo ntiyabaye kadogo w’Inkotanyi

Umuryango wa Abayisenga Emmanuel watwitse kiliziya katedarali ya Nantes mu Bufaransa muri Nyakanga 2020, unakurikiranweho kwica umupadiri witwa Olivier Maire, wahakanya ibyatangajwe ko yabaye kadogo w’ingabo za FPR Inkotanyi. Se wabo witwa Joseph Murasampongo utuye mu Bubiligi, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Radio Ijwi rya Amerika, yavuze ko ibitangazamakuru byo mu Bufaransa birimo La Croix […]

Haribazwa ibanga rya Angela Bassett ukina Black Panther ngo akomeze kugaragara nk’inkumi ku myaka 62

90243857550da80d6d318e9d7d21ce7c.jpg

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza ku mukinnyi wa filimi w’Umunyamerikakazi, Angela Bassett w’imyaka 62 bibaza ku ibanga akoresha kugirango akmeze kugaragara nk’inkumi ku myaka ye nk’aho ikinyamakuru Afrikbuzz cyakoze inkuru cyahaye umutwe ugira uti, Angella Bassett ku myaka 62 aragaragara nk’inkumi y’imyaka 20 n’amaguru akurura. Iki kinyamakuru kivuga ko Angela Bassett ari we kimenyetso kiza cy’indirimbo […]

Abanya-Zambia baramukiye mu matora y’indyankurye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Abanya-Zambia babarirwa muri za miliyoni kuri uyu wa kane baramukiye mu matora rusange arimo n’ay’Umukuru w’Igihugu. Ni amatora yabaye mu gihe iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika cyugarijwe n’ikibazo cy’ubukungu bukomeje kuzahara ndetse n’umurengera w’imyenda y’amahanga. Aya matora yo muri Zambia yafashwe nk’indyankurye hagati ya Perezida wa […]

Uganda yohereje abandi Banyarwanda 32 yari ifunze

Leta ya Uganda mu gitondo cy’uyu wa 12 Kanama 2021 yoherereje u Rwanda abandi Banyarwanda 32 bari bamaze igihe bafungiweyo, ibanyujije ku mupaka wa Kagitumba. Aba barimo abagabo 24, abagore batanu n’abana batatu, bakaba bari bafungiwe muri kasho z’urwego rwa gisirikare rushinzwe iperereza, CMI. Muri uku kwezi, Uganda imaze kohereza Abanyarwanda 68. Abandi ni 23 […]

Perezida Cyril Ramaphosa yahaswe ibibazo na komisiyo ishinzwe iperereza kuri ruswa

Perezida Cyril Ramaphosa kuri uyu wa Gatatu yahaswe ibibazo na Komisiyo ishinzwe iperereza kuri ruswa, aho yemeye ko ubuyobozi bwa Zuma yari arimo nka visi perezida bwari bwaramunzwe na ruswa, atanga n’impamvu atigeze abweguramo niba yarabunengaga. Imbere y’iyi komisiyo, Perezida Ramaphosa yavuze ko yari afite amahitamo atanu icyo gihe ari yo: Kwegura, kwisobanura, kwemera no […]

Musanze: Mutwarasibo yakase ikiganza cya SEDO, akoresheje urukero

Umuyobozi w’isibo (Mutwarasibo) mu Kagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yakase ikiganza cy’umuyobozi ushinzwe iterambere n’imibereho y’abaturage (SEDO) Twagirayezu Olivier, akoresheje urukero rukoreshwa mu bwubatsi. Radio Musanze dukesha iyi nkuru ivuga ko kuri uyu wa 11 Kanama 2021, Mutwarasibo w’imyaka 37 y’amavuko yubakaga inzu adafite ibyangombwa bibimwemerera. SEDO ngo yahageze, abuza […]

Ramos yahaye Messi ikaze muri PSG nyuma y’imyaka myinshi bahanganye

Myugariro Sergio Ramos yahaye ikaze rutahizamu Lionel Messi wamusanze muri Paris Saint-Germain, nyuma y’imyaka myinshi yo guhangana hagati yabo. Ramos yahaye Messi ikaze mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Ati: “Ni nde wakabaye yarabitekereje ko bombi bakina mu kipe imwe], si byo Leo Messi? Ikaze muri PSG!” Ubu butumwa Ramos yabukurikije amafoto arimo umwambaro […]

69, abasirikare n’abasivili bamaze guhitanwa n’inkongi y’umuriro yibasiye Algeria

Abasirikare 28 n’abasivili 37 biravugwa ko bamaze guhitanwa n’inkongi z’umuriro zirenga 100 zikomeje kwibasira ibice bimwe byo muri Algeria nk’uko abayobozi babitangaje kuri uyu wa gatatu bavuga ko zimwe muri izi nkongi zaba zihishwe inyuma n’abanyabyaha. Inkongi zisaga 100 zavuzwe mu ntara 17 zo muri Algeria nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu, APS ku mugoroba […]

Goma: Abantu 243 barimo Abanyarwanda bafashwe bakekwaho guteza umutekano muke

Inzego zishinzwe umutekano za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) zakoze umukwaku mu mujyi wa Goma, zifata abantu 243 bakekwaho guteza umutekano muke. Komanda w’akarere ka gisirikare ka 34 Goma iherereyemo, Brig. Gen. Tshinkobo Guylain yabwiye itangazamakuru ko aba bafatiwe mu duce twa Mikeno na Mapendo kuri uyu wa 11 Kanama 2021, harimo abafite imihoro […]

Kamembe: Urukiko rwakatiye abagore bari bakurikiranweho guhohotera umucamanza

Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Kanama, rwakatiye abagore bane bari bakurikiranweho icyaha cyo guhohotera umucamanza, igihano cy’umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kubahamya iki cyaha bakoreye n’ubundi kuri uru rukiko ku itariki 09 Nyakanga. Harrison Mutabazi, umuvugizi w’ubucamanza, avugana na The New Times yemeje aya makuru yongeraho ko usibye igifungo, abahamijwe […]

Ikiyaga cya Karago kiri gukama ku buryo buteye inkeke

Ikiyaga cya Karago kiri gukama ku muvuduko uteye impungenge n’igihombo ku bagituriye nk’uko babivuga. Iki kiyaga kiri hagati y’imisozi ihanamye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Rwanda, ukigezeho ubona igice kinini biboneka ko ari aho cyageraga ariko ubu hakamye. Agnes Karamuka ati: “Aha hose twicaye cyari [ikiyaga] gihari”. Ariko bubu aha bahatera ubwatsi bw’inka, nk’uko abivuga. […]