Muka Se w’umwana w’imyaka itanu y’amavuko witwa Akeza Rutiyomba Elsie uherutse kuboneka mu kigega cy’amazi yapfuye, Mukanzabarushimana Marie Chantal yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Mukanzabarushimana hamwe n’umukozi we wo mu rugo witwa Nirere Dative bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu mwana, rwabaye tariki ya 14 Mutarama 2022.
Akeza yasanzwe yapfiriye muri iki kigega mu rugo rwa Mukanzabarushimana mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, aho yari yaraye ubwo yari yasuye se umubyara basanzwe batabana.
Mu gihe hibazwaga uko uyu mwana yaba yageze muri iki kigega, urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi aba babiri, runemeza ko rufite impamvu ifatika yo kubakekaho iki cyaha.
Akeza Elsie yashyinguwe tariki ya 18 Mutarama, mu marira menshi y’abo mu muryango. Urupfu rwe kandi rwababaje benshi mu babonye amafoto ye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga.




46 Responses
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Uyu mumama icyaha nikimuhama bamukatire burundu rwose
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Uyu mumama icyaha nikimuhama bamukatire burundu rwose
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Uwabigizemo uruhare wese azabibazwe ,Kandi bibaye byiza bazongera bakabyara Kandi kana
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Gusa nyine ubugome buracyariho kibona umuntu wumubyeyi agirura umuziranege ishyari bikagera ho america cyakora yatumye uwomukozi guhaha afire agahunda yokumwica nonec yarasazwe arwaye kowumva yamutu nye akamubwirako ara njya kwamugaga ntakundi iyomwijuru izabimubaba
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Gusa nyine ubugome buracyariho kibona umuntu wumubyeyi agirura umuziranege ishyari bikagera ho america cyakora yatumye uwomukozi guhaha afire agahunda yokumwica nonec yarasazwe arwaye kowumva yamutu nye akamubwirako ara njya kwamugaga ntakundi iyomwijuru izabimubaba
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Uwabigizemo uruhare wese azabibazwe ,Kandi bibaye byiza bazongera bakabyara Kandi kana
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Yoakokanakarambabaje
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Yoakokanakarambabaje
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Vénus 27/1/2022
Nabiryozwe rwose
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Vénus 27/1/2022
Nabiryozwe rwose
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Leta yacu turayizeye Izakora Igikwiye knd nakomeze kwihangana
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Leta yacu turayizeye Izakora Igikwiye knd nakomeze kwihangana
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Umuntu wese wabigizemo uruhara mugupfa kwa akeza azabihanirwe
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Umuntu wese wabigizemo uruhara mugupfa kwa akeza azabihanirwe
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Umuntu wese wabigizemo uruhara mugupfa kwa akeza azabihanirwe
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Umuntu wese wabigizemo uruhara mugupfa kwa akeza azabihanirwe
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Ubutabera nibukurikizwe nyina Wu mwana abubone
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Ubutabera nibukurikizwe nyina Wu mwana abubone
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Umunyabyaha ahunga ntawe umwirukanye.icyo nabonye cyo amaraso y’inzirakarengane akurikirana uwayakoze ibaze nawe aho yagiye amaze gukora amahano yabuze amahoro akajya ahamagara ubutitsa.ese koko abaye yamukundaga nkuko bivugwa umukoze yamuhamagara ataramenya niba aguyemo ate agakupa phone ngo agiye guhamaga se w’umwana?nyuma yo gukurikiranwa n’ubutabera ndiwe nasaba isi yose imbabazi kuko yahungabanije benshi.RIP AKEZA.
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Umunyabyaha ahunga ntawe umwirukanye.icyo nabonye cyo amaraso y’inzirakarengane akurikirana uwayakoze ibaze nawe aho yagiye amaze gukora amahano yabuze amahoro akajya ahamagara ubutitsa.ese koko abaye yamukundaga nkuko bivugwa umukoze yamuhamagara ataramenya niba aguyemo ate agakupa phone ngo agiye guhamaga se w’umwana?nyuma yo gukurikiranwa n’ubutabera ndiwe nasaba isi yose imbabazi kuko yahungabanije benshi.RIP AKEZA.
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Azakatirwe urumukwiy umwana rip
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Azakatirwe urumukwiy umwana rip
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Muzatubwire uko uwo mugire yireguye hamwe nuwo mukozi we kuko basa nkaho babiziranyeho
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Muzatubwire uko uwo mugire yireguye hamwe nuwo mukozi we kuko basa nkaho babiziranyeho
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Ntibazamurekure yahita atoroka ni umwicanyirwose.
Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
Ntibazamurekure yahita atoroka ni umwicanyirwose.