Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda

Sangiza iyi nkuru

Hadutse intugunda muri Kenya cyane ku mbuga mkoranyambaga nyuma y’aho hari amashusho yakwiriye henshi yerekana umugore wo muri icyo gihugu arimo konsa ibibwana by’imbwa avuga ko ari mu gihugu cya Arabia Saoudite.

BWIZA ntiyabashije kugenzura umwimerere w’ayo mashusho bamwe bemeza ko ari aya nyayo.

Ihuriro ry’abakozi n’ubucuruzi muri Kenya Central Organisation of Trade Unions (COTU) ryasabye leta guhagarika kompanyi zikorera muri icyo gihugu zohereza abakozi muri Arabia Saoudite.

Francis Atwoli ukuriye COTU yavuze ko uwo mugore, yasize umwana w’amezi abiri muri Kenya, yahatiwe n’umukoresha we konsa ibibwana nk’uko ibinyamakuru byo muri Kenya byabitangaje.

Atwoli yagize ati: “Ndasaba ubutegetsi gukora nk’uko ubutegetsi bwa Perezida Mwai Kibaki bwabigenje…Yahagaritse muri Kenya kompanyi zose zishakira abantu akazi”.

Abanya-Kenya benshi bagaragaje akababaro batewe n’amashusho asa n’ayo uwo mugore yifashe atabaza ngo afashwe kuko aho arimo gukora bamuhatira konsa ibibwanwa by’imbwa.

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Abanyafurika benshi ni ubwo buzima babayemo mubihugu by’abazungu n;iby’abarabu,iyo bacikira bagata iwabo ngo mumahanga ni heza!
    Imiryango myinshi yohererezwa amafaranga na bene wabo baba iyongiyo,bamwe bakayasirimukamo abandi bakayiteteshamo,nyamaze ntibaba bazi imibabaro nyiri kuyohereza aba ababayemo iyo hirya(dore ko benshi no kuyohereza ari ukubura n’ubundi ubwisanzure bwo kuba hari icyo bayakoresha iyo baba bari,kuko benshi babaho nk’imfungwa kuko bagira aho batemerewe kurenga)!
    Gusa nshima umunyarwanda wavuze ngo”AMAHANGA ARAHANDA”.
    Abakomeje intumbero yo kuzajya kwibera mumahanga,nabifuriza urugendo ruhire.

  2. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Abanyafurika benshi ni ubwo buzima babayemo mubihugu by’abazungu n;iby’abarabu,iyo bacikira bagata iwabo ngo mumahanga ni heza!
    Imiryango myinshi yohererezwa amafaranga na bene wabo baba iyongiyo,bamwe bakayasirimukamo abandi bakayiteteshamo,nyamaze ntibaba bazi imibabaro nyiri kuyohereza aba ababayemo iyo hirya(dore ko benshi no kuyohereza ari ukubura n’ubundi ubwisanzure bwo kuba hari icyo bayakoresha iyo baba bari,kuko benshi babaho nk’imfungwa kuko bagira aho batemerewe kurenga)!
    Gusa nshima umunyarwanda wavuze ngo”AMAHANGA ARAHANDA”.
    Abakomeje intumbero yo kuzajya kwibera mumahanga,nabifuriza urugendo ruhire.

  3. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    nukuri uyumugore natabarwe birababaje.

  4. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    nukuri uyumugore natabarwe birababaje.

  5. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Amafaranga ashakwa mu buryo bwinshi niyo nzira baba barahisemo, rero birabareba igikuru nuko batamburwa bishyurwa!

  6. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Amafaranga ashakwa mu buryo bwinshi niyo nzira baba barahisemo, rero birabareba igikuru nuko batamburwa bishyurwa!

  7. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    BIRABABAJE KONSA IBIBWANA BYIMBWA

  8. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    BIRABABAJE KONSA IBIBWANA BYIMBWA

  9. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    sinzi icyo uricyo niba uri umugore cyangwa umugabo gusa abaye ari nka nyoko cyangwa mushiki wawe bakoreye bira ndacyeka utakwandika comment nkiriya cyangwa abaye ari Iso ukabona imbwa imuri hejuru wabishima ngo nigushaka amafaranga

  10. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    sinzi icyo uricyo niba uri umugore cyangwa umugabo gusa abaye ari nka nyoko cyangwa mushiki wawe bakoreye bira ndacyeka utakwandika comment nkiriya cyangwa abaye ari Iso ukabona imbwa imuri hejuru wabishima ngo nigushaka amafaranga

  11. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    sinzi icyo uricyo niba uri umugore cyangwa umugabo gusa abaye ari nka nyoko cyangwa mushiki wawe bakoreye bira ndacyeka utakwandika comment nkiriya cyangwa abaye ari Iso ukabona imbwa imuri hejuru wabishima ngo nigushaka amafaranga

  12. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    sinzi icyo uricyo niba uri umugore cyangwa umugabo gusa abaye ari nka nyoko cyangwa mushiki wawe bakoreye bira ndacyeka utakwandika comment nkiriya cyangwa abaye ari Iso ukabona imbwa imuri hejuru wabishima ngo nigushaka amafaranga

  13. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Nagahinda gakabije kubona umuntu yonsa imbwa

  14. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Nagahinda gakabije kubona umuntu yonsa imbwa

  15. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Ndalyoshya we! Ibi ntibiba mu mahanga gusa. N’iwacu bibayo nuko yenda bitajya hanze. Bitangira hari uvuze ko isafuriya ye iruta umukozi we kandi uzi uwiyemereye ko yasanze imuruta yuko atabonye imbaraga zo kuva kuri ako kazi kamusuzuguzaga. Gusa ubu yabaye igikomerezwa kandi yaraganiraga n’isfuriya yemeza ko yamurutaga. Muri make; ku isi hose haba abakoresha bakandamira abo bakoresha, cyane cyane iyo abakozi bakeneye uduke babaha. Ivanemo ko abajya mu mahanga ariko bose bafatwa! None abadogiteri cyanga abaprofeseri bari mu mahanga ukeka ko bafatwa kuriya? Uribeshya cyane!

  16. Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
    Ndalyoshya we! Ibi ntibiba mu mahanga gusa. N’iwacu bibayo nuko yenda bitajya hanze. Bitangira hari uvuze ko isafuriya ye iruta umukozi we kandi uzi uwiyemereye ko yasanze imuruta yuko atabonye imbaraga zo kuva kuri ako kazi kamusuzuguzaga. Gusa ubu yabaye igikomerezwa kandi yaraganiraga n’isfuriya yemeza ko yamurutaga. Muri make; ku isi hose haba abakoresha bakandamira abo bakoresha, cyane cyane iyo abakozi bakeneye uduke babaha. Ivanemo ko abajya mu mahanga ariko bose bafatwa! None abadogiteri cyanga abaprofeseri bari mu mahanga ukeka ko bafatwa kuriya? Uribeshya cyane!