capture11sss.png

Mu ibanga rikomeye Rihana amaze iminsi yibarutse undi mwana arabihisha

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’igihe kigera kumeze hafi ane umuhanzikazi Rihanna atangaje ko atwite kuri ubu inkuru yamaze kumenyekana ko yibarutse umwana w’umuhugu.

Ni amakuru yagizwe ubwiru kuko bivugwa ko yibarutse taliki 03 z’uku kwezi kwa Kanama ariko bikomeza kugirwa ubwiru.Ni nyuma y’uko taliki 09 hari hasohotse ibihuha ko uyu muhanzikazi yibarutse umwana w’umukobwa nyamara yari umuhungu.

Muri Gashyantare, Rihanna yatangaje ko atwite bwa kabiri mu gitaramo cye muri Super Bowl 2023 Halftime Show, yishimira yishimye umwana we kuri stage. Aya makuru yaje kwemezwa nuhagarariye ikipe ye.

Kugeza ubu uyu muhanzikazi n’umugabo we bamaze kugira abana babiri mu gihe kitarenze imyaka itatatu babanye.
capture11sss.png

Muri Gicurasi 2022, ASAP Rocky w’imyaka 34 na Rihanna w’imyaka 35 bakiriye umuhungu wabo w’imfura RZA.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *