Kenya: Urukiko rwahagaritse ishyirwaho rya Visi Perezida mushya

Sangiza iyi nkuru

Urukiko Rukuru muri Kenya rwahagaritse ishyirwaho rya Visi Perezida mushya nyuma y’amasaha make Rigathi Gachagua yirukanywe na Sena.

Umucamanza Chacha Mwita yavuze ko nta muntu uzashyirwaho wo gusimbura Gachagua kugeza ku itariki ya 24 Ukwakira.

Yemeje ko icyifuzo cyatanzwe n’umwunganira, Paul Muite, cyihutirwa kandi dosiye ihita yohererezwa Umucamanza Mukuru Martha Koome.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *