Reba amafoto atangaje y'inzoka iri kugerageza kumira agacurama nyuma y'imirwano itoroshye

Sangiza iyi nkuru

Mu minsi ishize, muri Australia hagaragaye imirwano idasanzwe hagati y’inzoka yageragezaga kumira agacurama byose biri mu giti, gusa iyi ntambara ikaza kurangira Agacurama kaneshejwe.


Iyi nzoka nini yahanganye n’agacurama kakuze lku buryo kukamira bitari gupfa korohera iriya nzoka mu gihe byose byari mu kitrere byitendetse mu giti kinini

Mukerarugendo wakwirakwije aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga avuga ko aka gace ubusanzwe kabamo inyamaswa z’ubumara, n’izindi ziryana ariko z’inkazi, aho usanga n’udukoko twaho nk’ibitagangurirwa n’ibindi byose ari binini ku buryo buteye ubwoba, bityo aka gacurama na ko kakaba ari kamwe muri bene utwo tukoko usanga twarakuze cyane.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru