Opinion: Amayeri y’u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I
Perezida Francois Mitterand yapfanye agahinda ko kubona uwo yitaga umwana we [Habyarimana Juvénal] ahanurwa mu ndege ariko n’ imfubyi yasize zikamburwa igihugu. Ibyo byatumye uyu mukambwe, Mitterand asiga apanze urugamba rwa politiki rukomeye ku buryo imfubyi za Habyarimana zazongera kwigarurira igihugu zambuwe nk’ uko Mitterand yavugaga ko FPR/Inkontanyi yabaciye mu rihumye… U Bufaransa bwakoresheje Tanzania […]
Dj Pius yatangaje uburyo umwanya we munini awumara atekereza kuri Irene Ntale wo muri uganda
Dj Pius umenyerewe cyane mu muziki nyarwanda, aherutse gutungurana ubwo yavugaga ku muhanzikazi wo muri Uganda, Irene Ntale, akanatangaza ko iyo amubonye yumva utuntu tumwirutse mu mubiri ndetse ko nubwo yaba ari wenyine usanga amutekerezaho cyane. Ni mu kiganiro uyu muhanzi Pius aherutse kugirira kuri imwe muri radio zo muri Uganda ya Galaxy FM, aho […]
Umusirikare wa Koreya ya Ruguru yatorokeye muri Koreya y’Epfo akurikizwa amasasu
Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Ugushyingo 2017, mu masaha ya nyuma ya saa sita, umusirikare wa Koreya ya Ruguru yahungiye muri Koreya y’Epfo anyuze mu gace kagabanya ibihugu byombi akurikizwa urufaya rw’amasasu bimuviramo gukomereka. Igisirikare cya Koreya y’Epfo kikaba cyahise kikanga kigakaza umutekano kizi ko gitewe. Iyi nkuru dukesha RFI iravuga ko ibyakozwe n’uyu […]
Reba amafoto atangaje y'inzoka iri kugerageza kumira agacurama nyuma y'imirwano itoroshye
Mu minsi ishize, muri Australia hagaragaye imirwano idasanzwe hagati y’inzoka yageragezaga kumira agacurama byose biri mu giti, gusa iyi ntambara ikaza kurangira Agacurama kaneshejwe. Iyi nzoka nini yahanganye n’agacurama kakuze lku buryo kukamira bitari gupfa korohera iriya nzoka mu gihe byose byari mu kitrere byitendetse mu giti kinini Mukerarugendo wakwirakwije aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga […]
Mu gihe u Bufaransa bucyifuza ko u Rwanda rubwita Papa, byombi ntibizahuza- Dr Kayumba
Umusesenguzi mu bya Politiki, Dr Kayumba Christopher asanga hari amahirwe y’ uko u Rwanda n’ u Bufaransa byakongera gucana uwaka mu gihe iki gihugu cyaba cyaciye bugufi imbere y’u Rwanda. Dr Kayumba atangaje ibi, mu gihe hari inama mpuzamahanga y’ Amahoro n’ Umutekano wa Afurika iri kubera muri Senegal ishobora no gutuma Perezida w’ u […]
Uganda: CMI ifunze umuherwe ukiri muto ushinjwa gushaka gucecekesha uwari umukunzi wa Kaweesi
Urwego rw’ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI)mu mpera z’icyumweru gishize rwataye muri yombi umwe mu bakire bari kuzamuka mu mujyi wa Kampala witwa Brian Kirumira bakunze kwita Bryan White nyuma yo gusanga ari umwe mu bantu bari bamaze iminsi batera ubwoba umukobwa wari inshuti ya AIGP Andrew Kaweesi witwa Christine Muhoza Mbabazi. Amakuru agera ku […]
Umuvugabutumwa yavuze ko ibya Yesu uvugwa muri Bibiliya ari ibihimbano ndetse ko n’amazina ye atari yo nyakuri
Umuvugabutumwa mu gihugu cya Ghana, Rev. Isaac Owusu Bempah yateje impaka zidasanzwe mu gihugu cye no mu banyamahanga babashije kumwumva mu kiganiro kuri televiziyo imwe mu gihugu cye avuga ko amazina ya Yesu Christ atariyo mazina ye nyakuri . Mu kiganiro uyu muvugabutumwa abantu bemeraga akaba n’umuyobozi w’itorero Glorious Word Power Ministry International, aherutse kugirira […]
Sudani y’Epfo: Ingabo za leta zari zigose urugo rwa Gen. Paul Malong zahavanwe
Umuvugizi w’igisirikare cya Sudani y’Epfo, Lul Ruai Koang yatangaje ko bakuye ingabo za leta ku rugo rwa Gen. Paul Malong nyuma yo kwemera kugabanya umubare w’ingabo zimurinda. Umugore wa Gen. malong witwa Lucy Ayaka ku murongo wa telephone avugana na Reuters akaba yayitangarije ko umugabo we akiri mu rugo rwe aho afungishijwe ijisho, ariko ko […]
Inama 10 zagufasha kuvuga mu ruhame nta gihunga
Ntabwo byoroshye guhagarara imbere y’imbaga nyamwinshi ngo uvuge, si buri wese utanga ubutumwa ngo bwumvikane mu ruhame, hari ukuvuga bikinjirira mu gutwi kumwe bigasohokera mu kundi, bisaba ubuhanga bwinshi kubasha kwigarurira amatwi ndetse n’imitima yabo ubwira, ese n’iki nakora ngo mvuge kandi numvikane mu ruhame nta bwoba? Ese byari byakubaho ko uhagarara imbere y’abantu ubwoba […]
Ibigo by'abashuri mu Rwanda birimo na LDK mu ruhuri rw'ibibazo by'amikoro
Mu minsi ishize, haravugwa umwuka uteri mwiza wagaragaye muri kimwe mu bigo by’amashuri bikomeye mu mujyi wa Kigali kizwi nka Lysee de Kigali, iki kibazo kikaba cyaratewe ahanini n’itinda ry’amafaranga asanzwe agenerwa ibigo by’amashuri mu Rwanda, hakiyongeraho kuba aya mafaranga yaragabanyijwe ugereranyije n’ayari asanzwe atangwa mbere hanyuma ayo ababyeyi batangaga akongera ngo azibe icyo cyuho. […]
Burundi: Leta yabujije Ambasade y’u Bubiligi kwizihiza ibirori bya ‘Belgian Week’
Leta y’u Burundi yabujije Ambasade y’ u Bubiligi mu Burundi kwizihiza ibirori bya “Belgian Week” iki gihugu kizihiza hirya no hino ku isi aho gihagarariwe. ‘Belgian Week’ ni icyumweru Ababiligi aho bari hose hirya no hino ku isi bizihiza, bagahurira mu birori, bamurika umuco wabo banungurana imitekerezo ku iterambere ry’igihugu cyabo n’ububanyi n’amahanga, muri aka […]
Centrafrica: Abantu 7 baguye mu gitero cyagabwe mu nzu yaberagamo igitaramo
Abantu bagera kuri 7 baguye mu gitero cya Gerenade muri Repubulika ya Centrafrica abandi basaga 20 barakomereka bikomeye . Iki gitero cyagabwe ku nyubako yarimo iberamo igitaramo cy’ibijyanye n’amahoro mu murwa mukuri wa centrafrica, Bangui muri iyi wikende ishize, amakuru akaba avuga ko hakekwa ko iki gitero cyaba cyihishwe inyuma n’abivuruguta mu bibazo by’amakimbiranye ashingiye […]
Abahamijwe ibyaha bya jenoside bacitse ubutabera bakomeje kuba ikibazo gikomeye ku barokotse – CNLG
Abantu basaga 40 bahamijwe ibyaha bya jenoside mu nkiko gacaca bakaba baratorotse ubutabera bakomeje kubera ikibazo gikomeye abarokotse n’abatangabuhamya nk’uko byememzwa na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG. Iyi komisiyo iratangaza ko aba bantu bahunze ubutabera baburanishijwe badahari cyangwa bagacika mu gihe cy’imanza za gacaca zatangijwe mu 2002 mu rwego rwo gufasha inkiko zisanzwe kuburanisha […]
Ruhango: Gitifu yeguye atubakishije akagari mu nkunga yatse abaturage
Abaturage bo mu kagari ka Nyakabingo, umurenge wa Ntongwe , akarere ka Ruhango barasaba ubuyobozi bw’akarere gukurikirana gitifu weguye atubakishije akagari inkunga bamuhaye, ubu kakaba kamaze imyaka isaga 2 karaheze ku gasozi katuzuye. Mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nyakabingo, Uwayisaba Jacques yeguye ku kazi, abaturage bakavuga ko hari amafaranga yari […]
Umunyamakuru Besabesa Etienne wigeze gufungirwa mu Burundi mu 2015 yahunze igihugu
Umunyamakuru Besabesa Etienne wakoreye Flash Fm yafashe iy’ubuhungiro atangaza ko yahunze ku mpamvu zifitanye isano n’umwuga we mu gihe ubuyobozi bwa Flash Fm bwemeza ko yari yarirukanwe muri Nyakanga ndetse abandi bakemeza ko yishakira uko yahabwa ubuhungiro akajya muri Canada yitwaje ko ubuzima bwe buri mu kaga. Mu kiganiro yahaye rumwe mu rubuga rukorera kuri […]
Uganda: Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba muri LRA agiye gutangira kuburanishwa
Thomas Kwoyelo, wahoze ari umuyobozi mu mutwe w’inyeshyamba wa LRA, ukuriwe na Joseph Kony biteganyijwe ko agera imbere y’Urwego rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga rw’Urukiko Rukuru rwa Uganda, aho kuwa 22 Ugushyingo hazatangira imbanzirizarubanza ku byaha ashinjwa. Iby’uru rubanza byatangarijwe mu nama hagati y’uru rwego rw’urukiko ndetse n’Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (ICC). Iyi nama ikaba yaribanze ku […]