Reba amafoto y’umukecuru uri guha umugisha umuhungu we mbere y’uko afata urugendo

Sangiza iyi nkuru

Amafoto akomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, umukecuru yapfukamishije umuhungu w’umusore, ari kumuminjiraho utuzi mu mutwe no ku birenge mbere y’uko uwo musore afata urugendo rwa kure.
vllkyt1qs7a0ruqmf8.01a9eaa0
Abazi bya hafi uyu mukecuru, ngo umuhungu we yari yamubwiye ko agiye kujya mu gace ka Kano gaherereye mu Majyaruguru ya Nigeria, akaba ngo yarakoze ibi mu rwego rwo kumurinda ingorane yahurira na zo mu nzira.
vllkyt2g19nm13fu.ab48b60b
Uyu mukecuru yabanje kumusaba gupfukama hasi ngo amusengere ndetse yanatumiye umukozi w’Imana wagombaga kumufasha gusenga.
vllkyt5h7dg43h4m.be0d9583
Uwafashe aya mafoto akanayashyira ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko uyu musore yari agiye kujya muri kariya gace kandi kakaba ari agace kabi cyane ku buryo nta muntu wa kure ujya upfa kujyayo.
vllkyt5utlie1vf2d.52f5ccd5
Ni ibintu ubundi bidakunze kubaho, ko umubyeyi asuka amazi ku mwana we cyangwa undi muntu mu gihe agiye ahantu runaka, cyakora kumusengera byo bikaba ari ibisanzwe bibaho.
vllkyt1e3bh583mrbg.d3851a1f
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *