Abantu bavutse muri aya mezi akurikira bararamba-Ubushakashatsi

Sangiza iyi nkuru

Kuramba si ibintu bya buri kiremwa muntu. Abahanga bagiye batanga impamvu zitandukanye zishobora gutuma umuntu aramba ku Isi.

Bamwe muri bo bavuze ko gukora siporo, kurya neza, kwirinda ibiyobyabwenge n’izindi mapmvu nk’izafasha umuntu kubaho igihe kirekire.

Kuri ibi rero nk’uko urubuga Blowingfacts dukesha iyi nkutu rubivuga, ubushakashatsi buherutse gukorwa n’abahanga mu by’ubuzima buvuga ko  abantu bavutse muri aya mezi akurikira.

Ubu bushakashatsi bwagize buti “ Abantu bavutse muri Nzeri,  Ukwakira n’ Ugushyingo bashobora kubaho hejuru y’imyaka 100.”

Copy of tumblr pu4b89oQnd1wqomcno1 640

Ku rundi ruhande, iki kinyamakuru ntigitangaza impamvu abashakashatsi bavuze aya mezi atatu yonyine.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Ntikivuga icyaba gitera ukutaramba kw’abantu bavuka mu yandi mezi icyenda asigaye.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *