GmJi-Nea4AAXeAv (1)

Abanyakigali ibihumbi bakereye kwakira Perezida Kagame

Sangiza iyi nkuru

Abaturage ibihumbi n’ibihumbi bo mu Mujyi wa Kigali bahagarariye abandi babukereye kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe 2025, kuri BK Arena, aho  bagiye kwakira Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, wari warabasezeranyije kugaruka kubasura.

GmJiuKaWsAAanYJ

GmJikVjXAAAXt3C

Ku ikubitiro uruzinduko rw’umukuru w’igihugu rwari kubera i Gahanga mu Karere ka Kicukiro muri gahunda yo “Kwegera abaturage”, ariko kubera impungenge z’ikirere rwimurirwa muri BK Arena.

GmJimaEWMAE0con

Ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza, i Gahanga mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka umwaka ushize, Perezida Kagame yari yasezeranyije kuzagaruka gusura Abanyakigali vuba.

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *