Abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka-Weasel Manizo

Sangiza iyi nkuru

Umugabo w’Umunyarwandakazi Teta Sandra ari we Weasel Manizo avuga ko abo yise abanzi bashatse bajya kwimanika bagapfa kuko ibyo bifuza ko we n’umugore we avugwaho guhondagura, adateze kumureka.

Douglas Mayanja kuri ubu ari ku gitutu cy’abantu banyuranye basaba ko yafungwa, abandi bakaba bari kugira inama umugore we Teta gutandukana nawe ku bwo kumukubita, akamukomeretsa.

Mu mashusho yagiye hanze, aho Weasel na Teta bari bameranye neza, Weasel avuga ko ” Tumeranye neza. Abanzi bacu bataye umutwe. Mwiyahure kuko Teta Sandta ntateze kundeka.”

Mu gihe iki kibazo cyahagurukije abatari bake, Teta bivugwa ko akomeje kwihisha abayeyi be n’umuryango yashtasemo uri gukora ibishoboka byose ngo iby’ikubitwa rya Teta Sandra bidafata indi ntera.

Hari Abanyarwanda basaba ko Teta wabyaranye abana babiri na Weasel yataha iwabo mu Rwanda.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka-Weasel Manizo
    nimbakoko uko bivungwa ko tetanus abundance aba star kandy tukumva Kong yirinward akubitwa name. kandy kukureka atabishobora unworn nyine atege imisaya kabisa iyihondee . noneteta ari mukuru nawe azafata umwanzuro ukwiye

  2. Abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka-Weasel Manizo
    nimbakoko uko bivungwa ko tetanus abundance aba star kandy tukumva Kong yirinward akubitwa name. kandy kukureka atabishobora unworn nyine atege imisaya kabisa iyihondee . noneteta ari mukuru nawe azafata umwanzuro ukwiye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *