Uyu mwaka wa 2024, ni umwaka witezwemo amatora y’abaperezida mu bihugu byinshi ku isi , ariko byagera muri Afurika bikaba akarusho kuko ku rutonde rw’ibihugu bizabamo amatora hagaragaramo ibigera kuri 18 hakiyongeraho n’ibirwa bya mauritius bizabamo amatora y’abadepite.
Ibi bihugu uko ari 18 , harimo ibyagiye bikomatanya amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite ibindi bihitamo gutegura amatora ya Perezida Gusa.
Ibyo bihugu ni ibi bikurikira;
Algeria,Botswana,Chad,Comoros,Ghana,Mauritania,Mauritius,Mozambique,Namibia, Rwanda Senegal,Somaliland,South Africa ,South Sudan,Tunisia,Togo.



