Urutonde rw'ibihugu by'Afurika bizabamo amatora muri 2024

Afurika:Ibi bihugu 18 bizabamo amatora ya Perezida muri uyu mwaka wa 2024

Sangiza iyi nkuru

Uyu mwaka wa 2024, ni umwaka witezwemo amatora y’abaperezida mu bihugu byinshi ku isi , ariko byagera muri Afurika bikaba akarusho kuko ku rutonde rw’ibihugu bizabamo amatora hagaragaramo ibigera kuri 18 hakiyongeraho n’ibirwa bya mauritius bizabamo amatora y’abadepite.

Ibi bihugu uko ari 18 , harimo ibyagiye bikomatanya amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite ibindi bihitamo gutegura amatora ya Perezida Gusa.

Ibyo bihugu ni ibi bikurikira;

Algeria,Botswana,Chad,Comoros,Ghana,Mauritania,Mauritius,Mozambique,Namibia, Rwanda Senegal,Somaliland,South Africa ,South Sudan,Tunisia,Togo.

Urutonde rw'ibihugu by'Afurika  bizabamo amatora muri 2024
Urutonde rw’ibihugu by’Afurika bizabamo amatora muri 2024

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *