20250606_144734

Amafoto y’intasi igisirikare cy’u Burundi cyungutse

Sangiza iyi nkuru

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyatangaje ko cyungutse abasirikare bari bamaze igihe bahagwa amahugurwa mu bijyanye no gukora ubutasi.

Ku wa Kane tariki ya 5 Kamena ni bwo ziriya ntasi zasoje amahugurwa y’amezi atandatu zakoreraga ahitwa Kinanira.

FDNB ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko ziriya ntasi zayo nyuma yo guhabwa imyamyabushobozi zasabwe “gukoresha ubumenyi zahawe mu nyungu z’igihugu”.

Ni intasi zirimo n’ab’igitsina gore.

U Burundi icyakora nyuma y’uko bariya basirikare basoje amasomo, bwahawe inkwenene ndetse bunanengwa gushyira hanze amafoto y’abatasi babwo, nyamara akazi bazakora gasanzwe ari ibanga.

20250606 144744
Intasi zirenga 30 ni zo igisirikare cy’u Burundi cyungutse
20250606 144734
Intasi zirimo n’abagore zahawe za ‘CĂ©rtificats’

20250606 144741 20250606 144750

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *