Polisi y’Igihugu yataye muri yombi Umushumba w’Itorero Umusozi w’Ibyiringiro, Apôtre Mukabadege Liliane azira kubeshya abapolisi ko agiye kuri radiyo kandi agiye ku rusengero.
Mu itangazo polisi imaze gushyira hanze, ivuze ko Apôtre Liliane bamukurikiranye, basanga yari agiye ku rusengero muri Kimisagara.
Uretse no gutabwa muri yombi kandi, imodoka y’uyu mushumba nayo yafatiriwe.
Muri iki gihe cyo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, Leta y’u Rwanda yatanze amabwiriza yo gufunga insengero nk’ahantu hateranira abantu benshi.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera ku wa 23 Werurwe 2020 mu kiganiro yagiriye kuri RBA, yavuze ko hari ibihano bigenewe ababeshya muri iki gihe.
Icyo gihe yagize ati: “Urabeshya ko ugiye guhaha utagiye guhaha, urabeshya ko ugiye kwivuza utagiye kwivuza, ukabeshya ko ugiye kuri farumasi utagiye kuri farumasi; urafatirwa ingamba. Urafungwa, tuguce n’amande.”



16 Responses
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
AZIHANIRE IMBERE Y’ABAKRISITU BE BOSE KANDI AZANACIBWE AMANDE HISUNZWE ITEGEKO RYA QUARATAINE
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
AZIHANIRE IMBERE Y’ABAKRISITU BE BOSE KANDI AZANACIBWE AMANDE HISUNZWE ITEGEKO RYA QUARATAINE
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Mu bihe bidasanzwe kenshi abatabizi barabisuzugura nyamara ni ibihe bidasanzwe hatitawe kucyo itegeko nshinga livuga haba hakora cyane amabwiriza kandi Cuba vuba ntakurangara Appotre rero iyo iza kuba inzira ijya mu ijuru aba aribuze kandi bigaragara ko atamenyereye kubeshya ! Amabwiriza n’amategeko byubahirizwe kuko iyo umuvugizi wa Police avuga inshuro 7 guma murugo ahaaaaa!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Mu bihe bidasanzwe kenshi abatabizi barabisuzugura nyamara ni ibihe bidasanzwe hatitawe kucyo itegeko nshinga livuga haba hakora cyane amabwiriza kandi Cuba vuba ntakurangara Appotre rero iyo iza kuba inzira ijya mu ijuru aba aribuze kandi bigaragara ko atamenyereye kubeshya ! Amabwiriza n’amategeko byubahirizwe kuko iyo umuvugizi wa Police avuga inshuro 7 guma murugo ahaaaaa!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ubundi nta mukirisito w ukuri ubeshya azagane abahamya ba Yehova bamwigishe Biblia
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ubundi nta mukirisito w ukuri ubeshya azagane abahamya ba Yehova bamwigishe Biblia
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko ashobora kuba yari anyuze ku rusengero gufata ibyo yagombaga kwifashisha kuri radio. Rero, ashobora kuba yarenganye!!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko ashobora kuba yari anyuze ku rusengero gufata ibyo yagombaga kwifashisha kuri radio. Rero, ashobora kuba yarenganye!!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko ashobora kuba yari anyuze ku rusengero gufata ibyo yagombaga kwifashisha kuri radio. Rero, ashobora kuba yarenganye!!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko ashobora kuba yari anyuze ku rusengero gufata ibyo yagombaga kwifashisha kuri radio. Rero, ashobora kuba yarenganye!!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko se ubundi uretse kwishakira ifaranga,ninde wamugize Apotre??Bibiliya ibuza abagore kuyobora amadini n’amatorero.Ba Apotres nyakuri ba Yesu,wababwirwaga nuko bagenda bazura abantu,bagakiza n’abarwayi.Ikindi kandi,ntabwo basabaga Icyacumi.
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko se ubundi uretse kwishakira ifaranga,ninde wamugize Apotre??Bibiliya ibuza abagore kuyobora amadini n’amatorero.Ba Apotres nyakuri ba Yesu,wababwirwaga nuko bagenda bazura abantu,bagakiza n’abarwayi.Ikindi kandi,ntabwo basabaga Icyacumi.
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko twaretse kugondoza ubuyobozi bwacu Koko. Niba batubujije ikintu iki n’iki, mbere na mbere ku nyungu zacu no ku za community muri rusange, kuki dukomeza gusaza imigeri. Uwo warenze ku mabwiriza akagerekaho no kubeshya abihanirwe!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Ariko twaretse kugondoza ubuyobozi bwacu Koko. Niba batubujije ikintu iki n’iki, mbere na mbere ku nyungu zacu no ku za community muri rusange, kuki dukomeza gusaza imigeri. Uwo warenze ku mabwiriza akagerekaho no kubeshya abihanirwe!
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Kuba umugore cg Apotre sicyo cyaha kko yahanirwa ikosa rye ark icyo aricyo ntawe bireba pe
Apôtre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Kuba umugore cg Apotre sicyo cyaha kko yahanirwa ikosa rye ark icyo aricyo ntawe bireba pe