APR FC yirukanye Masabo wari Umunyamabanga Mukuru wayo

Sangiza iyi nkuru

Ikipe ya APR FC yamaze gusezerera Masabo Michel wari umaze imyaka irenga itatu ari Umunyamabanga Mukuru wayo.

Masabo yari SG wa APR FC kuva ku wa 8 Mutarama 2021, nyuma yo guhabwa izo nshingano azisimbuyeho Lt Col (Rtd) Sekaramba Sylvestre.

Kugeza ubu haracyategerejwe kumenya ugomba kumusimbura kuri ziriya nshingano kuko kugeza ubu ataratangazwa.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *