image_870x580_6884dfe0b9866

Audia Intore yarongowe n’umunyamakuru

Sangiza iyi nkuru

Ku wa 26 Nyakanga 2025, umunyamakuru Cyiza Kelly n’umuhanzikazi Audia Intore bakoze ubukwe nyuma y’igihe bari mu rukundo.

Ubu bukwe bwabereye mu Murenge wa Kinyinya, mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu.

Umuhango wo gusaba no gukwa waranzwe n’ibikorwa bya kinyarwanda, abashyitsi barimo abahanzi Mariya Yohana, Ange na Pamela, na Lionel Sentore.

Umunyamakuru Babu wa Isibo TV yambariye Cyiza, mu gihe Tessy wa This and That Podcast yambariye Audia Intore.

Muri ubu bukwe hakoreshejwemo imyambaro gakondo, bugaragaza isura y’umuco nyarwanda.

Ibirori byose gusaba, gukwa no kwakira abashyitsi byabereye ahantu hamwe, mu gihe gusezerana imbere y’Imana byabereye Kimironko mu Itorero ry’Abangilikani.

1753552410600175355240661617535524042101753552401323

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *