Abasirikare bâu Burundi âbanze kurwanyaâ M23 baba bagejejwe i Bujumbura
Abasirikare bâu Burundi hafi 200 baravugwaho gucyurwa nyuma yo kwigumura, bakanga kwifatanya nâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) nâimitwe ya Wazalendo mu kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Umurundi Pacifique Nininahazwe uyobora umuryango FOCODE utabariza ababurirwa irengero, aherutse gutangaza ko abasirikare bâu Burundi boherejwe kurwanya M23 bacitsemo ibice, bamwe banga kujya kujyayo kuko […]
Mwenda arashidikanya ku bwenge bwa Tshisekedi wagereranyije Kagame na Hitler
Umunyamakuru Andrew Mwenda usanzwe ari inshuti ikomeye yâumuryango wa Perezida Yoweri Museveni, yagaye FĂ©lix Tshisekedi uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo wagereranyije Paul Kagame nâumunyagitugu wâUmudage, Adolf Hitler. Tshisekedi tariki ya 8 Ukuboza 2023 ubwo yiyamamarizaga mu mujyi wa Bukavu, yavuze ati: âNgiye kubwira Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, kubera ko yashatse kwitwara nka Adolf […]
Me Flamme ahamya ko abatangabuhamya 63 bose bashinjuye Basabose
Umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels arasaba ko umukiriya we agirwa umwere kuko ngo abatangabuhamya bagombaga kumushinja, bisanze bamushinjuye. Basabose yabaye umusirikare, aba umushoferi wa Colonel Elie Sagatwa wari muramu wa Habyarimana JuvĂ©nal. Yabaye kandi umuvunjayi muri Kigali, aba umunyamigabane wa RTLM, akaba afatwa nkâumwe mu baterankunga ba […]
Dr Habineza arahamya ko ihohoterwa ku barwanashyaka ba Green Party ryagabanyutse cyane
Umuyobozi Mukuru wâishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) akaba nâumudepite mu nteko ishinga amategeko, Dr Frank Habineza, aravuga ko ihohoterwa ryakorerwaga abanyamuryango baryo ryagabanyutse ku kigero kigera kuri 99%. Ibi yabibwiye abanyamakuru kuri uyu wa 8 Ukuboza 2023 ubwo yari amaze gufungura ku mugaragaro Inteko yâabagore bo muri DGPR mu mujyi wa Kigali. Dr […]
Ingabo za EAC za nyuma zizava muri RDC mu mwaka utaha
Umutwe wâingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, EACRF, watangaje ko iza nyuma zizava muri iki gihugu mu mwaka utaha. Ingabo za Kenya zigera kuri 300 ni zo zabimburiye izindi, zirataha, hashingiwe ku byemezo abakuru bâibihugu byâakarere bafatiye mu nama yabereye i Arusha tariki ya 24 Ugushyingo […]
Noà «l Tshiani uvuga ko azatera Kigali ni muntu ki?
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Noà «l Kabamba Tshiani, aravuga ko afite intego yo kohereza igisirikare cyâiki gihugu, FARDC, mu mujyi wa Kigali, ngo mu gihe âu Rwanda rutavaâ mu burasirazuba bwâiwabo. Tshiani, mu migabo nâimigambi afite nkâushaka kuyobora RDC, arahamya ko FARDC iri ku rwego ruri hasi, bityo ko […]
FARDC yatangaje ko iri kwigengesera ku gukura M23 muri Mushaki
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko kiri kwigengesera ku gukura M23 muri santere ya Mushaki iherereye muri teritwari ya Masisi bitewe nâuburyo ituwe. M23 yafashe Mushaki kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023, nyuma yâamezi hafi 9 ihashyikirije ingabo zâu Burundi ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, EAC. Umuvugizi wâuyu […]
Ni iki cyakorwa mu gihe RIB yakwanga gukora iperereza ku kirego yahawe?
Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha rufite inshingano zo kugenza ibyaha ruhabwa nâitegeko NĂÂș12/2017 ryo ku wa 07/04/2017 rigena imikorere yarwo. Ni inshingano zakorwaga nâishami rya Polisi yâu Rwanda rishinzwe iperereza ku byaha kuva mu mwaka wâ2000 kugeza mu 2017. Ingingo ya 16 yâItegeko nĂÂș 027/2019 ryo ku wa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize yâimanza zâinshinjabyaha yerekana imirimo yose umugenzacyaha […]
Videwo ya Rusesabagina yateje impaka mu rubanza rwa Munyemana
Videwo ya Rusesabagina Paul yumvikanamo asobanura uburyo yafungiwe mu Rwanda nâuko yafunguwe yateje impaka mu rubanza rwa Dr Munyemana SosthĂšne ruri kubera mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa. Byari biteganyijwe ko Rusesabagina atanga ubuhamya mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023, ariko ntibyakunze bitewe nâuko umwunganira mu mategeko yabyanze. Mu masaha […]
Umunyamakuru Nkundineza arakomeza gufungwa
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko umunyamakuru Nkundineza Jean Paul akomeza gufungwa by’agateganyo. Ni icyemezo cyafashwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023, nyuma y’icyumweru uyu munyamakuru aburanye ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uyu munyamakuru yatawe muri yombi tariki ya 16 Ukwakira 2023. Ku ya 7 Ugushyingo ni bwo urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge […]
RIB mu nzego zifite abakozi bakiriye ruswa nyinshi
Umuryango Transparency International (TI) Rwanda urwanya ruswa nâakarengane wagaragaje ko urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha, RIB, rwaje mu nzego zifite abakozi bakiriye ruswa nyinshi mu mwaka wâ2023. Bigaragara muri raporo âRwanda Bribery Index 2023â yashyizwe hanze nâuyu muryango kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023. Raporo irerekana ko impuzandengo ya ruswa abakozi ba RIB bakiri muri uyu mwaka […]
Rusesabagina yahinduye uburyo bwo gutanga ubuhamya mu rubanza rwa Dr Munyemana
Paul Rusesabagina utuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahinduye uburyo bwo gutanga ubuhamya mu rubanza rwa Dr Munyemana SosthĂšne uburana ibyaha bya jenoside mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa. Urukiko rwari rwateguje ko mu iburanisha ryo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023 abatangabuhamya barimo Rusesabagina batanga ubuhamya mu buryo bwâako kanya (live) […]
Perezida Kagame yakuyeho amahooro kuri serivisi nâibyemezo 12
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho iteka rihagarika kwishyuza amahoro abantu basaba serivisi nâibyemezo 12 zikenerwa mu nzego za Leta. Ni iteka nð 075/01 ryo ku wa 04/12/2023 rishyiraho amahoro yakwa kuri serivisi no ku byemezo bitangwa nâinzego zâimitegekere yâigihugu zegerejwe abaturage, ryasohotse mu Igazeti ya Leta, nimero idasanzwe yo ku wa 05/12/2023. […]
Me Gisagara yarakajwe nâuhamya ko u Rwanda ruyoborwa nabi
Me Richard Gisagara wunganira abaregera indishyi mu rukiko rwa rubanda rwa Paris yarakajwe nâigitabo cyâumushakashatsi akaba nâumunyamakuru Stephen Smith uhamya ko u Rwanda ruyoborwa nabi. Stephen yifashishijwe mu rubanza rwa Dr Munyemana SosthĂšne nkâumutangabuhamya ushinjura kuri uyu wa 6 Ukuboza 2023, asobanura ko yageze mu Rwanda bwa mbere mu 1992, ku butegetsi bwa Habyarimana JuvĂ©nal. […]
Abadepite ba Uganda basabwe kudacumbika aha make i Kigali
Abadepite bo muri Uganda boherejwe kwitabira imikino ihuza abagize inteko ishinga amategeko yâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba i Kigali, basabwe kubahisha igihugu cyabo, ntibacumbike ahantu ha make. Babisabwe na Anita Aneth Among uyobora inteko ishinga amategeko ya Uganda kuri uyu wa 6 Ukuboza 2023, ubwo yahaga abazitabira iyi mikino ubutumwa bubaherekeza. Iyi mikino yâubwoko butandukanye irimo: […]
Igisubizo cya Makolo ku wamubwiye ko amajwi Perezida Kagame yagize ahabanye na demukarasi
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo, yahakanyije umunyamakuru Stig Abell wa Times Radio wamubwiye ko amajwi 98% Perezida Paul Kagame yagize mu matora yâUmukuru wâIgihugu yâubushize agaragaza icyuho muri demukarasi. Abell yabwiye Makolo ati: â98% byâamajwi ntabwo ari demukarasi ishyirwa mu bikorwa.â Yahise amusubiza ati âKubera iki itaba yo?â, umunyamakuru akomeza kumubaza ati: âEse […]
Raporo âTop Secretâ y’indege ya Habyarimana yasobanuwe mu rubanza rwa Twahirwa na Basabose
Umunyamategeko Alexis Deswaef wunganira abaregera indishyi mu rubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre, yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko Colonel Bagosora ThĂ©oneste yategetse abasirikare ba Leta guhanura indege ya Habyarimana JuvĂ©nal. Me Deswaef yasubizaga umunyamategeko wa Basabose, Me Jean Flamme na Me Vincent Lurquin wunganira Twahirwa bakunze kubaza muri uru rukiko […]
Tshisekedi yakiriye Habyarimana

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo aherutse kwakira Habyarimana Mbitse alias Jules Mulumba uri barwanyi bakuru bâihuriro ryâimitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo rifasha ingabo zâiki gihugu guhangana na M23. Mulumba ukorera mu mutwe witwaje intwaro wa CMC/FDP yatangarije ku rubuga rwa X kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023 ko we na HĂ©ritier Ndangendange wo […]
Umurinzi wâIgihango yasobanuye uko kubwira Ex-FAR ngo ijye kurasa Inkotanyi byamurokoye nâabe
Umurinzi wâIgihango Ntezimana Laurien yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa ruri kuburanisha Dr Munyemana SosthĂšne ko yasabye bya nyirarureshwa abasirikare ba Ex-FAR kujya kurasa RPA-Inkotanyi, bimufasha kurokoka no kurokora Abatutsi benshi bahigwaga. Ntezimana usanzwe ari umuhanga mu bumenyi bwâiyobokamana no mu mibanire yâabantu, yabivugiye mu buhamya yatanze muri uru rubanza kuri uyu wa […]
Abanzi ba RDC bayobowe na Kagame: Tshisekedi i Lubumbashi
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye abatuye mu mujyi wa Lubumbashi, intara ya Haut-Katanga ko abanzi bâigihugu cyabo bayobowe na Paul Kagame uyobora u Rwanda. Ibi Tshisekedi yabivuze kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023 ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza uyu mwanya muri uyu mujyi, nyuma […]
Urubanza rwa Twahirwa na Basabose: Abahemukiwe basabiwe ubutabera
Ubushinjacyaha bubona urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi guhamya Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre ibyaha bya jenoside nâibyâintambara, hanyuma rukabaha ibihano bikwiye mu rwego rwo guha ubutabera Abanyarwanda bagizweho ingaruka n’ibyaha bubashinja. Nyuma yâamezi hafi abiri humvikana ubuhamya no kwiregura kwâabaregwa, ubushinjacyaha bwabwiye urukiko ko Twahirwa na Basabose bahamwa nâibi byaha bikomoka kuri jenoside […]
Nta mafaranga u Rwanda rwasabye: Minisitiri Cleverly
Umunyamabanga wâu Bwongereza ushinzwe umutekano wâimbere, James Cleverly, yabwiye itangazamakuru ko nta yandi mafaranga u Rwanda rwasabye guverinoma yâigihugu cyabo kugira ngo bivugurure amasezerano yâabimukira nâubufatanye mu iterambere ryâubukungu. Minisitiri Cleverly yabitangaje ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023, ubwo we na Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane mu Rwanda, Dr Vincent Biruta, bari bamaze […]
RGB yasabye ba Pasiteri badafite âdiplĂŽmeâ kwegura
Umuyobozi wâurwego rwâigihugu rushinzwe imiyoborere (RGB), Dr Usta Kaitesi, yasabye abashumba mu madini nâamatorero badafite byibuze impamyabumenyi yâicyiciro gisoza amashuri yisumbuye kwegura. Ibi yabisabiye mu nama nyunguranabitekerezo yahuje abayobozi bo muri uru rwego ayobora nâabagize akanama kâamadini nâamatorero mu Rwanda, RIC, kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023. Dr Kaitesi yibukije abashumba batarangije amashuri yisumbuye ko […]
Ingabo zâu Burundi zamaganye, zihanangiriza M23
Igisirikare cyâu Burundi, FDN, cyatangaje ko cyamaganye cyivuye inyuma amagambo ya Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, wagishinje kwifatanya nâuruhande rwa Leta ya RDC mu mirwano iri kubera muri teritwari ya Masisi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023, Bisimwa yatangaje ko ingabo zâu Burundi ziri mu butumwa bwâamahoro bwa EAC muri RDC zinjiye […]
USA yagumishijeho ibihano yafatiye abakomeye muri Uganda
Leta zunze ubumwe za Amerika, USA, zagumishijeho ibihano zafatiye bwa mbere abakomeye muri Uganda mu mwaka wâ2021, hashingiwe ku kuba batarubahirije ibyo zabasabye. Ibi bihano byari byaratangajwe nâibiro bya USA bishinzwe ububanyi nâamahanga mu 2021 hashingiwe ku myitwarire mibi yaranze amatora yâUmukuru wâIgihugu yabaye, ikanaba nyuma yâaho. Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken, kuri uyu wa […]
Amasezerano yâu Rwanda nâu Bwongereza aravugururwa none
Amasezerano ya guverinoma yâu Rwanda nâiyâu Bwongereza ku bibazo byâabimukira nâubufatanye mu iterambere ryâubukungu aravugururwa kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023. Ibinyamakuru byo mu Bwongereza birimo Reuters byatangaje ko Umunyamabanga wâumutekano wâimbere, James Cleverly, yafashe urugendo aza mu Rwanda, akaba ari buhagere mu gitondo cyâuyu munsi. Biteganyijwe ko Cleverly ahura na Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane […]
Rutaremara arahamya ko Twagiramungu atari umwanzi
Tito Rutaremara uri mu banyapolitiki bâinararibonye mu Rwanda arahamya ko Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri wâIntebe tigeze aba umwanzi wâubutegetsi bwâiki gihugu, ahubwo ko yari mu bo buhanganye na bo (adversaire). Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Kigali Today nyuma yâaho Twagiramungu apfiriye mu buhungiro mu Bubiligi tariki ya 2 Ukuboza 2023. Twagiramungu yakundaga kwifashisha […]
âArazira imitungo irimo inzu ya Bizimungu yaguzeâ: Ubuhamya bw’umuhungu wa Basabose
Umuhungu wa Basabose Pierre witwa Ineza Roger Noà «l yamutanzeho ubuhamya mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi, aho aburana ibyaha bya jenoside nâibyâintambara. Yasobanuye ko mu byo umubyeyi we azira harimo inzu ya Pasteur Bizimungu yaguze mu cyamunara. Ineza wari ufite imyaka 3 yâamavuko mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi (ubu afite 32) yifashishijwe […]
Zambia: Nsengiyumva wavuzwe muri dosiye ya Rusesabagina yafunzwe
Nsengiyumva Appolinaire wavuzwe mu mugambi wa Rusesabagina Paul wo gushaka gukuraho ubutegetsi bwâu Rwanda, binyuze mu mutwe witwaje intwaro wa FLN, yafunzwe. Uyu Munyarwanda yumvikanye mu rubanza rwa Nsabimana Callixte alias Major Sankara na bagenzi be muri Werurwe 2021, ubwo uyu musore wabaye Umuvugizi wa FLN yasobanuraga byinshi ku mikorere yâuyu mutwe. Hari tariki 12 […]
U Bwongereza buteganya kohereza abanyamategeko mu Rwanda
Ikinyamakuru BBC cya Leta yâu Bwongereza cyatangaje ko iki gihugu giteganya kohereza mu Rwanda abanyamategeko bagifasha gutegura gahunda yo kuzana abimukira barebwa nâamasezerano yo muri Mata 2022 agiye kuvugururwa. Mu kwezi gushize, urukiko rwâikirenga rwa London rwatesheje agaciro gahunda yo kohereza abimukira i Kigali, rugaragaza ko hari impungenge yuko batazashobora kuba mu Rwanda, bagahitamo gusubira […]
Umugaba Mukuru wâingabo za Kenya yahinyuye ibyatangajwe na Tshisekedi
Umugaba Mukuru wâingabo za Kenya, General Francis Ogolla, yahinyuye Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo, hamwe nâabandi bategetsi bo muri iki gihugu, bavuga ko zoroheraga umutwe witwaje intwaro wa M23. Ingabo za Kenya zatangiye ubutumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) mu burasirazuba bwa RDC mu Gushyingo 2022, hashingiwe ku cyemezo […]
Abatuye aho Colonel Ruhinda yiciwe bari mu kaga
Umutwe witwaje intwaro wa FDLR-FOCA urwanya Leta yâu Rwanda uravugwaho kubyuka wihorera, wica abasivili bâAbanyekongo, nyuma yâurupfu rwa Colonel Ruvugayimikore ProtogĂšne alias Ruhinda wari komanda wâabarwanyi kabuhariwe bayo bazwi nka âCRAPâ. Urupfu rwa Col. Ruhinda rwamenyekanye kuri uyu wa 3 Ukuboza 2023. Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko uyu murwanyi yapfiriye mu bitaro bya Hill […]
Turabizi ko nâAbagande bafasha M23: Vital Kamerhe
Minisitiri wâubukungu wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Vital Kamerhe, yatangaje ko ubutegetsi bwâigihugu cye buzi neza ko Abanyarwanda nâAbagande bafasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Kamerhe yabitangarije mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 1 Ukuboza 2023 ubwo yari mu bikorwa byo kwamamaza umukandida Perezida FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo wifuza kuyobora manda ya kabiri. Mu […]
Gahunda y’u Rwanda izadufasha kurokora za miliyari: Sunak
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yatangaje ko gahunda yâubufatanye bwâigihugu cye nâu Rwanda mu gukemura ibibazo byâabimukira nâiterambere ryâubukungu izabafasha kurokora miliyari zâamapawundi. Sunak yabitangarije abanyamakuru kuri uyu wa 1 Ukuboza 2023 ubwo yari yerekeje i Dubai mu nama ya 28 yâUmuryango wâAbibumbye yiga ku guhangana nâihindagurika ryâibihe, izwi nka COP28. Uyu muyobozi yabameneyesheje […]
Mu Rwanda mfite ifamu yâimbwa: Sina GĂ©rard
Umushoramari Sina GĂ©rard yatangaje ko guhorana udushya kwatumye atangira umushinga wo korora imbwa, kuri ubu akaba afite icyo yise « ifamu » yazo kandi ngo azikuramo amafaranga menshi arenze ava mu matungo menshi asanzwe. Ibi yabibwiye abanyeshuri bo muri kaminuza ya UTAB kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023 ubwo biteguraga ibirori byo gusoza amasomo bizwi nka âgraduation […]
Abana ba Twahirwa baravuga ko bahunze ngo batamutangaho ubuhamya
Abana ba Twahirwa SĂ©raphin, Twahirwa Emmanuel TrĂ©sor na Uwiduhaye Twahirwa Olive, babwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko bahunze u Rwanda kugira ngo badatanga ubuhamya bushinja umubyeyi wabo. Twahirwa Tresor, imfura ya Twahirwa, yatanze ubuhamya tariki ya 29 Ugushyingo 2023, asobanura ko yahungiye muri Afurika yâEpfo, ati: âUbuhungiro mbumazemo igihe, nâubu ndacyaburimo.â Uyu […]
Umuhungu wa Munyemana yabwiye urukiko ko urubanza rwa se ari urwâibinyoma
Umuhungu wa muganga Dr Munyemana SosthĂšne witwa Gustave Ngabo yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Paris ko urubanza rwâumubyeyi we ari urwâibinyoma gusa kuko ngo nta ruhare yagize muri jenoside yakorewe Abatutsi. Ngabo wâimyaka 41 yâamavuko yabivuze kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023 ubwo yatangaga ubuhamya bushinjura umubyeyi we muri uru rukiko rwo mu Bufaransa. Nyuma […]
Komanda w’ingabo za Uganda zirwanya ADF yinubiye imihanda yo muri RDC
Komanda wâingabo za Uganda zirwanya umutwe wâiterabwoba wa ADF, Maj. Gen. Dick Olum, yatangaje ko imihanda banyuramo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo ibangamira ibikorwa byazo. Umunyamakuru wa The Daily Monitor yafashe amashusho yâuburyo ibinyabiziga bigorwa no kunyura mu mihanda yo mu burasirazuba bwa RDC bitewe nâuko yuzuyemo icyondo. Aya mashusho agaragaramo abasirikare […]
Umunyamakuru Nkundineza yasabiwe gushyirwa ‘mu nzu yabugenewe’
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023 yaburanye ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, ubushinjacyaha bumusabira gufungirwa ahantu habugenewe. Nkundineza yageze mu rukiko ahagarariwe n’umunyamategeko umwe muri babiri bamwunganira, Me Ibambe Jean Paul, yibutsa urukiko rwisumbuye umwanzuro w’urw’ibanze umufunga by’agateganyo, avuga ko atawemera, asobanura impamvu z’ubujurire bwe zirimo […]
Urugendo rwâiminota 10 narugenze iminsi 6: Umutangabuhamya mu rubanza rwa Munyemana
Urubanza rwa muganga Dr Munyemana SosthĂšne uburana ibyaha jenoside mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwakomeje kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2023, humvwa abatangabuhamya. Aba batangabuhamya bahurije ku kuba Dr Munyemana yaragize uruhare mu bwicanyi bwakorewe muri segiteri Tumba ya Butare mu 1994, gusambanya ku gahato no kubohoza Abatutsikazi ndetse no gusahura ingo […]
Kenya: Abatarishyura ubwishingizi bwâubuzima barakumirwa kuri serivizi 11 zâingenzi
Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yashyizeho gahunda nshya yâubwishingizi mu buzima izakumira abatarabwishyura kuri serivizi 11 zâingenzi zirimo gusezeranywa imbere yâamategeko no guhabwa akazi muri Leta. Izindi serivisi bakumiriweho ni iyo: guhabwa inguzanyo ku banyeshuri, guhabwa akazi muri Leta, kwandikisha ikinyabiziga, guhabwa icyemezo cyâuko wishyuye imisoro, guhabwa pasiporo nâibi byangombwa byâinzira, kwandikisha ubucuruzi ndetse […]
Urukiko rwasanze umugore wa Twahirwa yararubeshye
Urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi rwasanze umugore wa Twahirwa SĂ©raphin, Uwimana Primitiva, yararubeshye ko baheruka kuvugana mu myaka yâ1990 ubwo bari mu buhungiro muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Tariki ya 22 Ugushyingo 2023, Uwimana wari wagiye mu rubanza nkâumutangabuhamya ushinjura, yanze gutangira ubuhamya mu ruhame, abwira urukiko kubera impamvu zirimo umutekano we, […]
U Bwongereza burateganya guha u Rwanda andi mafaranga muri gahunda yâabimukira
Guverinoma yâu Bwongereza yemeje ko muri uyu mwaka wâingengo yâimari wâ2023/2024 izaha iyâu Rwanda andi mafaranga yo kurufasha mu ishyira mu bikorwa rya gahunda yâubufatanye mu gukemura ibibazo byâabimukira nâiterambere ryâubukungu. Ibi byatangajwe nâUmunyamabanga Uhoraho mu biro byâUmunyamabanga ushinzwe umutekano wâimbere, Sir Matthew Rycroft, kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2023, ubwo yari imbere ya komisiyo […]
Umugore wa Twahirwa ari mu kaga: Umunyamategeko
Umugore wa Twahirwa SĂ©raphin uburana ibyaha bya jenoside nâibyâintambara mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels, Uwimana Primitiva, yaba yifuza ubuhungiro mu Bubiligi nyuma yo guhamya ko umugabo wa nta kibi yigeze akora. Umunyamategeko Me Vincent Lurquin agaragaza ko abukwiye kuko ngo “ari mu kaga”. Tariki ya 23 Ugushyingo 2023, Uwimana wari mu batangabuhamya bashinjura, yatunguye […]
Kinshasa: Depite aranenga ko Tshisekedi yitwara nkâaho ikibazo cyâu Rwanda na RDC kitazakemuka

Umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Claudel Lubaya, aranenga ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi, ari kwitwara nkâaho umwuka mubi uri hagati yâigihugu cyabo nâu Rwanda utazarangira. Tshisekedi kuva yatangira ibikorwa byo kwiyamamaza tariki ya 19 Ukuboza 2023, abwira Abanyekongo ko u Rwanda rwateye igihugu cyabo mu burasirazuba kandi ko abakandida batarwamagana […]
Kwa Basabose mu Bubiligi bafite amabendera yâu Rwanda ya kera: Ubuhamya
Urubanza rwa Basabose Pierre ubwo rwari rukomeje kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2023, umutangabuhamya yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu rugo rwâuyu muburanyi mu Bubiligi haba amabendera yâu Rwanda ya kera. Basabose wabaye umucuruzi muri Kigali na Twahirwa SĂ©raphin wabaye Perezida wâInterahamwe muri Gikondo, bari kuburanira muri uru rukiko guhera tariki ya 9 Ukwakira […]
Se w’umwana uherutse kuri Perezidansi aratakamba ngo umugore we afungurwe
Izabitegeka Innocent, umubyeyi wâumwana witwa Ishimwe Innocent uherutse kujya ku biro byâUmukuru wâIgihugu, Perezida Paul Kagame, asaba gufashwa kujyanwa mu ishuri rya FC Bayern Munich, aratakamba asabira umugore we gufungurwa. Izabitegeka na Ishimwe bagiye kuri Perezidansi tariki ya 21 Ugushyingo 2023, basobanura ko ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamukuye ku rutonde rwâabana bagomba kujya […]
Ntabwo icyerekezo kizongera gukoreramo ikigo kimwe gitwara abagenzi: Minisitiri Gasore
Minisitiri wâibikorwaremezo, Dr Gasore Jimmy, yatangaje ko bitandukanye nâibisanzwe, icyerekezo kimwe kitazongera gukoreramo ikigo kimwe gitwara abagenzi mu buryo bwa rusange. Ibi yabitangarije kuri televiziyo yâigihugu kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2023, ubwo yasobanuraga amabwiriza mashya yasohotse arebana nâuburyo bwo gutwara abagenzi, yitezweho gukemura bimwe mu bibazo bahura na byo birimo gutegereza imodoka igihe kinini. […]
âAri njye, ari Kagame ni nde ushaka ubutabera?â Ikibazo cyabarijwe mu rubanza rwa Munyemana
Umutangabuhamya mu rubanza rwa muganga Dr Munyemana SosthĂšne uburana mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa yabajije umunyamategeko wamubajije niba koko Perezida Paul Kagame wâu Rwanda aha abatangabuhamya amafaranga ngo bajye gushinja abakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Iki kibazo cyabajijwe nâumunyamategeko wunganira abaregera indishyi nyuma yâaho abunganira Dr Munyemana bamaze iminsi bagaragaza ko […]
RCS irahakana gufata CG (Rtd) Gasana mu buryo bwihariye
Urwego rwâigihugu rushinzwe igorora, RCS, rurahakana gufata mu buryo bwihariye umufungwa CG (Rtd) Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda na Guverineri wâintara yâAmajyepfo nâiyâIburasirazuba. Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha, RIB, tariki ya 26 Ukwakira 2023 rwatangaje ko rwataye Gasana muri yombi, rumukurikiranyeho icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa nâamategeko mu nyungu ze bwite nâicyo gusaba […]
Gén. Maj. Ndindiliyimana yabwiye urukiko ko Twahirwa yari mu Nterahamwe zitwaraga nabi
GĂ©nĂ©ral Major Ndindiliyimana Augustin wayoboye jandarumori yâu Rwanda mbere no mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko Twahirwa SĂ©raphin yari mu Nterahamwe zarangwaga nâimyitwarire mibi. Ndindiliyimana ubarizwa mu Bubiligi nyuma yâaho urukiko rwa Arusha rwashyiriweho u Rwanda rwamugize umwere ku byaha bya jenoside, yatanze ubuhamya mu rubanza […]
Itegeko rya Perezida Ruto ryo gukata ku mushahara wa buri mukozi ryateshejwe agaciro
Urukiko rukuru rwo muri Kenya rwatesheje agaciro itegeko rya Perezida William Ruto ryo gukata ku mushahara mbumbe wa buri mukozi wa Leta amafaranga 1.5% kugira ngo ashyirwe muri gahunda yo gufasha abaturage kubona inzu zijyanye nâubushobozi bwabo. Iyi gahunda yatangiye muri Nyakanga 2023, gusa ntiyavuzweho rumwe mu Banyakenya kuko hari abavugaga ko ari umutwaro ku […]
Umunyamakuru wavuzwe mu rubanza rwa Bunyoni yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Nkurunziza

Umunyamakuru Bob Rugurika wavuzwe nâubushinjacyaha mu rubanza rwa GĂ©nĂ©ral Alain Guillaume Bunyoni ko bateguranye umugambi wo gukura Perezida Evariste Ndayishimiye ku butegetsi bwâu Burundi, arahamya ko Pierre Nkurunziza yapfuye arozwe. Ubushinjacyaha buherutse kuvuga ko Bunyoni yahaye Rugurika amafaranga kugira ngo amufashe kunoza uyu mugambi, ariko uyu Jenerali we yisobanuye ko ayo yamuhaye yari ayo kugira […]
EALA irahamya ko EAC idashobora gukura ingabo muri RDC zitarabona izizisimbura
Inteko ishinga amategeko yâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, EALA, yatangaje ko ingabo zawo ziri mu butumwa bwâamahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo zidashobora kuvayo mu gihe zitarabona izizisimbura. Ibi ni Perezida wa EALA, Ntakirutimana Joseph, wabimenyesheje abanyamakuru i Kigali kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023, ubwo bamubazaga ku gihe izi ngabo zizasubirira mu […]
Inshuti ya Kajuga Robert yasobanuye uko Twahirwa yarashe benshi, Habyarimana amaze gupfa
Mucanda Vital alias Kivumbi wari inshuti ikomeye ya Kajuga Robert wabaye Perezida wâInterahamwe ku rwego rwâigihugu yasobanuriye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi uko Twahirwa SĂ©raphin yarashe abantu benshi ubwo yari amaze kumenya ko indege ya Habyarimana JuvĂ©nal ihanuwe. Abatangabuhamya batandukanye bumvikanye muri uru rukiko kuva urubanza rwatangira tariki ya 9 Ukwakira 2023, bagiye […]
Uwarokotse jenoside yasobanuriye urukiko uko yagizwe umugore afite imyaka 11
Urubanza rwa Dr Munyemana SosthĂšne uburana ibyaha bya jenoside nâibyibasiye inyokomuntu mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa, rwakomeje kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023 humvwa ubuhamya. Ubuhamya bwa mbere bwumviswe ni ubwâumugore wâimyaka 40, akaba ari mu batangabuhamya bâumuryango IBUKA uharanira inyungu zâabarokotse jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umwe mu baregera indishyi. Uyu mutangabuhamya […]
Inteko ya EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo byâu Rwanda na RDC

Perezida wâInteko ishinga amategeko yâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EALA), Ntakirutimana Joseph, yatangaje ko we na bagenzi be badashobora kwivanga mu bibazo byâumutekano biri ku rwego rwa Repubulika ya demukarasi ya Congo nâu Rwanda. Ibi yabivuze kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023 mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, ubwo yabazwaga ku mwuka mubi uri hagati yâu Rwanda na […]
U Rwanda na RDC birashimirwa uko biri kwitwara mu kibazo cyâimpunzi
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, rirashimira u Rwanda na Repubulika ya demukarasi ya Congo ku buryo byakiriye impunzi zâAbanyekongo nâizâAbanyarwanda no kuba byariyemeje gufasha izifuje gutaha. Ni nyuma yâaho ibihugu byombi bihuriye mu biganiro byiga ku kibazo cyâizi mpunzi, byabereye i Nairobi muri Kenya tariki ya 23 nâiya 24 Ugushyingo 2023, ku butumire […]
Abavandimwe ba Twahirwa babwiye urukiko ko nta ruhare rwe bazi muri jenoside
Abavandimwe ba Twahirwa SĂ©raphin, Nyirasafari EspĂ©rance, Nkuyinzira Jean Baptiste na mwene se Ruzindana Tharcisse babwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko nta ruhare rwe bazi muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Urubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin rwakomeje tariki ya 24 Ugushyingo 2023, aburana ibyaha bya jenoside nâibyâintambara. Humviswe ubuhamya bw’abarimo aba bavandimwe be babiri […]
Biden ari gucungira hafi ivugururwa ryâamasezerano yâu Rwanda nâu Bwongereza
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, ari gucungira hafi ivugururwa ryâamasezerano ya guverinoma yâu Rwanda nâiyâu Bwongereza mu gihe byitezwe ko ashobora kujyana no kwikura mu bubasha bwâurukiko rwâi Burayi rushinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu. Urukiko rwâikirenga rwo mu Bwongereza tariki ya 15 Ugushyingo 2023 rwatesheje agaciro gahunda yâiki gihugu yo kohereza abimukira mu […]