Bibiliya yasanzwe nta n’urupapuro rwahiye mu gihe imodoka yari ibitsemo yabaye umuyonga

Sangiza iyi nkuru

Inkongi y’umuriro mu gace ka Onitsha muri Leta ya Anambra mu gihugu cya Nigeria yatwitse imodoka zitari munsi y’eshatu ziba umuyonga mu gihe Bibiliya yari muri imwe muri izo modoka, nta n’urupapuro rwayo rwigeze rushya.

Ibyabaye byatangaje benshi kuko ibyari aho byose aho izo modoka eshatu zari ziparitse, byahiye birakongoka nk’uko ibinyamakuru byo muri Anambra bibivuga.

Amashusho yasakaye yerekana umugabo ashyize Bibiliya hejuru, ayereka abari aho, ntacyo yabaye inyuma, ndetse anarambura n’impapuro, abereka ko imodoka umuriro ntacyo wayitwaye.

Ibyabaye byatumye abari aho batera hejuru bashimira Uhoraho, bakoma amashyi, bavuga ko Imana ibigaragarije.

Muri Ghana mu 2020 nabwo Bibiliya yarokotse umuriro wibasiye isoko rya odawna riri ahitwa Kwame Nkrumah Circle muri Accra. Icyo gihe abacuruzi bayivanye mu ivu, ntacyo yabaye.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Bibiliya yasanzwe nta n’urupapuro rwahiye mu gihe imodoka yari ibitsemo yabaye umuyonga
    Arikose ijambo ry’ Imana ryatwikwa Niki koko kandi naryo ar’umuriro?Have sigaho kuko mwiboneyeko rirusha n’ibyuma gukomera kandi abatabizi babimenye.Isi n’ijuru nibshyiraho ariko ijambo ry’Uwiteka rizahoraho iteka ryose.Amen

  2. Bibiliya yasanzwe nta n’urupapuro rwahiye mu gihe imodoka yari ibitsemo yabaye umuyonga
    Arikose ijambo ry’ Imana ryatwikwa Niki koko kandi naryo ar’umuriro?Have sigaho kuko mwiboneyeko rirusha n’ibyuma gukomera kandi abatabizi babimenye.Isi n’ijuru nibshyiraho ariko ijambo ry’Uwiteka rizahoraho iteka ryose.Amen

  3. Bibiliya yasanzwe nta n’urupapuro rwahiye mu gihe imodoka yari ibitsemo yabaye umuyonga
    Imana ishimwe yo yarinze igitabocyayo ikinicye rekana ko bibiriya ari igitabo cyimana ntakabuza bibiriya yubawe.

  4. Bibiliya yasanzwe nta n’urupapuro rwahiye mu gihe imodoka yari ibitsemo yabaye umuyonga
    Imana ishimwe yo yarinze igitabocyayo ikinicye rekana ko bibiriya ari igitabo cyimana ntakabuza bibiriya yubawe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *