Bitunguranye abamalaika bagose abakristo bari guhimbaza-REBA VIDEO

Sangiza iyi nkuru

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza uburyo abamalaika bashobora kuza mu materaniro maze abantu bose bari mu materaniro bakababona n’amaso y’umubiri.
Mu materaniro yayoborwaga n’uwitwa umuhanuzi Shepherd Bushiri ubwo bari bari guhimbaza no kuranya mu materaniro bisanzwe, abantu bose batwawe, igihe cyarageze prophet Bushiri abwira abari baje mu materaniro ngo barebe abamalaika, mu gutungurwa n’ayo mashusho bamwe baranezerewe abandi batangira gusimbagurika.
New Picture
Ibyo bamwe bavuga ko byababereye amayobera aho babonye n’amaso yabo abo bamalaika basa n’abambaye umubiri, abandi bati umumalaika ntashora kubonwa na buri muntu wese waje mu materaniro kuko malaika ari umwuka atari ikiremwa gisanzwe, bakaba bibaza ngo byashoboka gute ko malaika abonwa na buri wese waje mu materaniro.
Nawe irebere video ariko ntiguhungabanye ngo ibe yahindura ukwemera kwawe nk’uko bamwe bavuzengo aba bamalaika ari imyuka mibi, ngo n’abakorano batavuye ku Mana yo mwijuru.

Kanda maze urebe video.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *