Uwahoze ari komanda w’Abajanjaweed muri Darfur yabaye uwa mbere ukatiwe na ICC

Ku wa Kabiri, itariki ya 9 Ukuboza 2025, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwakatiye Ali Kushayb wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba z’Abanyasudani, igifungo cy’imyaka 20, kubera ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Ibyo byaha byakozwe mu ntambara y’abaturage mu myaka makumyabiri ishize mu karere ka Darfur gaherereye mu burengerazuba bwa Sudani. Niwe muyobozi wa mbere w’inyeshyamba muri Sudani […]
ADEPR yasengeye abagore kuba abashumba

Itorero ADEPR rimaze imyaka 85 ryumvwa mu Rwanda, ryafashe icyemezo cy’amateka cyemerera abagore kuba Abapasiteri, ibintu bitari byigeze biba kuva ryashingwa. Ku wa Kabiri, tariki 9 Ukuboza 2025, ni bwo abagore 15 ba mbere batorewe ku mugaragaro inshingano z’Ubushumba. Na mbere y’iki cyemezo, abagore bari bemererwa imirimo nka Mwalimu, kuyobora amakorali, cyangwa gukorera mu nzego […]
Me Nyarugabo yahumurije abatuye Uvira yafashwe na AFC/M23

Me Moïse Nyarugabo wigeze kuba Minisitiri w’Ubukungu wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahumurije abatuye mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, abasaba kudahunga ingabo z’umutwe wa AFC/M23. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza ni bwo Ingabo za mbere za AFC/M23 zinjiye muri Uvira, nyuma y’imirwano yari imaze […]
AFC/M23 na Kinshasa baritegura guhurira mu biganiro bishya i Doha

Ibiganiro bishya bizatangira mu minsi iri imbere hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za AFC / M23 i Doha, ku buhuza bwa Leta ya Qatar. Ibi byatangajwe ku wa Kabiri, itariki ya 9 Ukuboza 2025, na Bertrand Bisimwa, Umuhuzabikorwa wungirije wa AFC / M23, mu kiganiro n’abanyamakuru i Goma, umurwa […]
Musanze: Abantu 15 bakurikiranweho kunyereza umutungo wa MMI

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Musanze bukurikiranye abantu 15 barimo abaganga ba amavuriro yigenga, abakozi ba Farumasi ndetse na bamwe mu banyamuryango ba MMI bakurikiranyweho guhimba inyandiko bagamije kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare cy’Ubwishingizi ku Ndwara (MMI). Ibi bikorwa bikaba byarakozwe mu bihe bitandukanye aho amavuriro yigenga, Farumasi n’abanyamuryango b’Ikigo cya Gisirikare cy’Ubwishingizi ku Ndwara […]
Amerika n’ibihugu by’i Burayi bokeje RDF na AFC/M23 igitutu

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na bimwe mu bihugu byo ku mugabane w’u Burayi, byashyize igitutu ku mutwe wa AFC/M23 n’Ingabo z’u Rwanda bishinja kuwushyigikira, bisaba impande zombi “guhagarika by’ako kanya” ibitero muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Usibye Washington, abandi bifatanyije na yo mu gushyira igitutu ku Rwanda na AFC/M23 barimo Umuryango w’Ubumwe bw’u […]
AFC/M23 yigaruriye Umujyi wa Uvira

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza zinjiye mu mujyi wa Uvira. AFC/M23 yinjiye muri uriya mujyi wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kwirukana ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC mu duce twose tuwukikije. Ubuyobozi […]
Loni iremeza ko Kinshasa yakomeje gukorana na FDLR

Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri raporo yaryo nshya, ryerekanye ko leta yakomeje gukoresha imitwe yitwara gisirikare irimo FDLR mu kurwanya inyeshyamba za AFC / M23. Muri iyi raporo izasohoka vuba yabashije kubonwaho n’ibitangazamakuru bitandukanye kuri uyu wa Mbere, itariki 8 Ukuboza 2025, impuguke zivuga ko Leta ya Kinshasa yakomeje […]
Brig. Gen Rusanganwa wayoboraga APR FC yahawe inshingano nshya

Brig. Gen Deo Rusanganwa wari Umuyobozi Mukuru w’Ikipe ya APR FC, yagizwe umuyobozi wa Diviziyo ya kabiri y’Ingabo z’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyaruguru.
Perezida Kagame yageneye Ouattara ubutumwa bwihariye

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yashyikirije Perezida Alassane Ouattara wa Côte d’Ivoire ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida Paul Kagame. Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahuye na Perezida Ouattara, nyuma yo kwitabira umuhango w’irahira rye wabaye ku wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza 2025. U Rwanda na Côte d’Ivoire ni ibihugu bisanzwe bifitanye imibanire myiza mu nzego […]
M23 yigaruriye akandi gace kegereye Uvira

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Mutarama wigaruriye Kiliba, agace gaherereye mu bilometero bibarirwa muri 15 uvuye mu mujyi wa Uvira. Kiliba yafashwe nyuma y’uko Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo zari zikarimo zihisemo kukavamo zigahunga. Nyuma y’ifatwa rya Kiliba kandi amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira avuga ko […]
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 irimo gukoza intoki ku Mujyi wa Uvira

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko ibisasu byatangiye guterwa mu bice bikikije Umujyi wa Uvira nyuma y’uko AFC/M23 imaze iminsi ikomeje gusatira uyu mujyi ukomeye wa nyuma muri iyi ntara. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 9 Ukuboza 2025, amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo atangazwa n’ababibikurikiranira hafi […]
U Burundi bwateguye abantu bo kuza guhungabanya umutekano mu Rwanda

Ubutegetsi bw’u Burundi ku wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, bwasabye Imbonerakure (umutwe witwara gisirikare w’urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD) kwegera umupaka w’u Rwanda, bunategura abantu bo kuza guhungabanya umutekano w’igihugu. Ni icyemezo ubutegetsi bwa Gitega bwafashe nyuma y’uko kuva mu cyumweru gishize bwikunditse u Rwanda bushinja kurasa ibisasu ahitwa mu Rugombo mu yahoze ari […]
France: Brigitte Macron yise abantu indaya mbi aratamazwa

Umugore wa Mbere mu Bufaransa kuri ubu, akaba umugore wa Perezida Emmanuel Macron yanenzwe nyuma y’amashusho yagiye hanze amwerekana atuka abaharanira uburenganzira bw’umugore abita indaya mbi (“dirty b****s”) mbere yo kwitabira igitaramo cyo gusetsa cya Ary Abittan, wigeze gushinjwa gufata ku ngufu. Brigitte Macron, yateje urunturuntu nyuma yo gufatwa amashusho yita abigaragambyaga baharanira uburenganzira bw’umugore […]
Ykee Benda yakoze impanuka agiye kwamamaza Perezida Museveni

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Ykee Benda, ari mu mashimwe nyuma yo kurokoka impanuka ikomeye y’imodoka ubwo yari mu rugendo rwo gushyigikira ibikorwa byo kwamamaza Perezida Yoweri Museveni. Iyi mpanuka yabaye ku wa Mbere, tariki ya 8 Ukuboza 2025, ubwo Ykee Benda n’itsinda rye bari berekeje mu Karere ka Kyegegwa mu Ntara y’Iburengerazuba bwa Uganda, aho […]
Polisi yafunze rutahizamu Ivan Toney

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Ivan Toney yatawe muri yombi ku wa Gatandatu nyuma yo gukekwaho gukubita umuntu washatse kumwifotorezaho mu kabari gaherereye muri Soho, i Londres. Ikinyamakuru The Sun cyasohoye ifoto igaragaza Toney w’imyaka 29 asohorwa mu kabari ka 100 Wardour St yambaye amapingu. Amakuru avuga ko Toney yababajwe n’umufana wamufashe ku rutugu agerageza […]
Drones za FARDC zateye ibirindiro bya AFC/M23 i Katale, mu gihe imirwano yari ikaze i Kinyumba

Ikibazo cy’umutekano gikomeje kuba ndanze muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’ibitero bya drones byagabwe n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku birindiro bya AFC/M23. Kuri uyu wa Mbere ushize, agasozi k’ingenzi ka Katale ni ko kibasiwe n’ibitero by’indege zitagira abadereva bitera ubwoba mu baturage bo muri Katale-Centre. Bivugwa ko ibirindiro bya […]
Burkina Faso yafunze abasirikare 11 ba Nigeria

Leta ya Burkina Faso yatangaje ko yafashe indege ya gisirikare ya Nigeria yo mu bwoko bwa C-130 yari itwaye abasirikare 11, ikavuga ko yinjiye mu kirere cyayo mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Amakuru yatangajwe n’Ikigo cy’Amakuru cya Burkina Faso mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umuryango w’Ibihugu byo muri Sahel (Alliance des États du Sahel – AES), avuga […]
Manzi Thierry na Bizimana Djihad batwaye igikombe

Al Ahli Tripoli, ikipe ibarizwamo Abanyarwanda Manzi Thierry na Bizimana Djihad, yongeye kwandika amateka nyuma yo kwegukana igikombe cya Libya Super Cup, itsinze Al-Ahly Benghazi kuri penaliti. Ni ubwa kabiri mu mateka y’iyi kipe itwara ibikombe bitatu bikomeye bya Libya mu mwaka umwe. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi muri Afurika n’ahandi ku isi, wimurirwa […]
Ubushinjacyaha bwa Honduras buri gushakisha uwahoze ari perezida wahawe imbabazi na Trump

Umushinjacyaha mukuru wa Honduras, Johel Zelaya, yasabye ubufasha bwa Interpol anategeka abayobozi b’igihugu gushyira mu bikorwa icyemezo cyo guta muri yombi uwahoze ari Perezida Juan Orlando Hernandez. Mu cyumweru gishize, Hernandez yavuye muri gereza yo muri Amerika nyuma yo kubabarirwa na Perezida Donald Trump. Ubusanzwe yari yakatiwe imyaka 45 y’igifungo kubera uruhare yagize mu kwinjiza […]
Nigeria: Abana b’abanyeshuri 100 mu baherutse gushimutwa babohojwe

Kuri uyu wa Mbere ushize, Guverinoma ya Nigeria yabohoje abanyeshuri 100 bashimuswe mu kwezi gushize mu ishuri ry’Abagatolika muri Leta ya Niger, muri bumwe mu bushimusi bukabije bubaye muri iki gihugu mu myaka ishize. Abanyeshuri bageze mu nzu ya leta mu murwa mukuru wa Leta ya Niger, Minna bashyikirizwa guverineri wa leta nk’uko inkuru dukesha […]
U Burundi bwijumditse u Rwanda kubera Ingabo zabwo zikomeje kwicirwa muri Congo

Guverinoma y’u Burundi yashinje u Rwanda gukomeza “ibikorwa bihungabanya umutekano” ku mupaka ubuhuza na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inerura ko ingabo zabwo ziri ku butaka bwa Congo zitazavayo kugeza igihe akazi kazijyanye kazaba karangiye byuzuye. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Bizimana Edouard, mu kiganiro ku Cyumweru gishize yahaye abahagarariye ibihugu byabo n’imiryango […]
Umugore wageretse inda kuri Heung-min Son yakatiwe imyaka ine y’igifungo

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye imyaka ine y’igifungo umugore w’imyaka 20 wari ukurikiranyweho gutekera umutwe umukinnyi, Son Heung-min, wabaye kapiteni wa Tottenham Hotspur. Uwo mugore, uri mu myaka ya za 20, hamwe n’umugabo bari bafatanije uri mu myaka ya za 40, bahamijwe icyaha cyo gukangisha Son bamubeshya ko atwite inda ye. Urukiko rwumvise ko […]
Theo Bosebabireba yongeye kwerekana ubukaka bwe

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba, yongeye kwerekana ubukaka bwe mu muziki ubwo yasusurukizaga abitabiriye ibirori byo gutanga ibihembo bya “Inzu y’Ibitabo Award,” byabereye ku Cyumweru, tariki ya 7 Ukuboza 2025. Mu gitaramo cyari cyuzuye ibyishimo, Theo yibukije benshi impamvu indirimbo ze zimaze imyaka myinshi zikoroga imitima y’abakunzi b’umuziki w’Imana, kuva yatangira […]
M23 yageze mu bilometero 30 uvuye mu mujyi wa Uvira

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye agace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Sange yafashwe nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC ziyivuyemo. Agace ka Sange gaherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 uvuye mu mujyi wa Uvira wa kabiri […]
Tshisekedi yashyize ibirego ku Rwanda mu ijambo yavugiye mu Nteko Ishinga Amategeko

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagejeje ijambo ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye ryaranzwe no gushyira ibirego ku Rwanda. Tshisekedi yavuze iryo jambo nyuma y’iminsi mike we na Perezida Paul Kagame bashyize umukono ku masezerano y’amahoro, mu muhango wabereye imbere ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe […]
U Burayi bwatangiye gusaba Amerika kureka kwivanga muri politiki yabwo

Perezida w’Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Antonio Costa, yamaganye ingamba nshya z’umutekano za Amerika asanga zibangamiye inyungu z’u Burayi. Yagaragaje kandi impungenge z’uko izo mpinduka muri politiki y’umutekano ya Amerika zakiriwe neza n’u Burusiya. Kuri uyu wa Mbere, Perezida w’Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi, Antonio Costa, yatangaje ko ingamba nshya z’umutekano za Leta Zunze Ubumwe za […]
M23 yafashe Nyakabere, ikomeza gusatira Uvira

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye Centre ya Nyakabere yo muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kuhirukana ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyakabere ni Centre ibarizwa mu bilometero 40 mu majyaruguru ya Uvira, ibisobanura ko AFC/M23 ikomeje […]
Trum aravuga ko Zelenskyy atiteguye gushyira umukono ku mushinga w’amahoro wateguwe na Amerika

Perezida Donald Trump yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, atiteguye gushyira umukono ku mushinga w’amahoro wateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagamijwe guhagarika intambara y’u Burusiya muri Ukraine. Trump yatangaje ibi nyuma y’uko abashinzwe imishyikirano ba Amerika na Ukraine barangije ibiganiro by’iminsi itatu ku wa Gatandatu. Trump yanenze Zelenskyy nyuma y’imishyikirano ya Amerika […]
Kigali: Davido yashatse gusohoka muri Hoteli atishyuye

I Kigali mu mpere z’icyumweru habaye ikibazo gikomeye hagati ya Davido na hoteli yari acumbitsemo, ubwo uyu muhanzi yashatse gusohoka muri hoteli atishyuriye ibyo we n’itsinda rye bari bakoresheje nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru UkweliTimes. Amakuru yatanzwe n’umuntu wari hafi aho wahisemo kudatangazwa amazina ku mpamvu z’umutekano yemeza ko ku wa 6 Ukuboza 2025 Davido n’itsinda ryamuherekeje […]
FARDC yasubiranye na Wazalendo muri Kivu y’Amajyepfo, hapfa benshi

Abantu 36 ni bo byamekanye ko baguye mu mirwano yasakiranyije abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo, mu gace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni imirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 7 Ukuboza 2025. Amakuru aturuka muri aka gace, avuga […]
Miss Kalimpinya Queen yegukanye Shampiyona y’u Rwanda

Nyuma y’amezi arindwi y’imikino itanu ikomeye, Shampiyona y’u Rwanda yo gusiganwa mu modoka yabonye umuryango mushya w’ubatwara igikombe: Kalimpinya Queen. Uyu mukobwa wahoze ari igisonga cya gatatu cya Miss Rwanda 2017 yegukanye iri rushanwa ku wa 6 Ukuboza 2025, ubwo yari kumwe na Ngabo Olivier, batsindaga isiganwa rya Rallye des Mille Collines ribera mu Karere […]
Darest wo muri Juda Muzik yarongoye (Amafoto)

Ishimwe Prince, uzwi cyane nka Darest wahoze aririmba mu itsinda Juda Muzik, yakoze ubukwe n’umukunzi we Iradukunda A. Souvenir, utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Imihango yo gusaba no gukwa ndetse no gusezerana imbere y’Imana yabereye Golden Garden i Rebero ku wa 7 Ukuboza 2025, mbere y’uko abageni bakira abari bitabiriye. Ubukwe bwitabiriwe n’abantu […]
P. Kagame yatanze umucyo ku watumye ibiganiro ku bibazo bya Congo byaberaga muri Afurika bijyanwa mu mahanga

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byari bimaze igihe bibera i Luanda na Nairobi byajyanwe hanze y’umugabane wa Afurika, ku busabe bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Umukuru w’Igihugu yemeje ayo makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo ya Al Jazeera. Ni ikiganiro Perezida Kagame yahaye kiriya gitangazamakuru, […]
Loni yongeye kwibasira u Rwanda

Mu gihe ku wa Kane, itariki ya 4 Ukuboza, DRC n’u Rwanda byemeje amasezerano i Washington, agamije guhagarika amakimbirane mu burasirazuba bwa DRC, raporo y’igihembwe y’abashakashatsi bashyizweho n’Akanama gashinzwe Umutekano ka Loni irenda gusohoka. Aba bashakashatsi baremeza ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) zagize uruhare rutaziguye muri ibyo bikorwa bya M23 byo kurwanya inyeshyamba za FDLR. […]
Uvira: FARDC iravuga ko yafashe intasi 3 za AFC/M23

Ku Cyumweru, itariki ya 7 Ukuboza 2025, Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko hafashwe abantu batatu bakekwaho kuba intasi zifitanye isano n’inyeshyamba za AFC/M23 i Luvungi, muri Teritwari ya Uvira muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko byatangajwe na Lieutenant Mbuyi Kalonji Reagan, Umuvugizi wa Operation Sukola 2 Kivu y’Amajyepfo, ngo aba batawe […]
ECOWAS igiye kohereza ingabo muri Benin nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi

Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) ku Cyumweru wategetse kohereza ingabo z’akarere muri Bénin nyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi. Nk’uko byatangajwe na ECOWAS, ngo ingabo zizaba zirimo abasirikare baturutse muri Nigeria, Sierra Leone, Cote d’Ivoire, na Ghana. Itangazo rivuga ko izo ngabo zizafasha guverinoma n’Igisirikare cya Bénin “kubungabunga umutekano w’itegeko nshinga n’ubusugire bwa Repubulika […]
Benin: Abantu 14 batawe muri yombi bashinjwa kugerageza coup d’etat

Kuri iki Cyumweru, Guverinoma ya Benin yavuze ko ingabo zayo zahagaritse umugambi wo guhirika ubutegetsi nyuma y’uko itsinda ry’abasirikare bo muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba bavugiye kuri televiziyo y’igihugu ko bafashe ubutegetsi. Abantu 14 batawe muri yombi. Kugerageza guhirika ubutegetsi niko guheruka muri ako karere, kamaze iminsi kabamo guhirika ubutegetsi mu baturanyi ba Benin […]
Masisi: Drones ziri kurasa ubutitsa ibirindiro bya AFC/M23 n’ibice igenzura

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 7 Ukuboza, mu mujyi wa Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru, Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyateye ibisasu ku birindiro bibiri bya AFC / M23. Ngo ni ibirindiro biri ku gasozi k’ingenzi ka Kahongole gateganye na komini ya Masisi y’icyaro, n’ibirindiro biri hafi y’ibiro by’ubuyobozi bwa teritwari. Nk’uko amakuru […]
Kayonza: Abagize Komite Nyobozi y’Akarere barimo Meya Nyemazi bahagaritswe

Abagize Komite Nyobozi y’Akarere ka Kayonza barimo Umuyobozi w’Akarere Nyemazi John Bosco birukanwe ku mirimo yabo. Usibye Umuyobozi w’Akarere, Nyemazi John Bosco, abandi RBA itangaza ko birukanwe ni Munganyinka, Hope, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu na Harelimana Jean Damascène, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage. Itangazo ry’akarere rivuga ko aba bayobozi bahagaritswe kubera […]
Twirwaneho irigamba guhanura kajugujugu yakoreshwaga n’abacanshuro

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uravuga ko ari wo wahanuye indege ya kajugujugu yakoreshwaga n’abacanshuro b’abazungu mu gutera amabombe mu bice bituwe mu biturage birimo Mikalati na Mikenke. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru, itariki 7 Ukuboza 2025, MRDP-Twirwaneho, ivuga ko “Igisirikare cy’u Burundi kitabaje kajugujugu 3 zitwawe n’abacanshuro b’abazungu, zarashe amabombe mu midugudu ya Mikalati, […]
Afurika y’Epfo: Abantu 11 biciwe mu kabari

Nibura abantu 11 bishwe barimo umuhungu w’imyaka itatu, nyuma y’amasasu yarasiwe kuri uyu wa Gatandatu mu kabari katemewe mu Mujyi wa Pretoria wo muri Afurika y’Epfo, aho igipolisi gikomeza kivuga ko batangiye guhiga abantu batatu bakekwaho icyaha batamenyekanye. Abandi bantu 14 bakomeretse muri ubu bwicanyi bwabereye mu Mujyi wa Saulsville, nk’uko igipolisi cyabitangaje mu itangazo […]
Benin: Haravugwa ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Perezida Patrice Talon

Amakuru aturuka mu gihugu cya Benin aravuga ko kuri iki Cyumweru, itariki ya 7 Ukuboza 2025, muri Bénin habaye kugerageza guhirika ubutegetsi.Umutwe w’abasirikare wavuze ko wafashe ubutegetsi i Cotonou maze ukuraho Perezida Patrice Talon. Mu itangazo ryanyujijwe inshuro nyinshi kuri SRTB (umuyoboro wa televiziyo y’igihugu ya Benin), abasirikare batangaje iseswa ry’inzego za Leta ndetse n’ikurwaho […]
FARDC yongeye gukozanyaho n’inyeshyamba za Mai-Mai Simba muri Lubutu

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 6 Ukuboza, imirwano ikaze yadutse hagati y’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe witwa “Mai-Mai Simba”, uyobowe n’uwiyise General Bukui, ahitwa Lubutu, mu Ntara ya Maniema. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, kurasana hagati y’impande zombi byatangiye saa munani z’amanywa ku isaha yo mu Mujyi […]
Lt. Col Manirakiza wa FDNB yakomerekeye bikomeye mu mirwano na AFC/M23

Umuyobozi wa batayo ya 18 y’Ingabo z’u Burundi ziri kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt. Col Manirakiza Patrice, yakomerekeye mu mirwano yasakiranyije ingabo yari ayoboye n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Lt. Col Manirakiza yakomerekeye mu mirwano yabereye mu gace ka Luvungi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ejo ku wa Gatandatu tariki ya […]
AFC/M23 yongeye gusaba u Burundi kuvana bwangu ingabo zabwo muri RDC

Umutwe wa AFC/M23 wongeye gusaba igihugu cy’u Burundi gucyura “by’aka kanya kandi nta mananiza” ingabo zabwo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko kuhaba kwazo biteje ikibazo gikomeye ku mutekano wa kiriya gihugu n’uw’akarere. U Burundi kuva muri 2023 bufite mu burasirazuba bwa RDC ingabo zirenga 10,000 ziyongeraho abarwanyi bo mu mutwe […]
Nyabihu: RIB yafashe umuyobozi ushinzwe imirimo mu karere

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruravuga ko rwataye muri yombi Twagirayezu Jean Paul, Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na RIB muri iku gitondo cyo ku Cyumweru rivuga ko akurikiranweho ibyaha byo kwigwizaho umutungo no kutawumenyekanisha ku Rwego rw’Umuvunyi nkuko biteganywa n’amategeko. Ubu uyu afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo […]
Gabiro: Gen. Mubarakh yayoboye umuhango wo gusoza imyitozo ya Advanced Infantry Course

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa y’Ingabo ku rwego rwa Brigade yabereye mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare cya Gabiro. Iyo Brigade yari imaze amezi atanu n’icyumweru kimwe mu mahugurwa yisumbuye y’ ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Course). Mu ijambo rye, Gen Mubarakh yashimiye abasirikare barangije […]
Inyeshyamba za Twirwaneho na AFC/M23 zikomeje gufata imisozi ikikije Uvira

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 6 Ukuboza, abarwanyi ba Twirwaneho, bafatanya na AFC / M23, bigaruriye umujyi wa Rurambo, umujyi wo mu misozi ya Uvira, nyuma y’imirwano bagiranye na Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi. Ku wa Gatanu, imirwano yari yamaze gukomera hagati y’impande zirwanira muri ako karere. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko inyeshyamba […]
U Buhinde: Abantu 23 barimo ba mukerarugendo bapfiriye ku kabyiniro

Abayobozi mu Buhinde baravuga ko byibuze abantu 23 baguye mu nkongi y’umuriro mu kabyiniro (nightclub) kazwi cyane mu karere ka Goa. Benshi mu bahuye n’insanganya ngo ni abakozi muri ako kabyiniro gaherereye Arpora, mu majyaruguru ya Goa, mu gihe ba mukerarugendo, batavuzwe umubare, nabo bari mu bapfuye. Polisi yemeza ko icupa rya gaz ryaturikiye […]
AFC/M23 yafashe Luvungi, FARDC na FDNB bakwira imishwaro

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Ukuboza wigaruriye agace ka Luvungi gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 yafashe Luvungi nyuma y’iminsi itanu yari imaze iyirwaniramo mu buryo bukomeye n’ingabo zirimo iza Leta ya RDC (FARDC), iz’u Burundi […]
Imirwano ya M23 n’abarimo FDNB igeze ku munsi wa 5: Amakuru avugwa ku rugamba

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Ukuboza 2025, imirwano yakomeje gusakiranya ingabo zo mu mutwe wa AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imirwano igeze ku munsi wayo wa gatanu yikurikiranya, nyuma y’iminsi ine y’indi ikomeye yasakiranyije AFC/M23 n’ihuriro ririmo FARDC, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR. Kuri ubu […]
Ni iki cyatumyevJuno Kizigenza na Ariel Wayz basomanira muri Arena

Mu gitaramo cya Davido cyabereye muri BK Arena ku wa 5 Ukuboza 2025, Juno Kizigenza na Ariel Wayz bemeje abafana ubwo basomaniraga ku rubyiniro, ibintu byahise byongera amarangamutima y’abari babyitabiriye. Nyuma y’iki gikorwa cyavugishije benshi, Juno Kizigenza yasubije abanyamakuru avuga ko byatewe n’umunezero bari bafite icyo gihe. Yagize ati: “Ni uko twari twishimye cyane.” Ariel […]
The Ben ari Dubai

Umuhanzi The Ben wari utegerejwe n’Abanyarwanda batuye Dubai, yahageze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo kubanza kwitabira ibirori bya Zacu Gala byabereye i Kigali ku wa 5 Ukuboza 2025, mu rwego rwo kubahiriza gahunda yari yemereye Zacu Entertainment. Nubwo byari biteganyijwe ko agera i Dubai mbere, gahunda yahindutse kubera ibyo birori batarangije […]
U Burundi bwagaragaje umujinya w’umuranduranzuzi nyuma yo gusubizwa na AFC/M23

Guverinoma y’u Burundi yagaragarije umujinya w’umuranduranzuzi umutwe wa AFC/M23, nyuma y’uko ingabo zawo zirashe ku butaka bwa kiriya gihugu. Ku wa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza ni bwo AFC/M23 yarashe ibisasu bibiri muri Zone Rugombo iherereye mu yahoze ari intara ya Cibitoke. Amakuru avuga ko kimwe muri ibyo bisasu cyashenye imwe mu mbunda nini Ingabo […]
U Rwanda na Amerika byasinyanye amasezerano mashya afite agaciro ka Frw miliyari 330

U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byaraye bisinyanye amasezerano ya kabiri y’imikoranire mu bijyanye n’ubuzima. Ku ruhande rw’u Rwanda ayo masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu gihe ku rwa Amerika yasinywe na Jeremy Lewin, Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Inkunga mpuzamahanga, Ibibazo by’Ubutabazi ndetse no kwishyira ukizana kw’amadini. Amasezerano […]
Ba Jenerali ba FARDC na ba Ofisiye ba Polisi ya RDC bahamijwe guta Goma bakayisigira M23

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu rwakatiye ibifungo bitandukanye ba Ofisiye bahoze bayoboye Ingabo na Polisi mu mujyi wa Goma, nyuma yo kubahamya icyaha cyo guta uyu mujyi bikarangira ufashwe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Aba barimo ba Jenerali Dany Yangba Tene na Papy Lupembe Mobenzo, cyo […]
Perezida Kagame yitabiriye tombola y’Igikombe cy’Isi

Perezida Paul Kagame ari mu banyacyubahiro baraye bitabiriye tombola y’Igikombe cy’Isi cya 2026 yabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni umuhango witabiriwe n’abantu batandukanye, barimo Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’uw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino. Ku wa 11 Kamena 2026 ni bwo ririya rushanwa rizakinirwa muri Leta […]
Lt. Col Minani wa FDNB yivuganwe na M23

Lieutenant-Colonel Athanase Minani wari umuyobozi wa batayo ya munani y’Ingabo z’u Burundi ziri kurwanira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yishwe n’umutwe wa AFC/M23. Lt. Col Minani wahoze mu ngabo za kera z’u Burundi (Ex FAB), amakuru avuga ko yiciwe muri Operasiyo abasirikare bo mu mutwe w’abakomando na AFC/M23 baheruka gukorera mu gace ka Luvungi, […]
Juno na Ariel Wayz basomaniye ku rubyiniro

Mu gitaramo cyaranzwe n’ubushyuhe bw’amarangamutima n’akanyamuneza k’abakunzi b’umuziki, abahanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongereye igicucu cy’akarusho ubwo basomaniraga ku rubyiniro, ibintu byahise bihindura umwuka w’abitabiriye igitaramo. Byari mu masaha y’umugoroba, ubwo Juno yari ageze ku ndirimbo Away yakoranye na Ariel Wayz. Ku rubyiniro rwari ruhanzwe amaso n’imbaga, Juno yahamagaye Ariel Wayz ngo baze bayiririmbane […]