Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa

Sangiza iyi nkuru

Ujya uvuga ijambo ndagukunda cyane? Ubusanzwe ijambo ndagukunda ni ijambo buri wese abwirwa akumva arahindutse muriwe bitewe n’ubimubwiye n’ukuntu abantu rihabwa agaciro cyane kuko ridakunze kuvugwa n’ubonetse wese.Icyakora hari andi magambo ushobora kubwira umukunzi wawe akamuryohera kurusha kuvuga Ndagukunda.

1.Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe: Wari wabwirwa iri jambo ngo wumve ukuntu riryoha. Si ugupfa kurivuga gusa kuko riraremereye. Kumva umuntu umubwiye ngo nzaba aho uzaba uri hose n’iby’agaciro gakomeye by’umwihariko ku bantu bakundana.Ni byiza kuribwira umukunzi wawe kenshi muri ahantu hatuje, mwishimye atari mu bibazo kugirango adakeka ko ari bya bindi bisanzwe byo kwihanganisha uwagize ibibazo wese.

2.Uri uw’agaciro kuri njye: Ubusanzwe tuzi ko ibyo twagereranya nk’iby’agaciro ari zahabu n’ifeza wenda rimwe na rimwe hakaza n’amaafaranga mesnhi. Ibaze rero umuntu akubwiye ko uri uw’agaciro kuri we byaba biryoshye kubyumva kurusha uko yakubwira ngo ndagukunda.

3.Umfatiye runini. Mu buzima bwa muntu akenera umufasha mu buzima bwa buri munsi. Umuntu abana n’abantu benshi mu buzima, aafashwa n’abantu benshi kandi bakomeye. Ngaho rero ibaze umuntu kugutoranya mu bandi benshi bamufasha cyangwa bamuba hafi akakubwira ngo umufatiye runini muri make ½ cy’ubuzima bwe ni wowe umugize.

4.Nkwibonamo: Ibaze uhuye n’umuntu akakubwira ngo nkwibonamo. Urumva ukuntu byaba bimeza bishatse kuvuga ngo iyo akubonye aribona nkuko nta wakwiyifuriza ibibi ubwo bivuze ko nawe yakwifuza ko uhora mu bihe byiza gusa.

5.Tuzasazana: Ni ijambo abantu badakunze guha agaciro ariko rirakomeye kandi riryohera abakundana kuribwirana ndetse kenshi.Si besnhi bakundana ngo bagere ku iherezo ry’ubuzima bwabo bakiri kumwe.Ingo nyinshi muri iki gihe ziri gutandukana zitamaze kabiri, iri jambo rero kuribwira uwo ukunda ni ikimenyetso ko nubwo hari benshi bitameze neza mu rukundo rwabo bikaba byabaca intege, iri jambo rimurema agatima akumva arahumurijwe.

Noneho umva iri ryo uko rivuga ubwo uriyumvisha gusazana n’umuntu hatabayeho urupfu nta kindi cyabatanya. Iri naryo riri mu magambo aryohera ugutwi cyane kurusha ndagukunda.

Soma Izindi Nkuru

32 Responses

  1. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    ni dusabe ugarutse narinibagiwegutanga namb0723700777

    1. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
      NDASHAKA UMUKUNZI UFITE GAHUNDA UMUKOBWA CYANGWA UMUDAMU UFITE UMWANA UTARENGEJE 30nimero yange niyi 0787779314 murakoze

    2. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
      NDASHAKA UMUKUNZI UFITE GAHUNDA UMUKOBWA CYANGWA UMUDAMU UFITE UMWANA UTARENGEJE 30nimero yange niyi 0787779314 murakoze

  2. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    ni dusabe ugarutse narinibagiwegutanga namb0723700777

  3. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    urukundo ni rwiza ikibazo turabeshyana

    1. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
      ahubwose wee mwandangiye umukunzi ufite imyaka 27 nomero zange nizo 0783872789

      1. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
        Ese nkubaze fani, waba ufite imyaka ingahe? ese urumva ufite gahunda yihuta?

      2. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
        Ese nkubaze fani, waba ufite imyaka ingahe? ese urumva ufite gahunda yihuta?

    2. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
      ahubwose wee mwandangiye umukunzi ufite imyaka 27 nomero zange nizo 0783872789

  4. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    urukundo ni rwiza ikibazo turabeshyana

  5. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    murakoze kunkuru nziza mutugezaho

  6. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    murakoze kunkuru nziza mutugezaho

  7. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    Nukuri p urukundo nirwiza ariko abeshi turubabarinzwamo

  8. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    Nukuri p urukundo nirwiza ariko abeshi turubabarinzwamo

  9. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    Urukundo ni rwiza kd nanone nirubi . Urwishimamo kdi ukanabara. Pfite ikibazo umuntu akubwiye ko agukunda nawe ukamwemerera arko kuko mutegeranye uramuhampagara ntagufate kd wakoresha indi number akakwitaba ese uwo muntu aba agukunda?

    1. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
      TUVUGE UKURI NTARUKUNDO RUMERA RUTYO tvv

    2. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
      TUVUGE UKURI NTARUKUNDO RUMERA RUTYO tvv

      1. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
        Uzige kumenya kandi umwereke ko wabasha kubaho utamufite kandi ukanabaho.

      2. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
        Uzige kumenya kandi umwereke ko wabasha kubaho utamufite kandi ukanabaho.

  10. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    Urukundo ni rwiza kd nanone nirubi . Urwishimamo kdi ukanabara. Pfite ikibazo umuntu akubwiye ko agukunda nawe ukamwemerera arko kuko mutegeranye uramuhampagara ntagufate kd wakoresha indi number akakwitaba ese uwo muntu aba agukunda?

  11. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    URUKUNDO rutesha umutwe rukababaza ruranaryoha iyo ukunda ugukunda

  12. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    URUKUNDO rutesha umutwe rukababaza ruranaryoha iyo ukunda ugukunda

  13. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    there is no love in this days or this world it’s comes like hiccups and became scams

  14. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    there is no love in this days or this world it’s comes like hiccups and became scams

  15. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    NTACIZA KIDAFITE IKIBI BIGENDANYE NUBWO HACAMO RUSHORERA ARIKO URUKUNDO NIRWIZA

  16. Dore amagambo aharawe n’urubyiruko rw’ubu mu kureshya abakobwa
    NTACIZA KIDAFITE IKIBI BIGENDANYE NUBWO HACAMO RUSHORERA ARIKO URUKUNDO NIRWIZA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *