Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021

Sangiza iyi nkuru

Igisirikare gikomeza kuba inkingi mwikorezi mu bihugu byo ku Isi. Cyifashishwa mu kurinda ubusugire bw’ibihugu gusa hamwe cyabaye nk’icy’abategetsi ku giti cyabo. Uko ari ingenzi, ni nako gishorwamo akayabo, kabone n’iyo abaturage baba bicira isazi mu maso, bagahuhurwa n’isari.

Muri uko kwigwizaho ibyiza byacyo, Afurika nayo ntiyatanzwe maze ibihugu bimwe bihiga ibindi mu kugira igikomeye.

Urubuga Global Firepower ratondetse uko ibihugu birutanwa mu kugira igisirikare gikomeye muri Afurika. Mu gukora uru rutonde, hagendewe ku ngingo zirimo: umubare w’abasirikare; ni ukuvuga abari mu kazi (active) n’abasezerewe, ubushobozi bwo mu kirere, ku butaka, ingengo y’imari ishorwamo, ibikoresho bya gisirikare, umutungo kamere, ubushobozi bwo kurwanira ku butaka no mu mazi n’ibindi.

10. Libya

N’ubwo iki gihugu cyabaye isibaniro ry’imirwano kuva mu 2011, gikomeza kuza imbere mu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika.

9. Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo

8. Sudani

7. Maroc

6. Angola

5. Ethiopia

4. Nigeria

3. Afurika y’Epfo

2. Algeria

1. Misiri

Uru rubuga kandi, rushyira ibihugu bya Kenya ku mwanya wa 12 na Uganda kuwa 14 mu gihe Tanzania iri ku mwanya wa 23 ku mugabane wa Afurika.

Soma Izindi Nkuru

32 Responses

  1. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    NONESE KONGO TANZANIA UGANDA .BARUSHA URWANDA? MBONA IBYOBIGO BIBESHYA URWANDA RWAKABAYE MUBIHUGU BYIBUZE 10 BYAMBERE

    1. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      umwaka mushya .sha rwose nkibonamo congo nahise mbonako ibi ari feck .nigute congo yaza imbere ya kenya

      1. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
        URWANDA NIKABUHARIWE BARUSHIRE KUMWANYA W 4 MURAFURIKA MUREBE UKO RUGARURA AMAHORO KWISI

      2. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
        URWANDA NIKABUHARIWE BARUSHIRE KUMWANYA W 4 MURAFURIKA MUREBE UKO RUGARURA AMAHORO KWISI

      3. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
        URWANDA NIKABUHARIWE BARUSHIRE KUMWANYA W 4 MURAFURIKA MUREBE UKO RUGARURA AMAHORO KWISI

      4. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
        URWANDA NIKABUHARIWE BARUSHIRE KUMWANYA W 4 MURAFURIKA MUREBE UKO RUGARURA AMAHORO KWISI

    2. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      umwaka mushya .sha rwose nkibonamo congo nahise mbonako ibi ari feck .nigute congo yaza imbere ya kenya

    3. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Muku rankinga ibihugu bagendera ku mubare w’abasirikare igihugu gifite amafaranga ashyirwa mu ngendo y’imari ya Gisirikare n’ibikoresho by’intambara(imbunda, ibifaru etc…..) Ubwo rero urumva ko igihugu cyacu ari gito ugiye muribyo twavuze haruguru twaba turi kure cyane

    4. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Muku rankinga ibihugu bagendera ku mubare w’abasirikare igihugu gifite amafaranga ashyirwa mu ngendo y’imari ya Gisirikare n’ibikoresho by’intambara(imbunda, ibifaru etc…..) Ubwo rero urumva ko igihugu cyacu ari gito ugiye muribyo twavuze haruguru twaba turi kure cyane

  2. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    NONESE KONGO TANZANIA UGANDA .BARUSHA URWANDA? MBONA IBYOBIGO BIBESHYA URWANDA RWAKABAYE MUBIHUGU BYIBUZE 10 BYAMBERE

    1. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Urwanda rwakabaye mu bihugu bine (4) byambereye.

    2. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Urwanda rwakabaye mu bihugu bine (4) byambereye.

    3. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Congo turi benshi man, urikwibwira ngo turamutse twinjiye mu rwanda buri musirikare yabona aho akandagira?

    4. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Congo turi benshi man, urikwibwira ngo turamutse twinjiye mu rwanda buri musirikare yabona aho akandagira?

    5. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Congo turi benshi man, urikwibwira ngo turamutse twinjiye mu rwanda buri musirikare yabona aho akandagira?

    6. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
      Congo turi benshi man, urikwibwira ngo turamutse twinjiye mu rwanda buri musirikare yabona aho akandagira?

  3. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    Nonese nkibonamo Congo nahise menya kweri kwari Fack wapi kabisa uburundi nabwo buza kangahe? Murakoze

  4. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    Nonese nkibonamo Congo nahise menya kweri kwari Fack wapi kabisa uburundi nabwo buza kangahe? Murakoze

  5. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    U Rwanda ni u rwa 35. Harwana impamvu, ibifaru n’indege hari intwaro zibishwanyaguza cyangwa zizihanura. Ubonye na CONGO ngo ize imbere yacu bahu? Cyakora niba umubare mwinshi nawo bawugenderaho, ubwo ntaho twagaragara nyine. Ariko ngo uburo bwinshi ntibugira umu………………………

  6. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    U Rwanda ni u rwa 35. Harwana impamvu, ibifaru n’indege hari intwaro zibishwanyaguza cyangwa zizihanura. Ubonye na CONGO ngo ize imbere yacu bahu? Cyakora niba umubare mwinshi nawo bawugenderaho, ubwo ntaho twagaragara nyine. Ariko ngo uburo bwinshi ntibugira umu………………………

  7. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    U Rwanda ni u rwa 35. Harwana impamvu, ibifaru n’indege hari intwaro zibishwanyaguza cyangwa zizihanura. Ubonye na CONGO ngo ize imbere yacu bahu? Cyakora niba umubare mwinshi nawo bawugenderaho, ubwo ntaho twagaragara nyine. Ariko ngo uburo bwinshi ntibugira umu………………………

  8. Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
    U Rwanda ni u rwa 35. Harwana impamvu, ibifaru n’indege hari intwaro zibishwanyaguza cyangwa zizihanura. Ubonye na CONGO ngo ize imbere yacu bahu? Cyakora niba umubare mwinshi nawo bawugenderaho, ubwo ntaho twagaragara nyine. Ariko ngo uburo bwinshi ntibugira umu………………………

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *