Itangazo ryo guhindura izina akitwa MUCYO Ben Ibrahim
Uyu mwaka urangiye nk’uwawubanjirije_Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko umwaka wa 2021 urangiye nk’uwa 2020 wabubanjirije, ahanini bitewe n’ibibazo byatewe n’icyorezo cya COVID-19 kimaze imyaka hafi ibiri cyugarije Isi. Perezida Kagame yabigarutseho mu ijambo risoza umwaka wa 2021 yagejeje ku Banyarwanda, anaboneraho kubifuriza umushya muhire wa 2022. Yavuze ko n’ubu ngubu ubwoko bushya bwa Covid-19 bwabujije abantu […]
Njyewe nta ngufu mfite, nta bwenge ngira_Perezida Ndayishimiye
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ubwo yatorerwaga inshingano zo kuyobora kiriya gihugu hari abamuteze imitego bavuga ko atazashobora kuyobora, gusa kuri ubu bakaba baratangiye kumugarukira bavuga ko birimo biraza. Ndayishimiye yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku bari bitabiriye amasengesho y’igihugu y’iminsi 4 yo gushima Imana. Ni amasengesho afite intego igira it ‘Warakoze Mana’ ategurwa […]
Ngororero: 6 élevés condamnés à 5 ans de prison pour destruction de biens scolaires
Au total, six diplĂ´mĂ©s de l’EFTP (Enseignement et formation techniques et professionnels) âgĂ©s de 18 Ă 25 ans ont Ă©tĂ© condamnĂ©s jeudi 30 dĂ©cembre pour destruction volontaire de biens scolaires et condamnĂ©s Ă cinq ans de prison. Ils ont Ă©galement Ă©tĂ© condamnĂ©s Ă une amende de 5 millions de francs rwandais chacun. Ils ont commis […]
RDC: Abantu bari bashimuswe na ADF basanzwe bishwe
Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 30 Ukuboza 2021, ahitwa Manzumbu, hafi ya Kazarahoyo muri Mantumbi muri Teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru havumbuwe imibiri ine y’abantu bishwe n’inyeshyamba za ADF. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’Umudugudu wa Mantumbi wahaye amakuru 7SUR7.CD kuri uyu wa Gatanu, abishwe ni imbohe zashimuswe ku wa Gatatu ushize […]
Past. Bugingo yise umunyamategeko wamureze “ingurube ntindi”

Pasiteri Aloysius Bugingo washinze akanayobora itorero ryitwa House of Prayer Ministries International, yavuze ko umunyamategeko wamujyanye mu rukiko, Male Mabirizi ari “ingurube ntindi”. Umunyamategeko Mabirizi na mugenzi we Muhairwe bareze Pasiteri Bugingo ko yashatse undi mugore witwa Suzan Makula Nantaba kandi uwo bashakanye, Teddy Nakuswa Bugingo, batarigeze batandukana mu mategeko. Bugingo mu kwikoma uyu munyamategeko, […]
Kenya: Minisitiri w’Uburezi yibasiwe azira kuvuga ko mu mashuri yisumbuye harimo abatinganyi
Minisitiri w’Uburezi wa Kenya, Prof. George Magoha ari ku gitutu nyuma yo kuvuga ko mu mashuri yisumbuye acumbikira abanyeshuri (boarding) harimo abatinganyi bagomba kwirukanwa, bakajya biga mu yandi biga bataha. Prof. Magoha yabimenyesheje abayobozi b’ibigo by’amashuri ati: “Ubu hari abana baryamana bahuje ibitsina, bagomba kujya ku mashuri yegereye iwabo. Inshingano zanyu zigomba gushingira ku bantu […]
Hamenyekanye uko abayobozi bakuru ba ADF barokotse ibitero by’indege z’ingabo za Uganda
Ku itariki ya 30 Ugushyingo ni bwo Ingabo za Uganda zifatanyije n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangiye kugaba ibitero ku birindiro by’inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF i Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ibitero byagabwe hifashishijwe indege z’igisirikare cya Uganda ndetse n’ibimodoka by’intambara. Ingabo za Uganda n’iza RDC zivuga ko intego y’ibi […]
Ethiopia ikeneye miliyari 2,5$ zo kongera kwiyubaka nyuma y’intambara
Kuri uyu wa Kane, minisiteri y’imari yavuze ko Ethiopia ishaka gutora ingengo y’imari y’inyongera ifite agaciro ka miliyari 2,5$ kugira ngo ifashe gahunda z’imari zo kongera kubaka uduce twangijwe n’intambara no gutanga ubutabazi. Iyi ngengo y’imari ni nini cyane kuruta uko byavuzwe mbere mu gihugu gifite imyenda myinshi. Igitangazamakuru gifitanye isano na guverinoma, Fana, cyatangaje […]
Rusizi: Bashyikirijwe ibyumba by’amashuri bagaragaza ko intebe abana bicaraho zikiri ingorabahizi

Ubuyobozi bwa GS Saint François Xavier Rwinzuki mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi buvuga ko nyuma yo gushyikirizwa n’aka karere ibyumba by’amashuri 13 bije bikenewe cyane mu kurwanya ubucucike no guteza imbere amasomo y’imyuga n’ubumenyi ngiro ahatangiye muri uyu mwaka, hasigaye ikibazo kibubereye ingorabahizi cy’intebe abana bicaraho, na bamwe mu barimu bakibura, bukifuza […]
Umuririmbyi watsindiye Frw miliyoni 50 muri Next Pop Star ntayahabwe yitabaje Perezida Kagame
Umuririmbyi Kibatega Jasmine wegukanye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 40 mu irushanwa ry’abanyempano rya Next Pop Star muri Werurwe 2021, yitabaje Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kugira ngo amufashe kurenganurwa, kuko ngo ntarayahabwa. Mu ijoro rya tariki ya 17 Werurwe ni bwo ikigo More Events gitegura iri rushanwa cyatangaje ko Kibatega ari we uryegukanye, cyemeza ko […]
Project field officers at VSF-Belgium
Project Field Officers – Piloting Black Soldier Flies Farming in Rwanda (BSF Project) 1.Introduction. VĂ©tĂ©rinaires Sans Frontières Belgium (VSF-B) is an International NGO based in Belgium whose vision is Healthy Animal, Healthy Human, in a Health Environment while its mission is “to strengthen the capacities of disadvantaged, livestock dependent communities to improve their well-being”. Created […]
Kigali City cancels fireworks for New Year celebrations
The City of Kigali has canceled activities related to displaying fireworks on New Year’s Eve, as had been planned. Previously, the city had announced that fireworks would be launched at five sites in Kigali, namely Amahoro Stadium, Bumbogo Hill, Radisson Blu Hotel and Convention Centre, Kigali Marriott Hotel and Mont Kigali. However, the city made […]
Intwaro kabuhariwe kandi ziteye ubwoba zitunzwe n’’Igisirikare cy’u Rwanda

U Rwanda ruvugwaho gushishoza cyane mu gihe rushora amafaranga mu bwirinzi rukagura ibikoresho gusa by’ihariye kandi bifite ingufu ugereranyije n’ibihugu byo mu karere ndetse no muri Afurika y’uburengerazuba, aho tugiye kurebera hamwe intwaro eshanu za mbere zihambaye zitunzwe n’igisirikare cy’u Rwanda. 5. T54, T55 Battle Tanks Ibifaru byo mu bwoko bwa T-54 na T55 ni […]
Gusubika Shampiyona ni icyemezo cy’ubunebwe_Sadate anenga Minisitiri Munyangaju
Munyakazi Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports, yanenze Minisiteri ya Siporo avuga ko icyemezo yafashe cyo guhagarika shampiyona y’u Rwanda ari icy’ubunebwe. Ku mugoroba w’ejo ku wa Kane ni bwo Minisiteri ya Siporo yatangaje amabwiriza mashya yo guhangana n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’imibare y’abandura iki cyorezo mu gihugu. Amabwiriza mashya yashyizweho na […]
Govt on why booster dose waiting period reduced to three months
The upsurge in Covid-19 cases in a few days and the fast-spreading Omicron variant prompted the government to reduce the waiting period to receive a booster shot from six months to three months, according to the Minister of Health, Dr. Daniel Ngamije. Dr Ngamije says tests carried out in the past 24 hours showed that […]
Rutshuru: Haravugwa ifatwa ry’uwahoze ari umufatanyabikorwa ukomeye wa FDLR
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) aravuga ko abasirikare babarizwa muri Regima ya 3412 iri mu gace ka Nyamilima muri Gurupoma ya Binza, Teritwari ya Rutshuru, bataye muri yombi Major Katuleve wigeze kuba umufatanyabikorwa ukomeye w’umutwe witwaje intwaro wa FDLR, urwanya Leta y’u Rwanda. Impamvu y’itabwa muri yombi rya Katuleve bivugwa ko […]
Museveni azategeka iki gihugu kugeza ananiwe – Gashumba
Frank Malimungu Gashumba ukuriye Ikigo Sisimuka yamaganye abatavuga rumwe na leta ya Uganda avuga ko batagira icyerekezo, yemeza ko Museveni azategeka kugeza we ubwe arambiwe. Gashumba ubwo yagaragaraga mu kiganiro cya politiki “BAROMETER” cyerekanwe kuri NBS yakomeje avuga ko intego imwe rukumbi y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ari ukubona imyanya yo kwikungahaza batitaye ku Bagande. […]
Bukavu: Umugeni yapfiriye mu nzira ajya gushyingirwa
Umukobwa wo mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yapfiriye mu nzira ubwo yari agiye gushyingiranwa n’umukunzi we. Ibitangazamakuru bikorera muri iyi Ntara bivuga ko uyu mukobwa yabanje gusezeranira imbere y’amategeko kuri uyu wa 30 Ukuboza 2021, yitegura gushyingirwa kuri uwo munsi. Nyuma y’igihe gito, uyu […]
Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021
Igisirikare gikomeza kuba inkingi mwikorezi mu bihugu byo ku Isi. Cyifashishwa mu kurinda ubusugire bw’ibihugu gusa hamwe cyabaye nk’icy’abategetsi ku giti cyabo. Uko ari ingenzi, ni nako gishorwamo akayabo, kabone n’iyo abaturage baba bicira isazi mu maso, bagahuhurwa n’isari. Muri uko kwigwizaho ibyiza byacyo, Afurika nayo ntiyatanzwe maze ibihugu bimwe bihiga ibindi mu kugira igikomeye. […]
U Rwanda rwatangaje ko rwiteguye kwakira abaturage barwo baheruka kwirukanwa muri Niger
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye kwakira Abanyarwanda umunani baheruka guhabwa igihe ntarengwa cyo kuba bavuye ku butaka bw’igihugu cya Niger bari bamaze igihe babamo. Muri iki cyumweru ni bwo Leta ya Niger yaciye iteka ryirukana bariya Banyarwanda basoje ibihano, nyuma yo gucirwa imanza n’urwahoze ari Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri […]
Sudani: Inzego z’umutekano zishe abantu bane mu bigaragambyaga
Kuri uyu wa Kane, komite y’abaganga yavuze ko abashinzwe umutekano muri Sudani barashe bakica abantu bane mu gihe cyo guhashya imyigaragambyo y’abantu basaga ibihumbi mirongo bamagana ubutegetsi bwa gisirikare mu gihugu hose. Abashinzwe umutekano bakoresheje ibyuka biryana mu maso ubwo abigaragambyaga banyuraga mu mihanda ya Khartoum no mu mijyi ituranye ya Omdurman na Bahri berekeza […]
Ngororero: Abanyeshuri 6 bakatiwe imyaka itanu n’ihazabu ya Frw miliyoni 5 bazira ibikoresho bya Frw 44,000
Abanyeshuri batandatu (6) barangije amashuri yisumbuye muri TVET ESECOM Rucano iherereye mu Karere ka Ngororero mu Ntara y’Uburengerazuba, kuri uyu wa 30 Ukuboza 2021 bakatiwe igifungo cy’imyaka itanu, banacibwa ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuri buri umwe bazira kwangiza ibikoresho by’ishuri bishimira ko basoje ibizamini bya Leta. Aba banyeshuri bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya […]