Abaguye mu mpanuka bavanwaga mu bisigazwa by'indege n'inzu yahiye

Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze

Sangiza iyi nkuru

Indege ya kompanyi ya Busy Bee ifite izina rya Dornier-228 imaze guhanukira hafi y’ikibuga cy’indege cya Goma ubwo yerekezaga mu mugi wa Beni uri mu bilometero 380.

Amakuru yabanje ku binyamakuru bitandukanye bikorera mu burazirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yavugaga ko iyi ndege yari itwaye abantu 19 barimo abakozi bayo 2 yaguye mu giturage nk’uko byemezwa na Hertier Said Mamadou ukorera iyi kompanyi.

Radio Okapi yavuze ko abatari munsi ya 17 baguye muri iyi mpanuka. Imirambo y’abantu 13 barimo n’uruhinja yari imaze gukurwa mu bisigazwa by’iyi ndege nk’uko 7 Sur 7 yabitangaje.

Amakuru y’aka kanya amaze gutangazwa na 7 Sur 7 avuga ko abantu 18 bari mu ndege bose bapfuye, hiyongereyeho abandi 7 bari mu nzu indege yagwiriye, bagatwikwa n’umuriro.

Amashusho yafashwe n’abari i Goma agaragaza ko iyi ndege yo mu bwoko bwa kajuguguju yagonze inzu, ihita igurumana. Bigaragara ko n’inzu yasenyutse.

Kanda hano urebe indege uko yaguye ku nzu https://twitter.com/amisi_yatuka/status/1198521227696132096

Ikibazo cy’ihanuka cy’indege muri iki gihugu bikavugwa ko biterwa n’ibibazo ziba zifite mu mikorere. Iguye ikurikira iyari itwaye ibikoresho bya Perezida Thisekedi wari umaze iminsi asura igice cy’uburasirazuba bw’igihugu. Iyi yaguye mu ntara ya Maniema yari imaze hafi isaha iri mu kirere gusa hari amakuru yagaragaje ko ishobora kuba yararashwe.

Indege ni uku yahagurutse https://twitter.com/maxbearak/status/1198527117463629824

Abaguye mu mpanuka bavanwaga mu bisigazwa by'indege n'inzu yahiye
Abaguye mu mpanuka bavanwaga mu bisigazwa by’indege n’inzu yahiye

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze
    Minembwe, abaturage bamazigihe batabaza kubera impamvu z’umutekano muke wo kugabwaho ibitero bitandukanye, inzego z’umutekano zirebera amatungo yabo yarasahurwa, abantu barapfa, amazu yaratwikwa, abaturage bacitsekwicumu bangira mubihugu bitandukanye, nonese president yabaje kubabwira ngo batahe no kubagarurira ibyabo byanyazwe no kubasanira amazu yabo
    Ese icyizera cyuko bitazongera azabaha nikihe

  2. Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze
    Minembwe, abaturage bamazigihe batabaza kubera impamvu z’umutekano muke wo kugabwaho ibitero bitandukanye, inzego z’umutekano zirebera amatungo yabo yarasahurwa, abantu barapfa, amazu yaratwikwa, abaturage bacitsekwicumu bangira mubihugu bitandukanye, nonese president yabaje kubabwira ngo batahe no kubagarurira ibyabo byanyazwe no kubasanira amazu yabo
    Ese icyizera cyuko bitazongera azabaha nikihe

  3. Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze
    Minembwe, abaturage bamazigihe batabaza kubera impamvu z’umutekano muke wo kugabwaho ibitero bitandukanye, inzego z’umutekano zirebera amatungo yabo yarasahurwa, abantu barapfa, amazu yaratwikwa, abaturage bacitsekwicumu bangira mubihugu bitandukanye, nonese president yabaje kubabwira ngo batahe no kubagarurira ibyabo byanyazwe no kubasanira amazu yabo
    Ese icyizera cyuko bitazongera azabaha nikihe

  4. Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze
    Minembwe, abaturage bamazigihe batabaza kubera impamvu z’umutekano muke wo kugabwaho ibitero bitandukanye, inzego z’umutekano zirebera amatungo yabo yarasahurwa, abantu barapfa, amazu yaratwikwa, abaturage bacitsekwicumu bangira mubihugu bitandukanye, nonese president yabaje kubabwira ngo batahe no kubagarurira ibyabo byanyazwe no kubasanira amazu yabo
    Ese icyizera cyuko bitazongera azabaha nikihe

  5. Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze
    Minembwe, abaturage bamazigihe batabaza kubera impamvu z’umutekano muke wo kugabwaho ibitero bitandukanye, inzego z’umutekano zirebera amatungo yabo yarasahurwa, abantu barapfa, amazu yaratwikwa, abaturage bacitsekwicumu bangira mubihugu bitandukanye, nonese president yabaje kubabwira ngo batahe no kubagarurira ibyabo byanyazwe no kubasanira amazu yabo
    Ese icyizera cyuko bitazongera azabaha nikihe

  6. Goma: 25 ni bo bapfuye harimo n’abahiriye mu nzu indege yagonze
    Minembwe, abaturage bamazigihe batabaza kubera impamvu z’umutekano muke wo kugabwaho ibitero bitandukanye, inzego z’umutekano zirebera amatungo yabo yarasahurwa, abantu barapfa, amazu yaratwikwa, abaturage bacitsekwicumu bangira mubihugu bitandukanye, nonese president yabaje kubabwira ngo batahe no kubagarurira ibyabo byanyazwe no kubasanira amazu yabo
    Ese icyizera cyuko bitazongera azabaha nikihe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *