Guseka ni umuti ukenera gufata buri munsi- Rev. Nibintije

Sangiza iyi nkuru

 

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki.

Mugenzi wanjye,

Imigani 17:22

Umutima unezerewe ni umuti mwiza, ariko umutima ubabaye umutera konda ( kunanuka)

Shakisha ikintu cyatuma useka buri munsi. Koresha umwete wo kuba wagira umunezero muri wowe n’ubwo waba ufite utubazo kuko abatari wowe wenyine. Ahubwo ko biterwa ni iki kinyejana tugezemo.

Guseka byihutisha gukira mu uburyo bw’ umubiri ndetse no mu uburyo bwo mu mwuka.

Nkwifurije kugira umunezero ubonerwa muri Kristo….!

NEMI Nibintije Logo png

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)

estachenib@ yahoo.com

+14123265034(WhatsApp)

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *