Hafashwe umugabo ukekwaho kurunguruka, agafotora abagore bari koga

Sangiza iyi nkuru

Polisi mu Karere ka Iganga muri Uganda, bafashe umugabo ukekwaho kwinjira mu ngo z’abaturage, arunguruka abagore bari kwiyuhagira.

Uyu utuye mu cyaro cya Nkatu nk’uko abaturage babwiye Daily Monitor, yafotoraga ayo mafoto mu rwego rwo kugira ngo azamure ubushake bwo gutera akabariro.

Ayo mafoto yayifashishaga mu kongera ubushake agirira umugore we mu buriri.

Muzamiru Ndoga, ufite mushiki we warungurutswe, avuga ko abagore bamaze igihe bavuga ko barungurukwa.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *