Hagaragaye umukobwa ufite ururimi rushobora kuba ari rwo rurerure ku isi-Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Gerkary Brancho ukomoka mu gace ka Ocala, muri leta ya Florida yagaraje uburebure bw’ururimi rwe bituma benshi bakeka rwaba ari rwo rwa mbere rurerure ku isi.
uru1
Abinyujije ku rubuga rwa Youtumbi rugaragaza amashusho, uyu mukobwa yerekanye ururimi rwe mu buryo butangaje ,aho yarusohoraga mu kanwa, akarukoza hejuru y’izuru.
Gerkary yavuzweho ko ari we waba ufite ururimi rurerure nyuma yuko rutapimwe uburebure ngo rugereranywe n’urwa Nick Stoeberl wanditswe muri Guness World record nyuma yo kugaragara ko ari we wesheje agahigo ko kugira rurerure.
uru3
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibyo byatumye benshi bifuza ko hapimwa uburebure bw’ururimi rwa Gerkary bityo ngo hamenyekane ko yakura ku Nick ku mwanya amazeho imyaka isaga 3 nkuko Dailymail ibigarukaho.
uru4
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *