Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda (RBC), Dr Sabin Nsanzimana avuga ko vuba aha hagiye gutangira uburyo bushya buzatuma umuntu wese abasha kwipima akamenya niba atanduye COVID19. Muganga Nsanzimana avuga ko ubu buryo buzaba buhendutse kandi bugatanga igisubizo vuba. Ubu buryo bwitezweho kuzajya butanga igisubizo mu gihe cy’umunota umwe. Aya makuru aje mu gihe ubu mu Rwanda kwipimisha COVID19 ari Frw ibihumbi 10. Ni Amafaranga atari make harebwe amikoro ya bamwe mu Banyarwanda. VIDEWO: https://twitter.com/i/status/1414866636755062784 Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
XMA Header Image
Ba Kidobya mu karere! FPR Ntiyacuraga imbunda \\ Intandaro y’amakimbirane adashira – Dr Kayumba
youtube.com


