Hagiye gutangizwa uburyo bushya buzatuma buri muntu abasha kwipima Coronavirus

Sangiza iyi nkuru

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda (RBC), Dr Sabin Nsanzimana avuga ko vuba aha hagiye gutangira uburyo bushya buzatuma umuntu wese abasha kwipima akamenya niba atanduye COVID19.

Muganga Nsanzimana avuga ko ubu buryo buzaba buhendutse kandi bugatanga igisubizo vuba.

Ubu buryo bwitezweho kuzajya butanga igisubizo mu gihe cy’umunota umwe.

Aya makuru aje mu gihe ubu mu Rwanda kwipimisha COVID19 ari Frw ibihumbi 10. Ni Amafaranga atari make harebwe amikoro ya bamwe mu Banyarwanda.

VIDEWO: https://twitter.com/i/status/1414866636755062784

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


XMA Header Image
Ba Kidobya mu karere! FPR Ntiyacuraga imbunda \\ Intandaro y’amakimbirane adashira – Dr Kayumba
youtube.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *