Kapiteni w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Haruna Fadhili Niyonzima, yavuze ko biteguye kwitwara neza imbere ya Ethiopia bari bucakirane kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade ya Huye. Ni umukino uhuza u Rwanda na Ethiopia mu gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN. Kapiteni Haruna avuga ko ” Ni umukino nakwita Do or Die (Gupfa cyangwa gukira). Ni umukino byanga bikunze tugomba gutsinda kugira ngo tugere ku nshingano yacu.” Avuga ko uyu mukino ari ” Special” wihariye kandi ” Twawiteguye mu buryo buri Special.” kugira ngo basezerere Ethiopia nk’uko uko yatangarije RBA. U Rwanda na Ethiopia banganyirije i Dar mu mukiko ubanza ubusa ku bundi.



6 Responses
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Twizere ko Ibyo Muzehe Haruna Avuze bitandukanye n’Ibyo yar’Asanzwe Atubwira Mbere y’Uko Umupira Utangira, Ikimbabaje Iyo Umupira Urangiye Atajya Abira Ibyo Atubwira, Agatangira ngo Umusifuzi yahereye n’Ibindi n’Ibindi, Ngaho Reka Twizere ko Amavubi Avuguruye Ari Buturaze Heza
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Twizere ko Ibyo Muzehe Haruna Avuze bitandukanye n’Ibyo yar’Asanzwe Atubwira Mbere y’Uko Umupira Utangira, Ikimbabaje Iyo Umupira Urangiye Atajya Abira Ibyo Atubwira, Agatangira ngo Umusifuzi yahereye n’Ibindi n’Ibindi, Ngaho Reka Twizere ko Amavubi Avuguruye Ari Buturaze Heza
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Twizere ko Ibyo Muzehe Haruna Avuze bitandukanye n’Ibyo yar’Asanzwe Atubwira Mbere y’Uko Umupira Utangira, Ikimbabaje Iyo Umupira Urangiye Atajya Abira Ibyo Atubwira, Agatangira ngo Umusifuzi yahereye n’Ibindi n’Ibindi, Ngaho Reka Twizere ko Amavubi Avuguruye Ari Buturaze Heza
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Twizere ko Ibyo Muzehe Haruna Avuze bitandukanye n’Ibyo yar’Asanzwe Atubwira Mbere y’Uko Umupira Utangira, Ikimbabaje Iyo Umupira Urangiye Atajya Abira Ibyo Atubwira, Agatangira ngo Umusifuzi yahereye n’Ibindi n’Ibindi, Ngaho Reka Twizere ko Amavubi Avuguruye Ari Buturaze Heza
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Haruna nashyiremwimbaraga kuko ndakuntu batsindirwa iwabo dore icya 1 kigezemo.
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Haruna nashyiremwimbaraga kuko ndakuntu batsindirwa iwabo dore icya 1 kigezemo.