Didier Drogba na Juan Pablo bibiye akabanga abana barererwa muri Academy z’i Rubavu (Amafoto)

Umunya-CĂ´te d’Ivoire Yves Didier Drogba ndetse n’umunya-Argentine Juan Pablo SorĂn, basuye amarerero y’umupira w’amaguru yo mu karere ka Rubavu baha impanuro abana bitegura kuzavamo abakinnyi b’umupira w’amaguru. Drogba ufatwa nk’umwe mu bakinnyi beza b’ibihe byose umugabane wa Afurika watunze yamenyekanye cyane mu kipe ya Chelsea yo mu Bwongereza, mu gihe Juan Pablo we yamenyekanye cyane […]
Perezida Ndayishimiye yaburiye ‘ibihangange’ bifite gahunda yo kumukorera Coup d’Ă©tat
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabye abo yise ibihangange bifite gahunda yo kumuhirika ku butegetsi gusubiza inkota mu rwubati, ngo kuko nta wuzabigerageza ngo bimugwe amahoro. Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 02 Nzeri, ubwo yari mu mujyi wa Gitega mu muhango wo gutangiza umwaka w’ubucamanza. Perezida Ndayishimiye yavuze ko hari […]
Amavubi yasuzuguriwe mu rugo na Ethiopia, abura itike ya CHAN 2023
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yabuze itike ya CHAN 2023 igomba kubera mu gihugu cya Algeria, nyuma yo gutsindirwa imbere y’abafana bayo na Ethiopia igitego 1-0. Amavubi kuri uyu wa Gatandatu yari yakiriye The Walia ya Ethiopia kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ryo gushaka itike ya CHAN 2023 igomba kubera muri Algeria. […]
FDLR yaba yarakuye akarenge mu gufasha FARDC guhashya M23
Amakuru akomeje gucicikana avuga ko abarwanyi ba FDLR irwanya Kigali bataye ku rugamba Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gihanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23. FARDC yashinjwe n’ u Rwanda gukorana na FDLR n’indi mitwe mu guhangana na M23 ariko Congo ikabihakana. Amakuru ataremezwa n’impande zose bireba, avuga ko FDLR yakuye abarwanyi bawo […]
Museveni agiye guhuriza mu biganiro Ethiopia na TPLF
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ni we ugomba kuba umuhuza mu biganiro hagati ya Leta ya Ethiopia n’inyeshyamba za TPLF bamaze igihe bahanganye. Ni amakuru yemejwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Museveni ndetse akanaba Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka. Kuri Twitter yagize ati: “Nashoboye kumvisha intwari yacu y’impinduramatwara, umuhanuzi wacu, […]
Ntsinda ngusindagize: Abakemurirwa amakimbirane binyuze mu buhuza ntibibabuza kubana
Uburyo bwo gukemura amakimbirane binyuze mu buhuza n’ubukemurampaka bufatwa nk’igisubizo ku bibazo by’idindira ry’imanza, gutakaza amafaranga mu magarama no mu ngendo, umwanya n’imibanire myiza hagati y’impande zajyaga kuba zihanganye mu nkiko. Utsinze n’utsinzwe bakomeza kubana basindagizanya. Nyiramakuba Marigarita wo mu murenge wa Rugendabari mu karere ka Burera, yamaze imyaka itatu asiragira ku rukiko rw’ibanze rwa […]
Haruna Niyonzima avuga ko Amavubi agomba gutsinda Ethiopia byanze bikunze
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Haruna Fadhili Niyonzima, yavuze ko biteguye kwitwara neza imbere ya Ethiopia bari bucakirane kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade ya Huye. Ni umukino uhuza u Rwanda na Ethiopia mu gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN. Kapiteni Haruna avuga ko ” Ni umukino nakwita Do or Die (Gupfa cyangwa gukira). Ni umukino […]
Abakinnyi ba Arsenal bahawe amazina mashya y’utubyiniriro y’Ikinyarwanda
Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza bahawe amazina y’utubyiniriro y’Ikinyarwanda hagendewe ku myitwarire basanzwe bagaragaza ndetse n’inshingano bafite. Amashusho Arsenal yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter, agaragaramo abakinnyi batatu bayo barimo umunya-Portugal Fábio Vieira, umunya-Ukraine Oleksandr Zinchenko n’umunya-Portugal CĂ©dric Soares bavuga ko bamaze kubona amazina mashya y’utubyiniriro y’Ikinyarwanda. Aba bakinnyi uko ari […]
Amerika yakoze mu jisho Ubushinwa yemera kugurisha misilie na radar by’akayabo kuri Taiwan
Amerika yemeye kugurisha kuri Taiwan intwaro zifite agaciro ka miliyari 1.1 z’amadolari, bituma Ubushinwa burakarara buvuga ko buzafata ingamba zo kwihimura. Aya masezerano ateganyijwe yo kugurisha intwaro arimo ubwirinzi bwa radar bwo kugenzura ibitero by’indege byerekeza muri Taiwan hamwe n’ibisasu bya misile bisenya amato n’ibisenya indege. Ambasade y’Ubushinwa i Washington yasabye Amerika kuburizamo ayo masezerano […]
Gen Muhoozi yavuze umuntu rukumbi abona ari umunyabwenge nka Perezida Kagame
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko usibye se Yoweri Kaguta Museveni nta wundi muntu w’umunyabwenge yigeze amenya nka Perezida Paul Kagame. Ni mu butumwa Gen Muhoozi yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, aho yagaragaje ko ibitekerezo bya Perezida Kagame buri gihe biba byuje ubwenge. Ati: “Usibye Nyakubahwa […]
Bruce Melodie yasusurukije Abarundi nyuma yo kuva muri gereza
Umuhanzi Itahiwacu Bruce ukunzwe mu muziki nka Bruce Melodie, yataramiye abatuye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi nyuma y’amasaha make avuye muri gereza. Uyu muhanzi wari umaze iminsi afungiwe mu gihugu cy’u Burundi ashinjwa ubutekamutwe, ku mugoroba w’ejo ku wa Gatanu ni bwo yarekuwe na Parquet yo mu gace ka Ntahangwa i Bujumbura, habura amasaha […]