Umuherwe w’i Masaka muri Uganda, Emmanuel Lwasa, yahaye abantu icyo gutaramiraho ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho ye agaragaza igitsina, rubanda yavuze ko ari gito bikabije. Bamwe mu baturage ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko Lwasa yakabije ku bwo kugaragaza igitsina cye kinanutse ubwo yari aryamye, akifata amashusho bigaragara ko yari aruhutse. N’ubwo hataramenyekana uwaba yashyize ku karubanda ayo mashusho, abagore bamwe bagaragaje ko bari bazi ko Lwasa mu buriri yaba ari umugabo ukaze, gusa ngo babonye ko bibeshyaga. Muri ayo mashusho, Lwasa agaragara aryamye yambaye ubusa, afite telefoni mu ntoki. Indi ngingo yagarutsweho ni ukwibaza niba koko ubuto bw’igitsina cya Lwasa, butaba mu byatumye atandukana n’ikimenyabose, Diana Nabatanzi wa BBS TV. Hari n’abibaza uko umugore wa Lwasa, Angel yihanganira kubana na Lwasa, bakeka ko ashobora kuba atajya amushimisha mu buriri. Emmanuel Lwasa ni umwe mu bagabo bafite agashilingi gatubutse i Masaka. Yashoye imari cyane mu tubari n’utubyiniro tuzwi cyane muri ako gace ndetse ahagira n’ibindi bikorwa byinjiza menshi. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


