Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi Sheebah Samali Karungi uzwi nka Queen Sheebah avuga ko asanga we atararemewe gushaka umugabo, ko ahubwo afite ibindi bintu bihambaye yaremewe gukora.

Sheebah yavuze ko adateganya gushaka cyane ko we iyo yitegereJe ” Nsanga ataribyo naremewe.”

Mu kiganiro na Spark TV ubwo yafunguraga ku mugaragaro ikigo cye kizajya cyita ku gufasha abana b’abakobwa.

Avuga ko gushaka umugabo bitari muri gahunda ze, kuko atekereza ko hari ibindi bintu bimuteregereje biruta kuba yakubaka. Ati ” Ntabwo nteganya gushaka vuba aha. Ntabwo ntekereza ko ariyo mpamvu ndi kuri iyi Si. Ntekereza ko naremwe kugira ngo mfashe abana b’abakobwa. Ni ukugira mfashe abagore, birwaneho cyane ko nahawe umugisha wo kuba mbasha kuvuga rikumvikana.”

Ku ngingo y’urushako, Sheebah aherutse kwemera ko bamwita Nakyeyombekedde (Umukobwa wirwanyeho). Ni mu gihe kandi hadahwema gusakara amakuru ko yaba aryamana n’abo bahuje igitsina. Ibi we arabihakana.

Uyu mukobwa ni umwe mu bakomeye mu muziki muri Uganda no muri EAC muri rusange. Ni umwe muri bake babashije kubaka inzu z’akataraboneka i Munyonyo.

Soma Izindi Nkuru

10 Responses

  1. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
    Namwibariza umuhungu wambere batangiye gukundana ryari? uzatangira Boyfriend/Girlfriend ufite 12 years, abahungu bagutererana harimeo na za smatches wagirqngo ni Volleyball bariho bakina wagera ku myaka 30 ngo ngirango ntabagabo waremewe???ibuka abo mwaryamanye hanyum,a uvuge ko ntawe wamenye

    1. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
      Ni uburenganzira bwe ni Ubuzima bwe, abantu Bose ntabwo bagomba gukora nkuko utekereza, kugirango bagaragarize isi ko bari mu nzira nziza!ndakwifuriza rero kugira ibitekerezo byagutse, reka buri wese abeho uko abyumva akiri muri iyi isi kuko nyuma yo kuyivamo, ntekerezako umuntu aba ahinduye Ubuzima ntabwo akomeza ubwo yarafite KU isi!

    2. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
      Ni uburenganzira bwe ni Ubuzima bwe, abantu Bose ntabwo bagomba gukora nkuko utekereza, kugirango bagaragarize isi ko bari mu nzira nziza!ndakwifuriza rero kugira ibitekerezo byagutse, reka buri wese abeho uko abyumva akiri muri iyi isi kuko nyuma yo kuyivamo, ntekerezako umuntu aba ahinduye Ubuzima ntabwo akomeza ubwo yarafite KU isi!

  2. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
    Namwibariza umuhungu wambere batangiye gukundana ryari? uzatangira Boyfriend/Girlfriend ufite 12 years, abahungu bagutererana harimeo na za smatches wagirqngo ni Volleyball bariho bakina wagera ku myaka 30 ngo ngirango ntabagabo waremewe???ibuka abo mwaryamanye hanyum,a uvuge ko ntawe wamenye

  3. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
    Muraho nubundi ntamugabo umwe wagushobora Koko urugo rusaba guca bugufi nokubaha umugabo wagushatse Reba ukuntu wambara nukuntu witwara unsanze utavamo mama wabana bakureke wifashirize niba ubikora ubikunze Atari kwimenyekanisha

  4. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
    Muraho nubundi ntamugabo umwe wagushobora Koko urugo rusaba guca bugufi nokubaha umugabo wagushatse Reba ukuntu wambara nukuntu witwara unsanze utavamo mama wabana bakureke wifashirize niba ubikora ubikunze Atari kwimenyekanisha

  5. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
    Nibyiza ariko jyenzinezako
    Ukiri m,Urwanda
    Harukowabigenzaga
    Nabatipe ushwanye
    Na cher wawe
    Utangirakurajya
    uryamana nabo muhuje igitsina ibuka sandla

  6. Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah
    Nibyiza ariko jyenzinezako
    Ukiri m,Urwanda
    Harukowabigenzaga
    Nabatipe ushwanye
    Na cher wawe
    Utangirakurajya
    uryamana nabo muhuje igitsina ibuka sandla

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *