Inama z'umukunzi we, zatumye agira umubyibuho umunyuze- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Patty Sanchez, ni umugore w’imyaka 52 ufite abana bane utangaje kubera Umubyibuho ukabije, uyu mugore yahamije ko abayeho neza agereranyije n’iminsi yashize.
1
Uyu mugore ngo yagabanyije umubyibuho bitewe n’inama z’umukunzi we, nyuma baje gutandukana bituma anahindura indyo ariko bikomeza kumufasha nubundi ibiro bye birushaho kugabanyuka ndetse n’ubuzima burushaho kuba bwiza.
2
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yagize ati: “ Iyo nkomeza gutya mba naranapfuye kugeza aho nta nashoboraga kwikorera isuku ubwanjye , Ariko ubu hamwe n’inama ngenda mpabwa n’umuhungu wanjye ndabona ubuzima buri kurushaho kugenda neza” .
3
Kuva aho Patty Sanchez amaze kugabanyiriza umubyibuho, kuri ubu ngo ntagifata ifunguro rya mugitondo ndetse n’ibyiganjemo ibinyampeke, imboga n’ibindi kubera impungenge zo kuba yasubira mu buzima yavuyemo.
4
Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Mirror, avuga ko abasha gukora ibikorwa nk’iby’abandi basanzwe bakora haba Kugenda, koga, n’ibindi by’ingenzi mu buzima bwa muntu.
Ati: “Abana banjye banejejwe n’ingano mfite ndetse muri make tubanye neza”.
7
Asoza agira inama abandi bagore ko iyo bari kubana neza mu ngo zabo ko nta wundi baba babikorera, Ahubwo ko baba barushaho guhaza imiryango yabo.
8
Ati: “ ntabwo nicuza kuko mvugishije ukuri, nakoze ibyo niyumvagamo nkura mu kaga ubuzima bwanjye”.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
MUREGO Anatty@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *