Inkongi idasanzwe yaciye ibintu muri Israel kwa Netanyahu (AMAFOTO)

Sangiza iyi nkuru

Igihugu cya Israel kiri mu bihe bidasanzwe nyuma y’aho inkongi y’umuriro idasanzwe yibasiye icyo gihugu guhera ku wa 24 Ugushyingo 2016, biravugwa ko abantu barenga ibihumbi 50 bo mu gace ka Haifa gaherereye mu majyaruguru y’igihugu cya Israel bagomba kwimurwa.
isra7
Kugeza ubu ubwo ibikorwa bw’ubutabazi bikomeje, nta makuru y’ababa basize ubuzima muri iki kiza, icyakora haravugwa umubare munini w’abajyanywe kwa muganga nyuma yo kwicwa n’imyotsi abandi bakikanga cyane.
isra2
[ad id=”44145″]

isra3
Umuriro wakwirakwijwe cyane n’umuyaga mwinshi uri muri aka gace

isra4
Ibikorwa by’umutabazi bwo kuzimya uyu muriro byakoreshejwe indege ariko bikomeza kugorana

isra9
isra5
Umuriro watangiriye mu ishyamba ariko kuri ubu watangiye kwegera cyane inzu zituwemo n’abaturage

isra
Abazimya uyu muriro babaye bake cyane, byagaragaye ko umuriro urenze ubushobozi bwabo

[ad id=”44145″]
is
Imwe mu mihanda mikuru nk’uyu uhuza umurwa mukuru Tel Aviv na Yerusalemu ishobora nayo gufatwa n’umuriro

isra8
Ubwinshi bw’umwotsi bwatumye ikirere cyose cyijima kuburyo kubona izuba bitoroshye

[ad id=”44145″]
Leta ya Netanyahu yatangaje ko iyi nkongi ishobora kuba yatewe n’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Israel
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *