Igihugu cya Israel kiri mu bihe bidasanzwe nyuma y’aho inkongi y’umuriro idasanzwe yibasiye icyo gihugu guhera ku wa 24 Ugushyingo 2016, biravugwa ko abantu barenga ibihumbi 50 bo mu gace ka Haifa gaherereye mu majyaruguru y’igihugu cya Israel bagomba kwimurwa.

Kugeza ubu ubwo ibikorwa bw’ubutabazi bikomeje, nta makuru y’ababa basize ubuzima muri iki kiza, icyakora haravugwa umubare munini w’abajyanywe kwa muganga nyuma yo kwicwa n’imyotsi abandi bakikanga cyane.

[ad id=”44145″]





[ad id=”44145″]


[ad id=”44145″]
Leta ya Netanyahu yatangaje ko iyi nkongi ishobora kuba yatewe n’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Israel
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com


