Ijambo rya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ryagarutsweho cyane mu itangazamakuru ku Isi hose, atari ukubera ibikubiyemo, ahubwo kubera ukuntu abari mu nama basohotse mu cyumba mbere y’uko avuga. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Israel ikaba yasohoye urutonde rw’ibihugu imyanya yabyo yasigayemo ubusa mu gihe cy’iminota 41 yamaze avuga ijambo rye.
Nk’uko abayobozi ba Isiraheli babitangaza, intumwa 77 z’ibihugu zaba zarabuze muri salle burundu cyangwa zarasohotse mu ntangiriro z’ijambo rya Netanyahu. Muri byo harimo abaturanyi bane ba Israel ari bo Misiri, Yorodani, Libani, na Syria kongeraho na Arabia Saoudite, Turkiya, na Irani.

Abayobozi ba Israel ariko bagaragaje ko abatari bahari bose atari uko banze kumva ijambo rya Netanyahu. Bamwe muri bo ntibari bigeze bagera muri salle kuva mu gitondo, aho byari biteganyijwe ko Netanyahu ari we uvuga disikuru ya mbere.
Dore urutonde rw’ibihugu 77 bitakurikiye ijambo rya Netanyahu
-
Suriname
-
Tuvalu
-
Turkmenistan
-
Yemen
-
Egypt
-
Panama
-
Senegal
-
Palestine
-
Sudan
-
Tunisia
-
Turkey
-
Venezuela
-
Antigua and Barbuda
-
Belize
-
Congo
-
Oman
-
Qatar
-
Saudi Arabia
-
Tonga
-
Uzbekistan
-
Angola
-
Barbados
-
Colombia
-
Comoros
-
Dominica
-
Djibouti
-
North Macedonia
-
San Marino
-
South Africa
-
Somalia
-
Algeria
-
Bangladesh
-
Brunei Darussalam
-
Brazil
-
Chile
-
Democratic Republic of Congo (DRC)
-
Lebanon
-
Liberia
-
Eritrea
-
Chad
-
Central African Republic
-
Libya
-
Mauritania
-
Jordan
-
Nicaragua
-
Madagascar
-
Niger
-
Peru
-
Saint Lucia
-
Slovenia
-
Afghanistan
-
Bahamas
-
Bosnia and Herzegovina
-
Botswana
-
North Korea
-
Eswatini
-
Syria
-
Uganda
-
Pakistan
-
Lesotho
-
Bolivia
-
Spain
-
Cuba
-
Equatorial Guinea
-
Iran
-
Kyrgyzstan
-
Iraq
-
Mozambique
-
Myanmar
-
Ireland
-
Maldives
-
Indonesia
-
Kuwait
-
Namibia
-
Malaysia
-
Guyana
-
Kenya


