Kagera: Abakobwa basabwe kuzajya batanga inkwano

Sangiza iyi nkuru

Umuyobozi mu Ntara ya Kagera mu Mujyi wa Bukoba, Kadole Kilugala avuga ko abakobwa bakwiriye kuzajya batanga inkwano mu rwego rwo kugira ngo hirindwe ibibazo biri mu ngo.

Kadole yatangarije EATV ko kuba abasore aribo bonyine batanga inkwano bituma abakobwa bahohoterwa nyuma yo gushaka.

Uyu mugore ati ” Ni ngombwa ko mu muryango mugari wacu tumenya ko inkwano zabaye ikibazo. Buri ruhande rukwiriye kuzitanga kugira ngo habemo uburinganire.”

Yakomeje avuga ko buri ruhande rwazajya ” rutanga icyo rufite kugira ngo habeho uburinganire.”

Avuga ko bitabaye ibyo, abagabo bazajya bakomeza guhohotera abagore babo bitwaje ko babakoye.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Kagera: Abakobwa basabwe kuzajya batanga inkwano
    yeye ni nani kubadilisha mira na desturi za watu? aombe msamaha kwa jamii…….. asabe imbabazi ntabwo afite ububasha bw guhindura umuco yasanze azasiga…… ibyo ni ugutandukira.

  2. Kagera: Abakobwa basabwe kuzajya batanga inkwano
    yeye ni nani kubadilisha mira na desturi za watu? aombe msamaha kwa jamii…….. asabe imbabazi ntabwo afite ububasha bw guhindura umuco yasanze azasiga…… ibyo ni ugutandukira.

  3. Kagera: Abakobwa basabwe kuzajya batanga inkwano
    nibyo rwose kuko abantu baba bagiye kubana bazanganya uburenzira mu rugo rwabo kdi Bose bakeneranye 50/50 bityo birakwiye rero ko ntaruhande rukwiye kwibwirako barugomba byishi kurusha Urundi ,ubundi se inkwano niyiki? naho umuco WO urahinduka uko abantu bagenda bajijuka.

  4. Kagera: Abakobwa basabwe kuzajya batanga inkwano
    nibyo rwose kuko abantu baba bagiye kubana bazanganya uburenzira mu rugo rwabo kdi Bose bakeneranye 50/50 bityo birakwiye rero ko ntaruhande rukwiye kwibwirako barugomba byishi kurusha Urundi ,ubundi se inkwano niyiki? naho umuco WO urahinduka uko abantu bagenda bajijuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *