Umusore witwa Owiti Opiyo w’imyaka 20 y’amavuko uvuka mu gihugu cya Kenya aravugwaho imiterere y’igitsina umuntu yakwita ko ari nk’umwihariko, aho ngo icyo gitsina cye kitamwemerera kuba yakora imibonano mpuzabitsina ngo abe yazabyara nk’abandi.
[ad id=”44145″]
Nk’uko bitangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muiri iki gihugu, ngo uyu musore yatangiye kubona impinduka zidasanzwe ku gitsina cye kuva afite imyaka 5 gusa y’amavuko, ubwo yajyaga kurererwa kwa nyirakuru nyuma y’uko ababyeyi be bombi bapfa.
Ibi bitangazamakuru biviga kandi ko kugeza ubu, Owiti Opiyo asa n’uri mu kato kuko adashobora no kujya ku ishuri kuko abana benshi bamaze kumumenya bityo bakaba bamuserereza aho ageze hose.
Bikomeza bivuga ko ku myaka 20 gusa, uyu musore afite igitsina gikubye inshuro 10 icy’umuntu w’umugabo usanzwe ameze neza haba mu mubyimba ndetse no mu burebure.
Abaganga bavuga ko ibi ari uburwayi bwaburiwe izina kuko nta n’ahandi buboneka ku mugabane w’Afurika.
[ad id=”44145″]
Umuryango w’uyu musore uratangaza ko nta bushobozi ufite bwo kumukurikirana ku bw’iki kibazo batazi icyagiteye, gusa ko amahitamo bafite aria to kubyereka buri wese ushobora kugira impuhwe akaba yatanga ubufasha.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com


