kicukiro_2.jpg

Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW

Sangiza iyi nkuru

Umuryango w’umuturage witwa Ntahonsigaye Donath utuye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza, uratabaza inzego z’ubuyobozi n’abagiraneza babishobora kubafasha bagakurwaho imisoro y’ubukode bw’ubutaka y’arenga miliyoni 4 FRW, aho bavuga ko ku mwaka basabwa urenga 500,000 FRW nyamara no kubona ibyo kurya batabasha kubibona.

Kumufasha wahamagara : 0781776139

kicukiro_2.jpg

Mu kiganiro na Bwiza TV na Bwiza.com, Ntahonsigaye avuga ko kuva yabaho atarafata n’ibihumbi ijana mu ntoki ze, atunzwe no guhingira abaturanyi be kugira ngo abone ibyatunga umuryango we. Uyu musaza avuga ko yatunguwe no kubona yaragiye ku murenge gufata icyangombwa cy’ubutaka bwe bakamubwira ko batakimuha kuko arimo imisoro irenga miliyoni 4. Avuga ko nta bushobozi afite kuko n’umusarani (W.C) afite yawubakiwe n’ubuyobozi bw’Akagari bufatanyije n’abaturage kandi ko n’inzu abamo igiye kumugwira kuko nta bushobozi yabona bwo kuyisana.

Yagize ati: “Ndifuza kurenganurwa. Banciye imisoro miliyoni 4 na maganabiri (4,200,000 FRW, rwose miliyoni sinzi uko isa. Na W.C ni inkunga banteye barayinyubakira. Ndagira ngo bankurireho iyo misoro, bampe icyo cyangombwa nkomeze ndwarize aho, kuko bavuze ngo ni mu mashyamba, sinanabona n’uwo mpagurisha ntafite nicyo cyangombwa.”

Nibishaka Emmanuel ni umuhungu wa Ntahonsigaye. Avuga ko imisoro babaciye ari akarengane, kuko umwaka umwe babaciye ibihumbi 519,000 FRW ku butaka batuyemo ari nabwo ahingaho, nyamara n’inzu batuyemo igiye kubagwira. Avuga ko bitumvikana kubona aribo bacibwa umusoro ungana kuriya mu gihe abaturanyi babo basabwa kwishyura amafaranga ibihumbi 30,000 FRW.

Agira ati: “Amafaranga bamuciye ni akarengane kuko bitajyanye n’ubutaka. Aya mafaranga ntiyayabona kuko n’ibihumbi ijana ntiyabibona, n’iyi nzu kugira ngo ayibone ni umugiraneza wayimwubakiye. Niba hari abagiraneza, nibadufashe uyu musaza wange abashe kurenganurwa kuko bigaragara ko agiye kuzaba mu iteme angana gutya.”

Nibishaka avuga ko batumva uburyo bigirijweho nkana bakabaca amafaranga 500,000 FRW, mu gihe abaturanyi babo uwaciwe menshi yaciwe 37,000 FRW.

Ntawushiragahinda Donatile, umugore wa Donath avuga ko bababaye kandi ari n’abakene kuko n’inka bahawe na Perezida Kagame muri girinka yapfuye ubu bakaba bakomeje kubaho mu bukene. Agira ati: “Iyo ubayeho udashobora no kwiyubakira wese, ntubashe no kwigurira ihene, burya uba ukennye, n’abana bananiye kubishyurira, n’inzu yaratugwiriye, turasaba Leta kuduha icyangobwa cy’ubutaka bwacu, umuntu wese wagira umutima wo kudufasha akaba yadusanira aho kuba twamushimira.”

Bwiza.com yashatse kumenya icyo umukozi ku Karere ka Kicukiro avuga kuri iki kibazo cy’umuturage n’icyo yawufasha, ntiyigera afata telefone yacu inshuro zose twamuhamagayeho.

Twabajije kandi Umunyamabanda Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyanza, atubwira ko agiye kubaza abamukuriye, nyuma atwandikira ubutumwa bugufi ko twabaza uw’umurenge.

Nyuma yaho twahamagaye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge, telefone irinda yikuraho atayifashe, twongeye dusanga ntikiriho.

Kumufasha wahamagara : 0781776139

kicukiro_1.jpg
img-20210426-wa0011_1.jpg

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

26 Responses

  1. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    kicukiro district umudamu witwa domina niwe wishyiriraho imisoro anavuga nabi kuburyo mubyimisoro nuwitwa Claude ariwe directeur abanza kubaza domina !!!icyo domina avuze ntawe ugisubiza inyuma

  2. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    kicukiro district umudamu witwa domina niwe wishyiriraho imisoro anavuga nabi kuburyo mubyimisoro nuwitwa Claude ariwe directeur abanza kubaza domina !!!icyo domina avuze ntawe ugisubiza inyuma

  3. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  4. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  5. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  6. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  7. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

    1. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
      Muli Kicukiro na Rubavu bakora amakosa na robo ya Sofiya itakora.. Kandi banga urunuka ubabwira “GUKOSORA”, ngo “BARANDIKA NTIBASIBA…”!!!
      RIB ijye yinjira mu bibazo nka biriya, yitonde icukumbure neza amakuru yose, 99% izasanga ali “UBUKEBEBE” bw’abayobozi (buzaroha u Rwanda) bwikingiriza imisoro y’ubutaka!
      Abashishoza nibatabare hakibona, “IMIBOROGO Y’ABANYARWANDA ITARAGERA KU UWITEKA”.

    2. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
      Muli Kicukiro na Rubavu bakora amakosa na robo ya Sofiya itakora.. Kandi banga urunuka ubabwira “GUKOSORA”, ngo “BARANDIKA NTIBASIBA…”!!!
      RIB ijye yinjira mu bibazo nka biriya, yitonde icukumbure neza amakuru yose, 99% izasanga ali “UBUKEBEBE” bw’abayobozi (buzaroha u Rwanda) bwikingiriza imisoro y’ubutaka!
      Abashishoza nibatabare hakibona, “IMIBOROGO Y’ABANYARWANDA ITARAGERA KU UWITEKA”.

  8. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  9. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  10. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Ibi bintu nta karengane karimo kuko birumvika iyo ubutaka busora nyirabwo nta busorere hajyaho ama PENALTIES .
    Iyo ukomeje gutinda rero wisanga agaciro kumutungo kararangiriyemo.

    Ex:
    ubu uramutse warize secondary utishyura, uyu munsi ugakenera kujya kuzana diploma yawe bakakubarira imyaka 6 yose kd babaze buri kantu, wakwifata ute?

    Aho iyo diploma ntiwayibasigira?

    Bivuze ko iyo utinda kwikuraho umweênda kuwishyura birakuananira.

    Ikindi kd nta wamutwaye ubutaka kubera umusoro kuko leta inability ko yakwandarika umuturage wayo.

    Buriya bashatse kugurisha bazitirwa n’ itegeko.

    Icyo buri wese yagaya ni uburyo abayobozi be bitwaye. Ntibigeze basobanura ibintu, batinye itangazamakuru kd umuyobozi mwiza asobanura akanakomera ku mwanzuro yafashe.

  11. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Jye ubu abaturage baransetsa!
    Kuba yarubakiwe ubwiherero bihurira he no gusora cg kudasora kumutungo umwanditseho? Umuntu abyara abo ashoboye kurera niba atarashoboraga kuhasorera yari kuhimuka akajya aho afitiye ubushobozi.
    Ikindi abaturage Bose barareshya muburyo bw’amategeko sinzi rero niba leta yasoresha bamwe abandi ikabihorera Kandi umutungo Ari uw’umuntu kuhiti cye.

    1. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
      Kubakirwa W.C bifite aho bihuriye no kuba yabura ubushobozi bwo kwishyura umusoro kuko ntamuntu ufite uko ameze 8wakubakirwa toilette gusa hari inzira za teganijwe zabagomba gusonerwa umusoro kukwegera abayobozi be bakamukorera ubuvugizi kd birashoboka

    2. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
      Kubakirwa W.C bifite aho bihuriye no kuba yabura ubushobozi bwo kwishyura umusoro kuko ntamuntu ufite uko ameze 8wakubakirwa toilette gusa hari inzira za teganijwe zabagomba gusonerwa umusoro kukwegera abayobozi be bakamukorera ubuvugizi kd birashoboka

  12. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Jye ubu abaturage baransetsa!
    Kuba yarubakiwe ubwiherero bihurira he no gusora cg kudasora kumutungo umwanditseho? Umuntu abyara abo ashoboye kurera niba atarashoboraga kuhasorera yari kuhimuka akajya aho afitiye ubushobozi.
    Ikindi abaturage Bose barareshya muburyo bw’amategeko sinzi rero niba leta yasoresha bamwe abandi ikabihorera Kandi umutungo Ari uw’umuntu kuhiti cye.

  13. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Nange igitekerezo natanga icyo nikibazo gifitwe nabantu benshi sinzi niba wakwibazako umuntu nukuri asorera inzu abamo Kandi ntakintu mubukuri yinjiza nikibazo gikomeye leta ikwiriye kwigaho

  14. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Nange igitekerezo natanga icyo nikibazo gifitwe nabantu benshi sinzi niba wakwibazako umuntu nukuri asorera inzu abamo Kandi ntakintu mubukuri yinjiza nikibazo gikomeye leta ikwiriye kwigaho

  15. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Rero ndumva baterengana imisoro w’ubutaka ujyana n’ubuso bafite ahubwo bagashatse ukobabubyaza umusaruro

  16. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Rero ndumva baterengana imisoro w’ubutaka ujyana n’ubuso bafite ahubwo bagashatse ukobabubyaza umusaruro

  17. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Abadepite bajye guhaguruka bavugire abaturage.

  18. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Abadepite bajye guhaguruka bavugire abaturage.

  19. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Imisoro izabikora kuko mbona mumyaka 10 irimbere bamwe bazasanga ayo bagomba kwishyura aruta agaciro kubutaka
    Rero bazashyiremo imiyaga barebe uko umuntu abayeho bamusonere umusoro
    Erega aho ubukene buri nibitekerezo birabura ntibashoboye kububyaza umusaruro
    Ahubwo kuko ari ugukodesha leta nibufate ahubwo ijye itunga banyirabwo

  20. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Imisoro izabikora kuko mbona mumyaka 10 irimbere bamwe bazasanga ayo bagomba kwishyura aruta agaciro kubutaka
    Rero bazashyiremo imiyaga barebe uko umuntu abayeho bamusonere umusoro
    Erega aho ubukene buri nibitekerezo birabura ntibashoboye kububyaza umusaruro
    Ahubwo kuko ari ugukodesha leta nibufate ahubwo ijye itunga banyirabwo

  21. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Abanyarwanda duhora mu mafuti kuko twiyibagiza vuba ayakozwe n’abatubanjirije!!!

    Imvano ya byose ikaba kudashyira mu gaciro by’ibanze
    (manque de logique élémentaire)!

    Quelles logiques sordides nko kuvuga ngo “UDASHINGA NABYINE”???
    Ngo inzu ntisora ubutaka yubatseho burasora!!!

    Tureke imvugo ndindagizi (propos subliminaux) nka “NI AKAGURU BAGUCA URUBOHO UGAHAMBIRA”..!
    Ese uwasonera matelas n’amashuka ba Depite batoye ririya tegeko baryamamo, akabasoresha ibitanda bishashweho, badafite ayo kwishyura babiryamaho??!

    Abatoye ririya tegeko bataniye he na AYINKAMIYE Madalena witiriwe itegeko ryo gusoresha inkoko???

    Kicukiro na Rubavu ni uturere 2 dukoperana cyane mu bukebebe bw’ubutaka n’imisoro, umupfumu mukuru (RIB) akaraze inzuzi mbisi (abo bayobozi batitaba phone) ku mpinga.., umuzimu (umuguzi) usheta ubwo butaka kuli miliyoni 4 Fr yakwidumbukiza!!!

    Mu Rwanda hitonderwe “oligarchie de fait” imaze gushinga imizi yifashishije labyrinthe y’amategeko (n’abanyamategeko batagipfa kwinyuzamo)!!!

  22. Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW
    Abanyarwanda duhora mu mafuti kuko twiyibagiza vuba ayakozwe n’abatubanjirije!!!

    Imvano ya byose ikaba kudashyira mu gaciro by’ibanze
    (manque de logique élémentaire)!

    Quelles logiques sordides nko kuvuga ngo “UDASHINGA NABYINE”???
    Ngo inzu ntisora ubutaka yubatseho burasora!!!

    Tureke imvugo ndindagizi (propos subliminaux) nka “NI AKAGURU BAGUCA URUBOHO UGAHAMBIRA”..!
    Ese uwasonera matelas n’amashuka ba Depite batoye ririya tegeko baryamamo, akabasoresha ibitanda bishashweho, badafite ayo kwishyura babiryamaho??!

    Abatoye ririya tegeko bataniye he na AYINKAMIYE Madalena witiriwe itegeko ryo gusoresha inkoko???

    Kicukiro na Rubavu ni uturere 2 dukoperana cyane mu bukebebe bw’ubutaka n’imisoro, umupfumu mukuru (RIB) akaraze inzuzi mbisi (abo bayobozi batitaba phone) ku mpinga.., umuzimu (umuguzi) usheta ubwo butaka kuli miliyoni 4 Fr yakwidumbukiza!!!

    Mu Rwanda hitonderwe “oligarchie de fait” imaze gushinga imizi yifashishije labyrinthe y’amategeko (n’abanyamategeko batagipfa kwinyuzamo)!!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *