Lusaka: Mu kwizihiza intsinzi ya Perezida, biyambuye ubusa

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’ aho amakuru atangaza ko Edgar Chagwa Lungu yegukanye intsinzi mu matora ya Perezida wa Zambia atsinze Hakainde Hichilema ku manota 50. 3% ashyizwe hanze, abaturage batari bacye bizihije iyi ntsinzi biyambuye ubusa.
zambi
Mu mihanda y’ umurwa mukuru wa Zambia i Lusaka ndetse no murwa wa kabiri i Ndola, abari bashyigikiye ko Perezida Edgar Lungu yongera kuyobora bagaragaye bambaye ubusa.
Aya matora ahaye Perezida Edgar Lungu amahirwe yo kongera kuyobora Zambia iyindi myaka 5 mu gihe mugenzi bari bahanganye ,Hakainde Hichilema we avuga ko amajwi yibwe akaba yitegura gutanga ikirego mu minsi itarambiranye.
Gusa kuri iyi ngingo yo kwiyambika ubusa tushobora kwibaza niba biri mu muco w’ abanyagihugu ba Zambia.

zambi2
Perezida Edgar Chagwa Lungu wongeye gutsinda

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

 
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *