Kuwa Gatanu ingabo za leta zataye umupaka wa kitagoma uherereye muri Gurupoma ya Busanza,nyuma y’imirwano yari imaze iminsi ibiri ishyamiranyije inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta FARDC. Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Maj Willy Ngoma kuri Twitter yavuze ko bari kugenzura Kitagoma. Yagize ati ” Intare za Sarambwe zageze Kitagoma” FARDC ntacyo iratangaza kuri aya makuru. M23 ikomeje kwigarurira duce dutandukanye nyuma y’imirwano ikaze yasakiranyije uyu mutwe na FARDC. Ni nyuma yo kwigarurira Bunagana mu mezi ane ashize.



4 Responses
M23 yafashe umupaka wa Kitagoma uhuza RDC na Uganda
rwose em 23 irakaze
M23 yafashe umupaka wa Kitagoma uhuza RDC na Uganda
rwose em 23 irakaze
M23 yafashe umupaka wa Kitagoma uhuza RDC na Uganda
BAHUNGU BACU YESU ABASHIGIKIRE AMAHAGA AYABUZE KUTUBUZA IWACU
M23 yafashe umupaka wa Kitagoma uhuza RDC na Uganda
BAHUNGU BACU YESU ABASHIGIKIRE AMAHAGA AYABUZE KUTUBUZA IWACU