Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data

Sangiza iyi nkuru

Umusore w’imyaka 27 (Kalinda) amazina yahinduwe nk’uko yabisabye avuga ko mama we ari kumusaba kubana n’umukobwa yabyaranye n’undi mugabo utari Se ngo amurinde kwandagara.

Yandikiye info@bwiza.com ko Se akimara gupfa mu 1997, nyina yabyaranye n’undi mugabo umwana w’umukobwa ubu ufite imyka 23 ariko ngo ntashaka kumushyingira undi musore, ngo ” Atazamufatira umwana nabi.”

Uyu mubyeyi yasabye umuhungu we kubana n’uwo mukobwa badahuje Se gusa ngo akomeje kubyanga. Uyu ati ” Mama yarabinsabye aho twari twasohokeye ngira ngo arikinira. Yambwiye ko asanga abandi basore bzashakana na mushiki wanjye bazajya bamufata nabi. Yambwiye ko asanga nabana neza n’uwo mushiki wanjye kuko ndi nshyira mu gaciro.”

Mubajije niba atibuka ko ubwo yaba abaye mabukwe akaba na mama, yambwiye ko “Nta kibazo kandi ko twahita twaimuka tukajya mu mahanga aho batazi amasano yacu.”

Yakomeje agira ati ” Nabiteye utwatsi bitewe n’uko mushiki wanjye ntamufata nk’umugore wanjye. Ni mwiza rwose ariko numva ntabikora ngo tubane akaramata kandi n’ubwo tudahuje ababyeyi bombi, ni mushiki wanjye.”

Uyu musore ariko avuga ko yahabwa inama y’icyo yakora kuko ngo kwanga ubu busabe bwa nyina, byareje umwuka mubi mu rugo ku buryo asigaye atinya gutaha, akajya kurara mu bo yita ” abajama be.”

Soma Izindi Nkuru

24 Responses

  1. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    rekareronkugirinama,mamawawe ntuzamwemerere,kukuwonimushikiwawerwose,ibyoyakubwirabyosentuzabyemere ubundise mushikiwawe abivugaho iki?yabyemeranawe wowentuzabyemera namahanomabi yeweturimuminsiyanyumakoko ndakubujije ntuzabikore.

    1. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
      Rero ikibazo Kiri biologic gishobora kubaho.
      Kuko abantu duhuje ababyeyi hafi Hari genetic characters dushobora guhuza Kandi zitari nziza nkurugero zigaragara aruko habayeho guhura kwa alles ebyiri ziri recessive kdi akenshi bibaho kubantu bavukana cg badafitanye amasano yakure. Anyway it is something big, you can consult doctors bakagufasha kubyumva.

    2. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
      Rero ikibazo Kiri biologic gishobora kubaho.
      Kuko abantu duhuje ababyeyi hafi Hari genetic characters dushobora guhuza Kandi zitari nziza nkurugero zigaragara aruko habayeho guhura kwa alles ebyiri ziri recessive kdi akenshi bibaho kubantu bavukana cg badafitanye amasano yakure. Anyway it is something big, you can consult doctors bakagufasha kubyumva.

  2. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    rekareronkugirinama,mamawawe ntuzamwemerere,kukuwonimushikiwawerwose,ibyoyakubwirabyosentuzabyemere ubundise mushikiwawe abivugaho iki?yabyemeranawe wowentuzabyemera namahanomabi yeweturimuminsiyanyumakoko ndakubujije ntuzabikore.

  3. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Ayo ni amahano mumuco nyarwanda….mumiterere y umubiri w umuntu bishobora kugira ingaruka mukabyara abana batujuje ingingo zose.

  4. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Ayo ni amahano mumuco nyarwanda….mumiterere y umubiri w umuntu bishobora kugira ingaruka mukabyara abana batujuje ingingo zose.

  5. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Rero ikibazo Kiri biologic gishobora kubaho.
    Kuko abantu duhuje ababyeyi hafi Hari genetic characters dushobora guhuza Kandi zitari nziza nkurugero zigaragara aruko habayeho guhura kwa alles ebyiri ziri recessive kdi akenshi bibaho kubantu bavukana cg badafitanye amasano yakure. Anyway it is something big, you can consult doctors bakagufasha kubyumva.

  6. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Rero ikibazo Kiri biologic gishobora kubaho.
    Kuko abantu duhuje ababyeyi hafi Hari genetic characters dushobora guhuza Kandi zitari nziza nkurugero zigaragara aruko habayeho guhura kwa alles ebyiri ziri recessive kdi akenshi bibaho kubantu bavukana cg badafitanye amasano yakure. Anyway it is something big, you can consult doctors bakagufasha kubyumva.

  7. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Ariko mwo gacwa mwe, abanyarwanda… Jye n’ubwo nzi neza ko turi mu minsi ya nyuma iruhije aho ibyaha bitazongera kugira uwo bitinyisha. Ariko rwose, umuntu yicara hasi agasubiza agatima mu mpembeero Ngo agerageze kumva neeza ibyo abona ho mu bantu b’ubu, n’ibyo wumva baba bakoze, ariko nta gisubizo waronka kizima. Ikuzimu ni ho hasigaye hategeka cg hatwaara ibihugu byose.
    None se gushyingira abana bava inda imwe ukabahungisha Ngo bitazamenyekana, yeho ndabishyimye ko bahunga da.Ariko se k’umuryango wo kwa Se w’uwo mukobwa ntibazabimenya amaherezo yose se ra? Ko Ngo: AMAHEREZO Y’INZIRA YOSE ARI MU NZU. Niba umuti Ari uwo kubashyingira yabimara, hanyuma agashogosherana abana kujya kubapfurika ishyanga, ubwo se Iwabo w’uwo mugore se we ntibazabitahura ra?
    Wa musore we, shaka uko ucika iwanyu, na telefoni uyihindurire number ntuzasubire iwanyu uwo mukobwa atarashyingirwa. Uzahacike pe.

  8. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Ariko mwo gacwa mwe, abanyarwanda… Jye n’ubwo nzi neza ko turi mu minsi ya nyuma iruhije aho ibyaha bitazongera kugira uwo bitinyisha. Ariko rwose, umuntu yicara hasi agasubiza agatima mu mpembeero Ngo agerageze kumva neeza ibyo abona ho mu bantu b’ubu, n’ibyo wumva baba bakoze, ariko nta gisubizo waronka kizima. Ikuzimu ni ho hasigaye hategeka cg hatwaara ibihugu byose.
    None se gushyingira abana bava inda imwe ukabahungisha Ngo bitazamenyekana, yeho ndabishyimye ko bahunga da.Ariko se k’umuryango wo kwa Se w’uwo mukobwa ntibazabimenya amaherezo yose se ra? Ko Ngo: AMAHEREZO Y’INZIRA YOSE ARI MU NZU. Niba umuti Ari uwo kubashyingira yabimara, hanyuma agashogosherana abana kujya kubapfurika ishyanga, ubwo se Iwabo w’uwo mugore se we ntibazabitahura ra?
    Wa musore we, shaka uko ucika iwanyu, na telefoni uyihindurire number ntuzasubire iwanyu uwo mukobwa atarashyingirwa. Uzahacike pe.

  9. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    ntagushuke mwana uwo mama wawe afite undi mipango wowe utazi ushobora kuzahora wicuza mubuzima bwawe bwose uramutse ubikoze mubintu Imana yanga harimo no kurongora mushiki wawe +uwomwonse rimwe koko????????????????????nagapfukamunwa nako nagahoma munwa

  10. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    ntagushuke mwana uwo mama wawe afite undi mipango wowe utazi ushobora kuzahora wicuza mubuzima bwawe bwose uramutse ubikoze mubintu Imana yanga harimo no kurongora mushiki wawe +uwomwonse rimwe koko????????????????????nagapfukamunwa nako nagahoma munwa

  11. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Aho kugirango uge kuzana inyagasozi Ntacyo bitwaye mwakibanira nuwo mudahuje papa wanyu… No mu bahinde , abarabu, abayisirayeri, abashinwa,,, barabikora ninabyo byiza.

  12. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Aho kugirango uge kuzana inyagasozi Ntacyo bitwaye mwakibanira nuwo mudahuje papa wanyu… No mu bahinde , abarabu, abayisirayeri, abashinwa,,, barabikora ninabyo byiza.

  13. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Aho kugirango uge kuzana inyagasozi Ntacyo bitwaye mwakibanira nuwo mudahuje papa wanyu… No mu bahinde , abarabu, abayisirayeri, abashinwa,,, barabikora ninabyo byiza.

  14. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Aho kugirango uge kuzana inyagasozi Ntacyo bitwaye mwakibanira nuwo mudahuje papa wanyu… No mu bahinde , abarabu, abayisirayeri, abashinwa,,, barabikora ninabyo byiza.

  15. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Nibyiza nange byambayeho ariko nuburyohe kuko ntawiba asahura urugo kuko nubundi biba aribyumuryango aho kuzana uwahandi ugasanga aribandi Dore ko benshi bakurikira ibintu washakana nuwo

  16. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Nibyiza nange byambayeho ariko nuburyohe kuko ntawiba asahura urugo kuko nubundi biba aribyumuryango aho kuzana uwahandi ugasanga aribandi Dore ko benshi bakurikira ibintu washakana nuwo

  17. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Nibyiza nange byambayeho ariko nuburyohe kuko ntawiba asahura urugo kuko nubundi biba aribyumuryango aho kuzana uwahandi ugasanga aribandi Dore ko benshi bakurikira ibintu washakana nuwo

  18. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Nibyiza nange byambayeho ariko nuburyohe kuko ntawiba asahura urugo kuko nubundi biba aribyumuryango aho kuzana uwahandi ugasanga aribandi Dore ko benshi bakurikira ibintu washakana nuwo

  19. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Nibyiza nange byambayeho ariko nuburyohe kuko ntawiba asahura urugo kuko nubundi biba aribyumuryango aho kuzana uwahandi ugasanga aribandi Dore ko benshi bakurikira ibintu washakana nuwo

  20. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Nibyiza nange byambayeho ariko nuburyohe kuko ntawiba asahura urugo kuko nubundi biba aribyumuryango aho kuzana uwahandi ugasanga aribandi Dore ko benshi bakurikira ibintu washakana nuwo

  21. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Isi irashaje peee sigaho Ni mwenenyoko. Umugabo wo nyoko niso.

  22. Mama aransaba kubana na mushiki wanjye kuko tudahuje data
    Isi irashaje peee sigaho Ni mwenenyoko. Umugabo wo nyoko niso.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *