Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa, rusumba izindi zose, rumaze gufata umwanzuro wo gutesha agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana Juvénal Habyarimana wabaye Perezida w’u Rwanda.
Uyu muryango uhagarariwe n’umugore wa Habyarimana, Agathe Kanziga, tariki ya 18 Mutarama 2022 wajuririye icyemezo urukiko rw’ubujurire rwari rwarafashe muri Nyakanga 2020, cyo gushyingura dosiye ku iraswa ry’indege yarimo n’uwari Perezida w’u Burundi, Cyprien Ntaryamira ryabaye tariki ya 6 Mata 1994.
Umwanzuro w’urukiko rw’ubujurire nawo wari wafashwe ku bujurire uyu muryango wari waratanze ku w’urukiko rw’ibanze rwari rwarafashe tariki ya 21 Ukuboza 2018.
Inkuru bifitanye isano https://www.bwiza.com/?Mu-Bufaransa-Urukiko-rurafata-icyemezo-kuri-dosiye-ya-Habyarimana-umugore-we
Nk’uko RFI imaze kubitangaza, Umucamanza mu rukiko rusesa imanze kuri uyu wa 15 Gashyantare 2022 yafashe umwanzuro wo guha agaciro umwanzuro wafashwe mu 2018, no gutesha agaciro ubujurire bw’uyu muryango, yemeza ko iyi dosiye ishyinguwe burundu.
Gushyingura iyi dosiye yakurikiranwaga kuva mu mwaka w’1998, gusobanuye ko nta rindi perereza rizongera gukorwa ku bo ubutabera bw’u Bufaransa bakekagaho kugira uruhare mu irasa ry’indege ya Habyarimana, biganjemo abasirikare bakuru b’u Rwanda.



8 Responses
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Nimumfashe kwamagana ibi bicucu bya abafaransa nkuko muri Afrique de l’ouest babikora kuko nakora nku rwumvu baragaswera nyiramongi n’a kagame
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Nimumfashe kwamagana ibi bicucu bya abafaransa nkuko muri Afrique de l’ouest babikora kuko nakora nku rwumvu baragaswera nyiramongi n’a kagame
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Nimumfashe kwamagana ibi bicucu bya abafaransa nkuko muri Afrique de l’ouest babikora kuko nakora nku rwumvu baragaswera nyiramongi n’a kagame
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Nimumfashe kwamagana ibi bicucu bya abafaransa nkuko muri Afrique de l’ouest babikora kuko nakora nku rwumvu baragaswera nyiramongi n’a kagame
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Benshi baribaza icyo ibi bisobanura.Babyita “Un non-lieu” mu gifaransa.Nukuvuga ko uru rukiko rutahaye agaciro ibyagezweho na Inquiry (anketi) ku buryo hagira umuntu ukurikiranwa.Byaba ibyavuzwe na Bruguierre,byaba ibyavuzwe na Trevidic,nta gaciro babihaye.Rwahisemo gushyingura iyi dossier.Abatishimiye iki cyemezo bakora iki?Bagana Urukiko rw’i Burayi rushinzwe ubureganzira bwa muntu (Cour Europeenne des Droits de l’Homme).
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Benshi baribaza icyo ibi bisobanura.Babyita “Un non-lieu” mu gifaransa.Nukuvuga ko uru rukiko rutahaye agaciro ibyagezweho na Inquiry (anketi) ku buryo hagira umuntu ukurikiranwa.Byaba ibyavuzwe na Bruguierre,byaba ibyavuzwe na Trevidic,nta gaciro babihaye.Rwahisemo gushyingura iyi dossier.Abatishimiye iki cyemezo bakora iki?Bagana Urukiko rw’i Burayi rushinzwe ubureganzira bwa muntu (Cour Europeenne des Droits de l’Homme).
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Benshi baribaza icyo ibi bisobanura.Babyita “Un non-lieu” mu gifaransa.Nukuvuga ko uru rukiko rutahaye agaciro ibyagezweho na Inquiry (anketi) ku buryo hagira umuntu ukurikiranwa.Byaba ibyavuzwe na Bruguierre,byaba ibyavuzwe na Trevidic,nta gaciro babihaye.Rwahisemo gushyingura iyi dossier.Abatishimiye iki cyemezo bakora iki?Bagana Urukiko rw’i Burayi rushinzwe ubureganzira bwa muntu (Cour Europeenne des Droits de l’Homme).
Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana
Benshi baribaza icyo ibi bisobanura.Babyita “Un non-lieu” mu gifaransa.Nukuvuga ko uru rukiko rutahaye agaciro ibyagezweho na Inquiry (anketi) ku buryo hagira umuntu ukurikiranwa.Byaba ibyavuzwe na Bruguierre,byaba ibyavuzwe na Trevidic,nta gaciro babihaye.Rwahisemo gushyingura iyi dossier.Abatishimiye iki cyemezo bakora iki?Bagana Urukiko rw’i Burayi rushinzwe ubureganzira bwa muntu (Cour Europeenne des Droits de l’Homme).