FDLR yahakanye yivuye inyuma ibyo iheruka gutangazwaho na Perezida Kagame

Umutwe wa FDLR wahakanye wivuye inyuma iby’imikorere ishobora kuba hagati yawo na ADF nk’uko biheruka gutangazwa na Perezida Paul Kagame, uvuga ko nta masezerano ugirana n’ibyihebe. Uyu mutwe wasubizaga ku byo uheruka gutangazwaho na Perezida Kagame ubwo yari amaze kwakira indahiro z’abaminisitiri baheruka kwinjira muri Guverinoma ku itariki ya 08 Gashyantare. Perezida Kagame ubwo yari […]

Ruhango: Inkuba yishe umwana nta mvura iri kugwa

Inkuba yakubise inica umwana w’imyaka 12 y’amavuko witwa Niyodusenga IsmaĂŻl wo mu Mudugudu wa Muhororo, Akagari ka Mahembe, Umurenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, ku izuba nta mvura irimo kugwa. Iyi mpanuka yabaye ku manywa ya tariki ya 12 Gashyantare 2022, ubwo Niyodusenga yari avuye kuvoma amazi. Nyina w’umwana yatangarije BTN TV uko byagenze, […]

Tanzania igiye kwikorera inkingo za Covid-19

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko igihugu cye giteganya gushinga uruganda ruzajya rukora inkingo za Covid-19 n’iz’izindi ndwara. Uyu Mukuru w’Igihugu yabihishuriye Perezida wa Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU), Charles Michel, kuri uyu wa 15 Gashyantare 2022 mu ruzinduko ari kugirira mu Bubiligi. Perezida Samia kandi yanasabye EU gushyigikira […]

Le Rwanda se prépare à accueillir la réunion du Commonwealth

Le Rwanda a allouĂ© 4,7 millions de dollars Ă  la prĂ©paration de l’accueil de la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth (CHOGM) qui aura lieu Ă  Kigali en juin. Le rendez-vous, initialement prĂ©vu pour juin 2020, a dĂ©jĂ  Ă©tĂ© reportĂ© Ă  deux reprises en raison de la pandĂ©mie de Covid-19. Avant le premier report, […]

Umusaruro nkene mu byaranze abakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze y’igihugu mu cyumweru gishize

Impera z’icyumweru gishize zaranzwe n’umusaruro nkene ku basore b’Abanyarwanda bakinira ruhago hanze y’igihugu, dore ko abenshi batashoboye kwitwara neza mu makipe yabo. Abenshi muri aba bakinnyi bari bagiye babanza ku ntebe y’abasimbura, abagiriwe ikizere bagasimburwa hakirikare kubera umusaruro wabo mukeya,mu makipe babarizwamo. Nko muri ashampiyona y’icyiciro cya mbere muri Maroc izwi nka ‘Botola Pro’ ibarizwamo […]

Martin Fayulu yandikiye ba Perezida b’ibihugu bya AU ashyira mu majwi u Rwanda na Uganda

Umunya-Politiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, yandikiye abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ashyira mu majwi u Rwanda na Uganda kubera amasezerano ibi bihugu byasinyanye na Guverinoma ya Congo. Ni ibaruwa uyu mugabo usanzwe akuriye ishyaka Engagement pour la CitoyennetĂ© et le DĂ©veloppement (ECIDĂ©) yanditse ku itariki ya 05 Gashyantare […]

Mu Bufaransa: Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana

Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa, rusumba izindi zose, rumaze gufata umwanzuro wo gutesha agaciro ubujurire bw’umuryango wa Habyarimana JuvĂ©nal Habyarimana wabaye Perezida w’u Rwanda. Uyu muryango uhagarariwe n’umugore wa Habyarimana, Agathe Kanziga, tariki ya 18 Mutarama 2022 wajuririye icyemezo urukiko rw’ubujurire rwari rwarafashe muri Nyakanga 2020, cyo gushyingura dosiye ku iraswa ry’indege yarimo n’uwari […]

Perezida Kagame yasoje uruzinduko yagiriraga muri Qatar

fln6rryxsaurcfm.png

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga muri Qatar. Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu yatangiye ku wa Mbere, aho yakiriwe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Doha, Perezida Kagame yakiriwe b’umuyobozi ushinzwe kwakira abashyitsi muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, […]

Uburusiya buri gukura bamwe mu basirikare babwo ku mupaka wa Ukraine

Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya, Igor Konashenkov, yatangaje ko irimo kuvana zimwe mu ngabo zayo ku mupaka wa Ukraine. Mu butumwa bwa Konashenkov, umuvuguzi w’iyo minisiteri, bwatangajwe n’ibiro ntaramakuru Interfax, yavuze ko;” Inite zo mu turere tw’amajyepfo n’uburengerazuba zarangije ubutumwa bwazo zatangiye kurira gari ya moshi n’imodoka, kandi uyu munsi ziratangira gusubira mu bigo byazo.” Konashenkov ariko […]

FARDC iravuga ko yafashe Umunyatanzaniyakazi wo mu mutwe wa ADF

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kivuga ko cyafashe umurwanyi wa ADF ufite ubwenegihugu bwa Tanzaniya mu Mudugudu wa Apehutu, mu Murenge wa Ruwenzori (muri Teritwari ya Beni), muri Kivu y’Amajyaruguru. Uyu murwanyi wafashwe ni umugore witwa Zazrad Zerad SaĂŻdi, wafashwe ku wa Mbere, itariki 14 Gashyantare 2022, n’abasirikare mu irondo. Kapiteni Anthony Mualushayi, […]

Kenya: Uwiyamamariza kuba Perezida aratabaza

Umunyapolitiki akaba n’umuhanzi, Reuben Kigame wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Kenya, yatabaje urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza nyuma yo kwakira kuri WhatsApp ubutumwa bumutera ubwoba. Mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2022, Kigame yahishuye ko umuntu atazi yamwoherereje ubutumwa bw’ijwi kuri WhatsApp mu masaha y’ijoro, amusaba gukuramo kandidatire ye. Yagize ati: “Mu […]

Kirundo: Imbonerakure 7 zacitse imyitozo nyuma yo kumenya ubutumwa buzitegereje

Abantu barindwi bo mu rubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD, batorotse aho bakorera imyitozo ya gisirikare ku Mudugudu wa Runyonza muri Komini n’Intara ya Kirundo (mu majyaruguru y’ Burundi). Nk’uko bagenzi babo babitangaje, ngo bagize ubwoba ubwo bamenyaga ko bagiye koherezwa gufasha izindi Mbonerakure zifasha Ingabo z’Abarundi kurwanya umutwe w’inyeshyamba wa Red Tabara ukorera mu bibaya n’imisozi miremire […]

Communications and Public Engagement Manager at World Vision

JOB OPPORTUNITY COMMUNICATIONS AND PUBLIC ENGAGEMENT MANAGER World Vision Rwanda is a child focused Christian humanitarian organization implementing development programs in 29 Districts of Rwanda. World Vision Rwanda seeks to hire a highly qualified, dedicated, and experienced national for the position of Communications and Public Engagement Manager. The position will be based at Head Office […]

Ethiopian MPs to cut short recess, know reason why

The Eastafrican Ethiopia’s House of People’s Representatives is set to meet on Tuesday to debate and decide on whether to lift a nationwide state of emergency imposed six months ago. Prime Minister Abiy Ahmed’s government has called parliamentarians for an emergency meeting, recalling them back from recess that was meant to last until end of […]

Kagame, Emir of Qatar hold talks

President Paul Kagame, who is on a working visit in Doha, Qatar where he arrived on Monday morning, held talks with the Emir of Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani. The Head of State and his delegation arrived in Doha on Monday morning, on an official visit, according to sources in the Gulf country. […]

Rulindo: Umusore Perezida Kagame aherutse kubabarira aravugwaho kwirukankana Gitifu, ashaka kumutema

Umusore w’imyaka 26 y’amavuko witwa Tuyizere, uzwi nka Genga, aravugwaho kwirukankana Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rubona, Umurenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo, Rimenyirufite Jean Paul, ashaka kumutemesha umuhoro mushya yari amaze kugura. Uru rugomo rwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2022, ubwo Genga yasangaga Gitifu Rimenyirufite ku biro by’aka kagari. Uyu […]

Gucana inyuma cyangwa kuryamana n’umugore wubatse ntibikiri icyaha muri Uganda

Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, CP Fred Enanga, yatangaje ko muri icyo gihugu, gucana inyuma hagati y’abashakanye cyangwa kuba umuntu runaka yaryamana n’umugore wubatse, ufite umugabo we bizwi, bitakiri ibyaha. Afande Enanga mu itangazo ryanyuze ku rubuga rwa polisi ya Uganda, yavuze ko ibi bitangajwe mu rwego rwo kumenyesha abantu icyakorwa ku biherutse kuba muri […]

Kuri St Valentin, Judith wabaye umugore wa Safi yahaye imbwa ururabo

Niyonizera Judith wabaye umugore w’umuhanzi Safi Madiba, yagaragaye aha imbwa ururabo ku munsi wa Saint Valentin, anayifuriza kuwishimira. Amusho agaragaza Judith yashyize indabo zitukura mu kwaha kw’ibumoso, afashe n’urundi rurabo mu kiganza cy’iburyo arukuba ku mbwa ye iryamye, ayibwira ati: “Happy Valentine’s day BĂ©bĂ©!” Mu kiganiro yagiriye kuri Yago TV Show kuri uyu munsi abakundana […]

RDC: Abarikare 3 bakuru barashinjwa guha inyeshyamba ibikoresho bya gisirikare

Urukiko rwa gisirikare rwa Ituri kuri uyu wa Mbere rwatangiye kuburanisha abasirikare bakuru ba FARDC; Lt Colonel, ba capitaine babiri na SGM, bakurikiranyweho n’ubushinjacyaha bwa gisirikare kugira uruhare mu mutwe w’inyeshyamba, kunyereza ibikoresho bya gisirikare no kutubahiriza amabwiriza. Nyuma yo kumenya imyirondoro y’abaregwa, perezida w’urwo rukiko rwa gisirikare yatangiye gusoma ibyemezo byo kwirukana aho buri […]

Rubavu: Niyonsaba wibwe inka yavuzwemo Col muri RDF ikanahanisha Gitifu yashumbushijwe

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwashumbushije umuturage wo mu murenge wa Rugerero witwa Niyonsaba Vestine, nyuma yo guhabwa inka muri gahunda ya Girinka bikarangira yibwe. Muri 2015 ni bwo Niyonsaba yibwe inka yari yarahawe muri gahunda ya Girinka muri 2012, nyuma iza gufatirwa mu gikuyu cy’umusirikare ufite ipeti rya Colonel wa RDF giherereye mu murenge wa […]

Umurundi yigisha ubwogoshi muri kaminuza zo muri USA

phoen.png

Umurundi witwa Nahimana John yigisha ubwogoshi muri kaminuza zitandukanye zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, USA, umwuga yatangiriye mu nkambi y’impunzi ya Kanemba muri Tanzania. Nk’uko yabitangarije BBC, Nahimana yatangiye akazi ko kogosha akoresha umukasi n’imashini ya rasoro yamenyekanye nka Nyonganyonga. Ati: “Icyo gihe nakoreshaga umukasi n’imashini ifite rasoro.” Nahimana wari warahunganye n’umuryango we […]

Kavumu: Indege yafashwe n’inkongi mbere yo guhaguruka ku kibuga cy’indege

Indege ya Kompanyi ya Agefreco yafashwe n’inkongi y’umuriro iminota mike mbere yo guhaguruka ku kibuga cy’indege cya Kavumu muri Kivu y’Amajyepfo, ho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Gashyantare 2022. Amakuru aturuka ku kibuga cy’indege avuga ko uyu muriro wibasiye iyi ndege ahagana mu ma saa kumi z’umugoroba. Bongeraho […]

Sudani: Hashyizweho minisitiri w’ingabo mushya, abigaragambya 2 baricwa

Kuri uyu wa Mbere, Perezida w’inama y’ubutegetsi bw’inzibacyuho ya Sudani iri ku butegetsi, Abdel Fattah Al-Burhan, yatangaje ko Gen. Yassin Ibrahim Yassin yagizwe minisitiri w’ingabo w’agateganyo muri iki gihugu, nk’uko iyi nama yabitangaje mu itangazo yasohoye. Yassin yari yarigeze kuba minisitiri w’ingabo muri guverinoma y’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Abdalla Hamdok, yasheshwe ku ya 25 Ukwakira […]

Polisi y’u Rwanda n’iya Centrafrica byagiranye amasezerano arimo ubufatanye mu guhugurana

fljeafnwqambmze.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 14 Gashyantare, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu cya Repubulika ya Centre Afrique, General Zokoue Dhesse Ndet Bienvenu n’intumwa eshatu ayoboye basuye Polisi y’u Rwanda. Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, uyu muyobozi yakiriwe na mugenzi we uyobora Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza. […]